Umunsi.com
"Buri wese yanze izina nahaye umwana wange bavuga ko ari irya"Sekibi" ! Agahinda k'umugore wamaganiwe kure nyuma yo kwita izina umwana we
INKURU NYAMUKURU

"Buri wese yanze izina nahaye umwana wange bavuga ko ari irya"Sekibi" ! Agahinda k'umugore wamaganiwe kure nyuma yo kwita izina umwana we

KWIZERA Jean de Dieu2026 Gicurasi 123 min gusoma
"Buri wese yanze izina nahaye umwana wange bavuga ko ari irya"Sekibi" ! Agahinda k'umugore wamaganiwe kure nyuma yo kwita izina umwana we

"Buri wese yanze izina nahaye umwana wanjye bavuga ko ari irya"Sekibi" ! Agahinda k'umugore wamaganiwe kure nyuma yo kwita izina umwana we

Nk'uko utwite wese abyara ni ko byagendekeye uwabyaye umwana izina amuhaye rikamaganwa cyane n'abarimo umugabo we avuga ko bamubwiraga ko ari irya Sekibi.

Avuga ko we n'umugabo we batekereje izina baha umwana wabo kuburyo bwiza kandi batekereza ko rizamukuza neza , dore ko ngo bizera ko kwita umwana izina ari ukumuha umurage ukomeye mu buzima bwe akiri umwana ndetse amaze no gukora.

Mwabyemera, mwabyanga burya izina rigira uruhare runini mu buzima bwa muntu kuko ari naryo riturukaho uko benshi bazagufata umwana gukura. Iyi niyo mpamvu benshi mu babyeyi bibatwara igihe kinini bahitiramo abana babo amazina meza ndetse bakabaha amazina afite ikindi yerekezaho mu kubaraga ibyiza.

Nk'uko tubikesha ikinyamakuru The Mirror , uwo mugore avuga ko yahisemo izina 'Damian' ariko akamaganwa cyane.

Yagize ati:"Ku nshuro ya mbere naratwise , nsanga ni umuhungu. Akivuka twahisemo ku mwita Damian , ariko uwo mwanya bose baratwamagana. Ntabwo ngiye kurihindura kuko njye n'umugabo wanjye twese turarikunda ariko sinzi impamvu abantu bose bataryemeye".

Bamwe mu bagize icyo bavuga kuri nkuru bagaragaje ko impamvu yabyo ari uko hari Filime ikinamo umugabo w'umugome witwa Damiah  witwa "The Omen Film Series" ndetse ngo uwo mugabo akaba ari umwana wa Sekibi  ari n'umuhakanyi (Anti-Christ). 

Undi yagize ati:"Iri zina kuri njye nzahora ndigereranya n'uwo mugabo wo muri iyo Filime niyo mpamvu ntarikunda".

Undi ati:"100/100 wagirango ni The Omen Movies. Numvise Damian uwo mwanya mpita ntekereza iyo Filime kandi sindanayireba. Ariko ni izina ryiza bitari ibyo umwana na we ubwe azatuma izina rye riba ryiza ku bwe".

Benshi bahamya ko amazina y’umuntu ntaho yagahuriye n’ayiswe undi muntu ngo na cyane ko buri wese agira umwihariko.

Inkuru zerekeye

Perezida Kagame yaburiye abantu bagicuruza ibyuma avuga ko bitazihanganirwa
INKURU NYAMUKURU

Perezida Kagame yaburiye abantu bagicuruza ibyuma avuga ko bitazihanganirwa

Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko Leta y’u Rwanda itazongera kurebera abenga cyangwa bakwirakwiza inzoga zitujuje ubuziranenge, zirimo izwi nka “ibyuma”, kuko zikomeje guteza urupfu n’ibibazo by’ubuzima ku Banyarwanda.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 10 yashize
Umuhanzi Nyarwanda Element na Ne-Yo bakoranye indirimbo
INKURU NYAMUKURU

Umuhanzi Nyarwanda Element na Ne-Yo bakoranye indirimbo

Element umaze igihe atari mu Rwanda ari mu myiteguro yo gushyira hanze album ye ya mbere, yamaze gukorana indirimbo n’umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya R&B wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Ne-Yo.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 15 yashize
‎Nyina wa Lamine Yamal yatunguranye mu mwambaro w'abato aseruka ku mucanga
INKURU NYAMUKURU

‎Nyina wa Lamine Yamal yatunguranye mu mwambaro w'abato aseruka ku mucanga

‎Umubyeyi wa Lamine Yamal wamamaye mu mupira w'amaguru by'umwihariko mu ikipe ya FC Barcelona n'Ikipe y'Igihugu Espanye , akomeje gutangaza benshi kubera uburyo yasohotse yambaye bya gikumi bamwe bati:"Naryoherwe n'ubwamamare bw'umwana we".

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 5 yashize
Football: Rwanda Premier League yasohoye ingengabihe yanBK Pro League 2026-2027
Imikino

Football: Rwanda Premier League yasohoye ingengabihe yanBK Pro League 2026-2027

Rwanda Premier League yasohoye ingengabihe ya BK Pro League 2026-2027 izatangira tariki 4 Nzeri 2026 ikarangira tariki 30 Gicurasi 2027

ADAM Yannickiminsi 6 yashize
‎Rihanna yasohokanye abana be ku ivuko batega imodoka zisanzwe ‎
INKURU NYAMUKURU

‎Rihanna yasohokanye abana be ku ivuko batega imodoka zisanzwe ‎

‎Umuhanzikazi Rihanna , yagaragaye mu mashusho ari kumwe n'abana be RZA , Riot na Rocki ku muhanda muri Barbados aho bateze imodoka isanzwe banarira kumuhanda.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 6 yashize
Indirimbo Dai Dai ya Shakira na Burna Boy yanditse amateka kuri YouTube
INKURU NYAMUKURU

Indirimbo Dai Dai ya Shakira na Burna Boy yanditse amateka kuri YouTube

Indirimbo Dai Dia ya Shakira na Burna Boy , yahimbiwe imikino y'igikombe cy’Isi ya 2026 mu mupira w’amaguru yaciye agahigo ko kuzuza Biliyoni imwe ya Views kuri ‘Website’ ya YouTube isanzwe icaho ibihangano by’abantu batandukanye.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 13

Inkuru zishyashya

‎Perezida wa Uganda yifatanyije n'umukobwa we wagizwe Bishop amusabira umugisha n'imbaraga
Iyobokamana

‎Perezida wa Uganda yifatanyije n'umukobwa we wagizwe Bishop amusabira umugisha n'imbaraga

‎Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yifatanyije n'umukobwa we Patience Rwabwogo wagizwe Bishop mu itorero yari amazemo imyaka igera kuri 20.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 18 yashize
‎Tom Close yateguje Album y'indirimbo 16 iriho izo yakuranye n'abaraperi gusa
Imyidagaduro

‎Tom Close yateguje Album y'indirimbo 16 iriho izo yakuranye n'abaraperi gusa

‎Umuhanzi Tom Close yateguje umuzingo (Album) yise 'Sunshine' irimo indirimbo zitandukanye zahotse ndetse n'indirimbo zitari zasohoka yaherukaga guteguza.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 2 yashize
Rayon Sports Women FC yatengushye abakunzi bayo mu mikino ya CAF Women's Champions League
Imikino

Rayon Sports Women FC yatengushye abakunzi bayo mu mikino ya CAF Women's Champions League

Rayon Sports Women FC yatangiye nabi irushanwa rya CAF Women's Champions League CECAFA QUALFIERS nyuma yo kunganya na Mafunzo Women FC yo muri Zanzibar

ADAM Yannickiminsi 2 yashize
Rayvanny yaririmbye uburanga bw'abakobwa n'abagore b'u Rwanda abavuga ubwiza
Imyidagaduro

Rayvanny yaririmbye uburanga bw'abakobwa n'abagore b'u Rwanda abavuga ubwiza

‎Chui [Rayvanny ] umuhanzi w’Umunyatanzaniya yatunguranye asohora indirimbo nshya yise “Rwanda”, agarukamo ubwiza bw’Abanyarwandakazi ndetse anavuga amazina y’abakobwa n’abagore bazwi mu Rwanda.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 3 yashize
‎Igitsina gore : Imyambaro wakwambara uramutse ufite amaguru meza ugakebura ibikanu by'abagabo
Izindi nkuru

‎Igitsina gore : Imyambaro wakwambara uramutse ufite amaguru meza ugakebura ibikanu by'abagabo

‎N'ubwo bitemewe mu muco Nyarwanda kwambara impenure, ntibikuyeho ko benshi mu bagore n'abakobwa basomye , bakagira imyimvire yabo, bazambara (Mini) kandi bakumva ko baberewe ari na yo mpamvu muri iyi nkuru twateguye, utwambaro twambarwa n'abo bibwira ko bafite amaguru meza bakaberwa kurushaho abikwije.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 3 yashize
Umutwe wa AFC/M23 washyize hanze amabwiriza mashya ku bwo kwirinda icyorezo cya Ebola cyugarije DR – Congo
Hanze

Umutwe wa AFC/M23 washyize hanze amabwiriza mashya ku bwo kwirinda icyorezo cya Ebola cyugarije DR – Congo

Umutwe wa AFC/M23 uyobora ibice binini muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashyizeho ingamba nshya zigamije kurinda icyorezo cya Ebola cyugarije icyo Gihugu.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 4 yashize