Umunsi.com
‎Rihanna yasohokanye abana be ku ivuko batega imodoka zisanzwe ‎
INKURU NYAMUKURU

‎Rihanna yasohokanye abana be ku ivuko batega imodoka zisanzwe ‎

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 183 min gusoma
‎Rihanna yasohokanye abana be ku ivuko batega imodoka zisanzwe ‎

‎Umuhanzikazi Rihanna , yagaragaye mu mashusho ari kumwe n'abana be RZA , Riot na Rocki ku muhanda muri Barbados aho bateze imodoka isanzwe banarira kumuhanda.

Ni ikiruhuko yafatiye ku ivuko ku kirwa cya Barbados aho bamaze iminsi bimenyereza ubuzima butandukanye burimo no kugenda mu modoka nto  zisanzwe zitwara abagenzi. ‎
‎Rihanna wari kumwe n'abana be , yakundaga guhagarara akava mu modoka akagura utwo kurya kumuhanda agaha abana be. ‎


‎Rihanna yasaga n'uwishimiye ibyo bihe ndetse n'abana be batembera hafi y'aho nyina yahahiraga ibyo kurya ku muhanda.


‎Abafana bashimiye Rihanna kubwo kwigisha bugufi nk'abandi babyeyi bose akigisha abana be. ‎Bimaze iminsi bivugwa ko Rihanna yaba agiye kongera gushyira hanze indirimbo zikubiye mu muzingo 'Album' nshya agiye gushyira hanze. ‎


‎Rihanna wagaragaje ko adafite gahunda yo gusenya urugo rwe nk'uko ibindi byamamare bibigenza, akunze kuba ari hamwe n'umuryango we kenshi.

Inkuru zerekeye

Football: Rwanda Premier League yasohoye ingengabihe yanBK Pro League 2026-2027
Imikino

Football: Rwanda Premier League yasohoye ingengabihe yanBK Pro League 2026-2027

Rwanda Premier League yasohoye ingengabihe ya BK Pro League 2026-2027 izatangira tariki 4 Nzeri 2026 ikarangira tariki 30 Gicurasi 2027

ADAM Yannickamasaha 6 yashize
Indirimbo Dai Dai ya Shakira na Burna Boy yanditse amateka kuri YouTube
INKURU NYAMUKURU

Indirimbo Dai Dai ya Shakira na Burna Boy yanditse amateka kuri YouTube

Indirimbo Dai Dia ya Shakira na Burna Boy , yahimbiwe imikino y'igikombe cy’Isi ya 2026 mu mupira w’amaguru yaciye agahigo ko kuzuza Biliyoni imwe ya Views kuri ‘Website’ ya YouTube isanzwe icaho ibihangano by’abantu batandukanye.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 4 yashize
Turbo King Super  Cup 2026: Ikipe imwe mu makipe ane yagombaga gukina Super Cup 2026 yikuyemo
INKURU NYAMUKURU

Turbo King Super Cup 2026: Ikipe imwe mu makipe ane yagombaga gukina Super Cup 2026 yikuyemo

Ese Ferwafa iremera icyifuzo cya APR FC maze ihindure gahunda yari yamenyesheje amakipe ko azakina Turbo King super Cup 2026 kuko ivuga ko itabimenyeshejwe mbere ndetse ngo inaganirizwe.

ADAM Yannickiminsi 6 yashize
Ibyo amaze kunguka ! Diamond Platnumz yishyuye agera kuri 8,821,692 RWF ngo ahure na Ne-Yo yishyura 147,028,200 Rwf ngo ahure na Davido
INKURU NYAMUKURU

Ibyo amaze kunguka ! Diamond Platnumz yishyuye agera kuri 8,821,692 RWF ngo ahure na Ne-Yo yishyura 147,028,200 Rwf ngo ahure na Davido

Umuhanzi Diamond Platnumz uri mu bakomeye muri Tanzania, ntabwo yazuyaje mu kwishyura agera kuri 8,821,692 Rwf kugira ngo ahure na kimwe mu byamamare muri muzika y’Isi Ne-Yo ndetse ngo yishyure n’andi menshi mu guhura na Davido wo muri Nigeria.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 7
Amatike y'umwanya wa gatatu hagati y'u Bufaransa n'u Bwongereza aracyabura abaguzi
INKURU NYAMUKURU

Amatike y'umwanya wa gatatu hagati y'u Bufaransa n'u Bwongereza aracyabura abaguzi

Amatike y'umwanya wa gatatu hagati y'u Bufaransa n'u Bwongereza aracyabura abaguzi

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 18
Trump yongeye gushinja u Bushinwa kwivanga mu matora ya Amerika
INKURU NYAMUKURU

Trump yongeye gushinja u Bushinwa kwivanga mu matora ya Amerika

Trump yongeye gushinja u Bushinwa kwivanga mu matora ya Amerika

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 17

Inkuru zishyashya

Umwongereza Nicholas de-Long yahawe akazi muri FERWAFA
Imikino

Umwongereza Nicholas de-Long yahawe akazi muri FERWAFA

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyizeho Umwongereza Nicholas de-Long nk’ushinzwe iterambere ry’abakiri bato muri ruhago.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 16 yashize
‎Amakuru mashya ku rupfu rwa Hayden Panettiere wasanganwe ibinini bisubiza ubuzima
Cinema

‎Amakuru mashya ku rupfu rwa Hayden Panettiere wasanganwe ibinini bisubiza ubuzima

‎Nyuma y'urupfu rwa Hayden Panettiere mu nzu yabagamo hasanzwemo ibinini bisubiza ubuzima uwabaswe n'ibiyobyabwenge watakaje ubwenge ndetse n'ibimenyetso bya muganga bigaragaza ko ntahungabana yari afite.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 17 yashize
‎Perezida wa Amerika Donald Trump yakangishije Oman kuyirasa akayigira umuyonga
Hanze

‎Perezida wa Amerika Donald Trump yakangishije Oman kuyirasa akayigira umuyonga

Umukuru wa Amerika Perezida Donald Trump, yongeye gutangaza ko ashobora kugaba ibitero kuri Oman mu gihe yaba “ibangamiye” gahunda ze zo guhagarika intambara Amerika na Israel barwana na Iran.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 18 yashize
‎Yaherukaga gutsindwa ! Samu Zuby yongeye kugerageza amahirwe yo kuba Umudepite
Imyidagaduro

‎Yaherukaga gutsindwa ! Samu Zuby yongeye kugerageza amahirwe yo kuba Umudepite

Nyuma yo kudahirwa mu matora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko aheruka, Muco Samson, wamenyekanye nka Samu Zuby, yongeye guhatanira kuba Umudepite

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 18 yashize
Basketball: APR BBC yageze ku mukino wa nyuma aho izahura na PATRIOTS BBC
Imikino

Basketball: APR BBC yageze ku mukino wa nyuma aho izahura na PATRIOTS BBC

APR BBC igeze k'umukino wa nyuma ku nshuro ya gatatu yikurikiranya aho izahura na PATRIOTS BBC biheruka guhura ku mukino wa nyuma wa 2024 APR igatsinda Patriots imikino 4-2 bakaba bongeyeho guhura. Ninde utwara igikombe uyu mwaka?

ADAM Yannickiminsi 3 yashize
Basketball: PATRIOTS BBC yageze ku mukino wa nyuma wa Kamarampaka
Imikino

Basketball: PATRIOTS BBC yageze ku mukino wa nyuma wa Kamarampaka

Patriots BBC yongeye kugera ku mukino wa nyuma wa Kamarampaka ku ikipe igomba guhatanira u Rwanda mu mikino ya BAL 2027 ni nyuma yo gutsinda REG BBC umukino wa gatanu nyuma y'uko amakipe yanganyaga imikino 2-2.

ADAM Yannickiminsi 3 yashize