Imported from WordPress: Inkuru ku Rwanda
14 inkuru ziri muri iki cyiciro

Kuri Sitasiyo ya RIB ya Gihombo mu Karere ka Nyamasheke hafungiye abasore batanu bakurikiranyweho urupfu rwa mugenzi wabo bakoranaga muri resitora witwaga Niyonzima Egide w’imyaka 40, ukomoka mu Bugarama mu Karere ka Rusizi, nyuma yo gushyamirana bapfa umukino w’Igikombe cy’Isi wabaye ku wa Kane wari urangiye, u Bufaransa bwari butsinzemo Maroc ibitego 2-0, batawuvugaho rumwe.

Minisitiri Habimana yagize icyo abwira Abanyarwanda ku cyorezo cya Ebola abamara impungenge

Umupaka wa Rusizi uhuza u Rwanda na Congo wafunzwe

U Rwanda rwatangiye gukaza ingamba zo kwirinda Ebola

Umugabo yishe umugore we amuziza ko yanze kumutekera

Rubavu: Amatorero yasabwe kwirinda urwango ruganisha ku macakubiri

Perezida Kagame yagiriye uruzinduko i Chantilly mu Bufaransa

U Rwanda na RDC byasuzumye aho ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’i Washington rigeze

Tedros yashimiye Ngabo Karegeya

Perezida Kagame ni we uzayobora Kaminuza ya Gisirikare y’u Rwanda

Perezida Kagame yahaye imbabazi Brig Gen (Rtd) Muziraguharara n’abandi bane

Police y'u Rwanda yashyize umucyo ku bujura bwagaragaye i Rubavu

Nyabihu: Umusore arwariye kwa muganga nyuma yo kugerageza kwiyahura bikekwa ko byatewe n'uko banze kumutekera umureti

Huye: Umusozi wiciweho abasaga ibihumbi 75 ugiye kubakwaho inzu y’amateka