Umunsi.com
Menya impamvu abagabo bahita basinzira nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina
Health

Menya impamvu abagabo bahita basinzira nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina

Admin User2026 Gicurasi 236 min gusoma
Menya impamvu abagabo bahita basinzira nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina

Nubwo benshi bafata imibonano mpuzabitsina nk’uburyo bwo kwishimisha, hari inyungu zitabarika zituruka mu kuyikora buri gihe kandi neza, gusinzira neza akaba ari imwe muri zo.

Dore zimwe mu mpamvu zifatika zituma abagabo basinzira nyuma yo gukora imibonano:

  1. Umubiri w’umuntu

Gukora imibonano mpuzabitsina nijoro, cyane cyane iyo umubiri w’umuntu umaze kunanirwa, niyo mpamvu ya mbere ku miterere yo gusinzira ibaho nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina. Imibonano nk’iyo ntikenera no ‘gusaba’ cyane. Ugomba kuzirikana ko imibonano mpuzabitsina, muri kamere yayo, iruhura cyane.

  1. Kurangiza (Gusohora)

Abagabo barangiza mu gihe cyo gusohora, kandi muri icyo gihe imisemburo irekurwa itera ubunebwe, gusinzira bikagaragara cyane kuruta uko bisanzwe byigaragaza. Nubwo kwiregura no kuruha k’umubiri ari byiza, biba bibi cyane kandi bikarushya cyane.

  1. Ibintu bisubira uko byari bisanzwe

Abantu benshi bakunda gufunga umwuka rimwe na rimwe mu gihe barimo gukora imibonano mpuzabitsina. Injyana yo guhumeka igahinduka. Ku bw’ibyo, bitera kubura ogisijeni, bigira uruhare mu gukenera kuruhuka – nta kintu gikomeye, ibintu byose bigaruka mu bisanzwe mu gihe gito.

  1. Ni umuti

Imiterere yo gushaka guhita usinzira igomba gusobanurwa mu buryo bwiza kuko byerekana ko wageze ku byishimo bya nyuma (kurangiza) kandi ko byose byagenze neza. Mu bihe bidasanzwe, abagabo bananirwa mu gihe na nyuma y’imibonano bikaba igihe kirekire, birashoboka ko baba bafite ibibazo by’ubuzima bakeneye ubuvuzi. Kuri iki kibazo, ugomba gusiga ukutiyizera no kwiyemera ku ruhande ukagana abaganga kugira ngo ugenzurwe byuzuye.

images-12-3-679x410-9598691641289982.jpeg

Src: www.Elcrema.com

Inkuru zerekeye

Inkuru zishyashya

Turbo King Super Cup 2026: FERWAFA yatangaje ikipe isimbura APR FC n'amatariki mashya izaberaho
Imyidagaduro

Turbo King Super Cup 2026: FERWAFA yatangaje ikipe isimbura APR FC n'amatariki mashya izaberaho

Nyuma y'uko APR FC ivuze ko itazitabira irushanwa rya Turbo King Super Cup 2026 Ivuga ko itaganirijwe mbere y'uko bahindura uko amakipe agomba kuryitabira ndetse ivuga ko k hari guhamagarwa abanyamuryango bose ba FERWAFA, kuko amakipe ane gusa atari yo agenewe irushanwa rya Super Cup, kuko ubundi rikinwa n’amakipe yitwaye neza mu mwaka wabanje abiri,iyatwaye shampiyona niyatwaye igikombe cy'amahoro. Aho bamenyesherejwe umwanzuro ku irushanwa, ngo wasanze Ikipe y’Ingabo z’Igihugu yarateguyemo imikino ya gicuti yo kwitegura irushanwa rya CAF Champions League 2026/27.

ADAM Yannickamasaha 4 yashize
Umutoza w'ikipe y'igihugu Amavubi niwe washoje Irushanwa Urubuto Youth Champignonships ritegurwa na IMIZI Football Alliance
Akazi

Umutoza w'ikipe y'igihugu Amavubi niwe washoje Irushanwa Urubuto Youth Champignonships ritegurwa na IMIZI Football Alliance

Hirwa,Imena,na Future nizo zegukanye irushanwa Urubuto Youth Champignonships mu byiciro byose

ADAM Yannickamasaha 4 yashize
‎Nyina wa Lamine Yamal yatunguranye mu mwambaro w'abato aseruka ku mucanga
INKURU NYAMUKURU

‎Nyina wa Lamine Yamal yatunguranye mu mwambaro w'abato aseruka ku mucanga

‎Umubyeyi wa Lamine Yamal wamamaye mu mupira w'amaguru by'umwihariko mu ikipe ya FC Barcelona n'Ikipe y'Igihugu Espanye , akomeje gutangaza benshi kubera uburyo yasohotse yambaye bya gikumi bamwe bati:"Naryoherwe n'ubwamamare bw'umwana we".

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 7 yashize
‎Rihanna yasohokanye abana be ku ivuko batega imodoka zisanzwe ‎
INKURU NYAMUKURU

‎Rihanna yasohokanye abana be ku ivuko batega imodoka zisanzwe ‎

‎Umuhanzikazi Rihanna , yagaragaye mu mashusho ari kumwe n'abana be RZA , Riot na Rocki ku muhanda muri Barbados aho bateze imodoka isanzwe banarira kumuhanda.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
Football: Rwanda Premier League yasohoye ingengabihe yanBK Pro League 2026-2027
Imikino

Football: Rwanda Premier League yasohoye ingengabihe yanBK Pro League 2026-2027

Rwanda Premier League yasohoye ingengabihe ya BK Pro League 2026-2027 izatangira tariki 4 Nzeri 2026 ikarangira tariki 30 Gicurasi 2027

ADAM Yannickiminsi 1 yashize
Umwongereza Nicholas de-Long yahawe akazi muri FERWAFA
Imikino

Umwongereza Nicholas de-Long yahawe akazi muri FERWAFA

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyizeho Umwongereza Nicholas de-Long nk’ushinzwe iterambere ry’abakiri bato muri ruhago.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize