Indirimbo Dai Dai ya Shakira na Burna Boy yanditse amateka kuri YouTube
INKURU NYAMUKURU

Indirimbo Dai Dai ya Shakira na Burna Boy yanditse amateka kuri YouTube

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 133 min gusoma
Indirimbo Dai Dai ya Shakira na Burna Boy yanditse amateka kuri YouTube

Indirimbo Dai Dia ya Shakira na Burna Boy , yahimbiwe imikino y'igikombe cy’Isi ya 2026 mu mupira w’amaguru yaciye agahigo ko kuzuza Biliyoni imwe ya Views kuri ‘Website’ ya YouTube isanzwe icaho ibihangano by’abantu batandukanye.

Ukuzuza Biliyoni (1b of Views), kuri YouTube, byatumye Shakira na Burna bongera guca akandi gahigo ko kuba ari bo babigezeho bafatanyije inshuro zirenze imwe mu mikino y’ibikombe by’Isi bibiri bitandukanye.

Bishimangira kandi ubushobozi bwa Burna Boy wo muri Nigeria, mu bijyanye no gufatanya n’abahanzi bahanzi by’umwihariko abo hanze ya Nigeria, bikerekana ko kugeza ubu ari we muhanzi ufite izina riremereye cyane.

Uku kuzuza 1b bitratuma Burna Boy akomeza gushimangira ubukaka bwe muri muzika , dore ko indirimbo zose afatanyijemo n’abandi bahanzi zikunda kwamamara cyane by’umwihariko kuri YouTube n’ahandi. Si kuri we gusa ahubwo ibyo bikomeza gutuma umuziki wa Afurika ukurirwa ingofero.

Dai Dai , yaririmbwe mu mikino y’igikombe cy’Isi cya 2026 cyabereye mu Bihugu birimo ; Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mexico a Canada. Imikino yarangiye gitwawe na Espanye yatsinze Argentine ku mukino wa nyuma.



Inkuru zerekeye

Turbo King Super  Cup 2026: Ikipe imwe mu makipe ane yagombaga gukina Super Cup 2026 yikuyemo
INKURU NYAMUKURU

Turbo King Super Cup 2026: Ikipe imwe mu makipe ane yagombaga gukina Super Cup 2026 yikuyemo

Ese Ferwafa iremera icyifuzo cya APR FC maze ihindure gahunda yari yamenyesheje amakipe ko azakina Turbo King super Cup 2026 kuko ivuga ko itabimenyeshejwe mbere ndetse ngo inaganirizwe.

ADAM Yannickiminsi 2 yashize
Ibyo amaze kunguka ! Diamond Platnumz yishyuye agera kuri 8,821,692 RWF ngo ahure na Ne-Yo yishyura 147,028,200 Rwf ngo ahure na Davido
INKURU NYAMUKURU

Ibyo amaze kunguka ! Diamond Platnumz yishyuye agera kuri 8,821,692 RWF ngo ahure na Ne-Yo yishyura 147,028,200 Rwf ngo ahure na Davido

Umuhanzi Diamond Platnumz uri mu bakomeye muri Tanzania, ntabwo yazuyaje mu kwishyura agera kuri 8,821,692 Rwf kugira ngo ahure na kimwe mu byamamare muri muzika y’Isi Ne-Yo ndetse ngo yishyure n’andi menshi mu guhura na Davido wo muri Nigeria.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 7
Amatike y'umwanya wa gatatu hagati y'u Bufaransa n'u Bwongereza aracyabura abaguzi
INKURU NYAMUKURU

Amatike y'umwanya wa gatatu hagati y'u Bufaransa n'u Bwongereza aracyabura abaguzi

Amatike y'umwanya wa gatatu hagati y'u Bufaransa n'u Bwongereza aracyabura abaguzi

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 18
Trump yongeye gushinja u Bushinwa kwivanga mu matora ya Amerika
INKURU NYAMUKURU

Trump yongeye gushinja u Bushinwa kwivanga mu matora ya Amerika

Trump yongeye gushinja u Bushinwa kwivanga mu matora ya Amerika

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 17
Bamwe mu bakinnyi ba Argentine  basabiwe  kudakina umukino wanyuma w’Igikombe cy’Isi
INKURU NYAMUKURU

Bamwe mu bakinnyi ba Argentine basabiwe kudakina umukino wanyuma w’Igikombe cy’Isi

Bamwe mu bakinnyi ba Argentine basabiwe kudakina umukino wanyuma w’Igikombe cy’Isi

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 16
‎Yamufatanye n'umukozi wo mu rugo! Ibyatumye Zuchu atandukana na Diamond Platnumz byagiye hanze
INKURU NYAMUKURU

‎Yamufatanye n'umukozi wo mu rugo! Ibyatumye Zuchu atandukana na Diamond Platnumz byagiye hanze

‎Yamufatanye n'umukozi wo mu rugo! Ibyatumye Zuchu atandukana na Diamond Platnumz byagiye hanze

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 16

Inkuru zishyashya

Basketball: APR BBC yageze ku mukino wa nyuma aho izahura na PATRIOTS BBC
Imikino

Basketball: APR BBC yageze ku mukino wa nyuma aho izahura na PATRIOTS BBC

APR BBC igeze k'umukino wa nyuma ku nshuro ya gatatu yikurikiranya aho izahura na PATRIOTS BBC biheruka guhura ku mukino wa nyuma wa 2024 APR igatsinda Patriots imikino 4-2 bakaba bongeyeho guhura. Ninde utwara igikombe uyu mwaka?

ADAM Yannickamasaha 3 yashize
Basketball: PATRIOTS BBC yageze ku mukino wa nyuma wa Kamarampaka
Imikino

Basketball: PATRIOTS BBC yageze ku mukino wa nyuma wa Kamarampaka

Patriots BBC yongeye kugera ku mukino wa nyuma wa Kamarampaka ku ikipe igomba guhatanira u Rwanda mu mikino ya BAL 2027 ni nyuma yo gutsinda REG BBC umukino wa gatanu nyuma y'uko amakipe yanganyaga imikino 2-2.

ADAM Yannickamasaha 3 yashize
Rubavu: Kuki abahanzi batagifite ihangana ryiza kandi hari ibihembo bategurirwa ! Irengero ry’arenga 60,000,000 Rwf bagenerwa ajyanwa nande ?
Imyidagaduro

Rubavu: Kuki abahanzi batagifite ihangana ryiza kandi hari ibihembo bategurirwa ! Irengero ry’arenga 60,000,000 Rwf bagenerwa ajyanwa nande ?

Umuziki wo mu Karere ka Rubavu wahoze uri imbere ugereranyije n’utundi Turere ndetse ntawe ushidikanya ku mpano z’abahanzi bafite inkomoko muri ako Karere iyo bageze ku rwego rw’Igihugu no hanze yaryo.Ese ko ibihembo byaburaga byatangiye gutangwa rimwe mu mwaka kwinuba no kudakora cyane nk’abazashimirwa ku bahanzi biturukahe ?

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 20 yashize
NDASHAKA UMUKUNZI ! Ndi umugore mfite abana 3 n’imyaka 35 ndashaka umukunzi twazarushinga akaba akunda Imana
Inkuru z'urukundo

NDASHAKA UMUKUNZI ! Ndi umugore mfite abana 3 n’imyaka 35 ndashaka umukunzi twazarushinga akaba akunda Imana

Umugore w’imyaka 35 y’amavuko yaratwandikiye adusaba ko twagaragaza ko akeneye umukunzi , umugabo cyangwa umusore waba witeguye gukundana na we no kubana na we nk’umugore n’umugabo akaba yaboneraho.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
Kiyovu Sports Club: Mark Simon Harrison yatangiye gutoza
Imikino

Kiyovu Sports Club: Mark Simon Harrison yatangiye gutoza

Kiyovu Sports Club yasinyishe umutoza mushya Mark Simon Harrison ukomaka mu gihugu cy'ubwongereza uje asimbura Haringingo wagiye muri Rayon Sports Fc Shampiyona itararangiye.

ADAM Yannickiminsi 2 yashize
Basketball: Patriots BBC na RSSB Tigers BBC zaraye zitwaye neza mu mukino wa 4 wa play-off
Imikino

Basketball: Patriots BBC na RSSB Tigers BBC zaraye zitwaye neza mu mukino wa 4 wa play-off

Nyuma y'uko Patriots BBC na RSSB Tigers BBC zari zitwaye neza mu mukino ubanza, maze mu mikino ibiri yakurikiyeho ntizishobore kwitwara neza. Ku mukino wa kane zitwaye neza bituma hazitabazwa umukino wa gatanu kugira ngo hamenyekane ikipe ebyiri zizagera ku mukino wa nyuma.

ADAM Yannickiminsi 2 yashize