‎Byagenze ute ngo Lionel Messi yuhagire Lamine Yamal akiri uruhinja ? Soma inkuru irambuye
Imikino

‎Byagenze ute ngo Lionel Messi yuhagire Lamine Yamal akiri uruhinja ? Soma inkuru irambuye

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 163 min gusoma
‎Byagenze ute ngo Lionel Messi yuhagire Lamine Yamal akiri uruhinja ? Soma inkuru irambuye

Mu mwaka wa 2007 , ababyeyi ba Lamine Yamal batsinze amarushanwa yo guhura na Lionel Messi wari  umukinnyi wa FC Barcelona, icyo gihe Yamal yari akiri uruhinja.

‎Muri 2007 nibwo ababyeyi ba Lamine Yamal batsinze ayo marushanwa yagombaga gutuma bahura na Lionel Messi Lamine Yamal afite amezi  5 gusa mu gihe Lionel Messi muri icyo gihe yari afite imyaka 20 y'amavuko.

‎Lamine Yamal ahuruka guhura na Argentine mu myaka ibiri ishize ubwo Espanye yatwaraga igikombe cya EURO 2024 maze Se ashyira amagambo ku mbuga nkoranyambaga agira ati:"Itangiriro ry'ibyamamare bibiri".

‎Muri uko guhura Lionel Messi na Lamine Yamal wari ufite amezi atanu , bafotowe ifoto Messi ateruwe ndetse hafatwa n'indi foto arimo kumwuhagira.

‎Ni amafoto yafatiwe mu rwambariro rwa FC Barcelona ruherereye muri Stade ya Camp Nou aho abo babyeyi bari batsindiye kugera.

‎Ababyeyi be Moroccan [ Mounir Nasraoui ] na Sheila Ebana wo muri Equatorial Guinea bahuriye mu Mujyi wa Barcelona ari abana ubwo ababyeyi babo bari bimutse.Lamine Yamal ni we mwana mukuru.

‎Ayo marushanwa yari yateguwe n'ikinyamakuru cya Catalan gifatanyije n'umuryango wa UNICEF mu mushinga wabo wo gufasha abana , bari bateguye iryo rushanwa kugira ngo umuryango uba uwa mbere umwana wabo azifotozanye n'uwari umukinnyi wa Mbere wa FC Barcelona.

‎Muri 2024 , Lionel Messi yatangaje ko atigeze amenya ko umwana yuhagiye akanamuterura ari we Lamine Yamal kugeza ubwo Se yashyiraha hanze iyo foto agaragaza ko Messi ari umuntu mwiza ugira isoni nyinshi ndetse akanamushimira kukuba yaruhagiye umwana we.

‎Umwe mu bari bahari ubwo Messi yozaga Lamine Yamal yavuze ko uwo muryango wabo wari ubayeho mu buzima bubi. Ati:"Umubyeyi wa Lamine Yamal yaradufashije , bari abakene cyane ariko bari abantu beza bo gukorana n'abo. Lionel Messi yari umuntu mwiza kandi wicisha bugufi".

‎Ku myaka 19 y'amavuko , Lionel Messi yari amaze gutsinda ibitego 11 yaratwaye Shampiyona ya LaLiga , EUFA Champions League,... Ku myaka 19 Lamine Yamal na we yari amaze gutsinda ibitego 56 yaratwaye Shampiyona za LaLiga 3 na Copa del Rey ndetse n'igikombe cya Euro 2024.

‎Amazina yose ya Lamine Yamal ni Lamine Yamal Naraoui Ebana gusa yakunze gukoresha cyane Lamine Yamal ku mwambaro we mu ikipe.












Inkuru zerekeye

CECAFA Kagame Cup 2026: JAMUS FC yageze muri 1/2 Amakipe yo muri Tanzaniya arataha
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026: JAMUS FC yageze muri 1/2 Amakipe yo muri Tanzaniya arataha

JAMUS FC yo muri Sudan y'epfo itarahabwaga amahirwe yageze muri 1/2 mu gihe SINGIDA FC yarifite igikombe yasezerewe na SIMBA FC.

ADAM Yannick2026 Kanama 1
Umunyabigwi wa AC Milan n'u Butaliyani, Franco Baresi, yitabye Imana ku myaka 66
Imikino

Umunyabigwi wa AC Milan n'u Butaliyani, Franco Baresi, yitabye Imana ku myaka 66

Umunyabigwi mu mupira w'amaguru w'u Butaliyani, Franco Baresi, wubatse amateka akomeye muri AC Milan no mu Ikipe y'Igihugu y'u Butaliyani, yitabye Imana ku myaka 66 nyuma y'igihe kirekire arwaye indwara y'ibihaha.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 31
CECAFA Kagame Cup 2026Ikipe ya Mbere yageze muri 1/2 yamenyekanye ndetse n'ikipe ya mbere yo mu Rwanda irasezererwa
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026Ikipe ya Mbere yageze muri 1/2 yamenyekanye ndetse n'ikipe ya mbere yo mu Rwanda irasezererwa

APR FC yarihagarariye u Rwanda yasezerewe n'ubwo yatsinze umukino wayo wa nyuma usoza itsinda.

ADAM Yannick2026 Nyakanga 31
CECAFA Kagame Cup 2026: Imikino y'umunsi wa kabiri yarangiye mu matsinda
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026: Imikino y'umunsi wa kabiri yarangiye mu matsinda

Irushanwa CECAFA Kagame Cup 2026 riri hafi kurangira. Hakaba hasigaye umukino umwe wo mu matsinda kugira ngo tumenye amakipe yageze muri 1/2.

ADAM Yannick2026 Nyakanga 30
Pre Season Agaciro: Amakipe ane yamenyekanye yageze muri 1/2
Imikino

Pre Season Agaciro: Amakipe ane yamenyekanye yageze muri 1/2

Irushanwa Pre Season Agaciro rigeze mu mikino ya 1/2 aho umukino wa nyuma uzaba tariki 2 Kanama 2026

ADAM Yannick2026 Nyakanga 30
CECAFA Kagame Cup 2026: APR FC yahawe isomo rya Ruhago imbere ya Perezida Paul Kagame
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026: APR FC yahawe isomo rya Ruhago imbere ya Perezida Paul Kagame

APR FC yatsinzwe na Gormahia FC ibitego 5-0 ku mukino wa mbere ufungura CECAFA Kagame Cup 2026. Bikaba bibaye ubwa mbere itsindwa ibitego 5-0 muri CECAFA Kagame Cup ubwo yari yatsinzwe byinshi yari yatsinzwe 4.

ADAM Yannick2026 Nyakanga 27

Inkuru zishyashya

‎"Guca inyuma uwo mwashakanye biremewe mu gihe umugabo ataguha ibyo wifuza byose" ! Zari Hassan  ‎
Imyidagaduro

‎"Guca inyuma uwo mwashakanye biremewe mu gihe umugabo ataguha ibyo wifuza byose" ! Zari Hassan ‎

‎Zari Hassan yatangije ikiganiro mpaka ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye nyuma yo kwemeza ko umugore aba agomba guca inyuma uwo bashakanye igihe cyose uwo mugabo adatanga ibikenewe byose mu rugo.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 2 yashize
Bamaranye imyaka 10 ! Amagambo y’urukundo Butera Knowless yabwiye umugabo we
Imyidagaduro

Bamaranye imyaka 10 ! Amagambo y’urukundo Butera Knowless yabwiye umugabo we

Butera Knowless umaranye imyaka 10 n’umugabo we mu buryo bwemewe n’amagategeko nk’umugore n’umugabo, yamushimiye byimazeyo ku rukundo yamuhaye agaragaza ko yabonye Imana mu byo banyuranyemo byose.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 14 yashize
Bamaranye imyaka 10 ! Amagambo y’urukundo Butera Knowless yabwiye umugabo we
Imyidagaduro

Bamaranye imyaka 10 ! Amagambo y’urukundo Butera Knowless yabwiye umugabo we

Butera Knowless umaranye imyaka 10 n’umugabo we mu buryo bwemewe n’amagategeko nk’umugore n’umugabo, yamushimiye byimazeyo ku rukundo yamuhaye agaragaza ko yabonye Imana mu byo banyuranyemo byose.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 14 yashize
Ibyo amaze kunguka ! Diamond Platnumz yishyuye agera kuri 8,821,692 RWF ngo ahure na Ne-Yo yishyura 147,028,200 Rwf ngo ahure na Davido
INKURU NYAMUKURU

Ibyo amaze kunguka ! Diamond Platnumz yishyuye agera kuri 8,821,692 RWF ngo ahure na Ne-Yo yishyura 147,028,200 Rwf ngo ahure na Davido

Umuhanzi Diamond Platnumz uri mu bakomeye muri Tanzania, ntabwo yazuyaje mu kwishyura agera kuri 8,821,692 Rwf kugira ngo ahure na kimwe mu byamamare muri muzika y’Isi Ne-Yo ndetse ngo yishyure n’andi menshi mu guhura na Davido wo muri Nigeria.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 15 yashize
‎Kendall Jenner wakundanye na A$AP Rocky yagarutse ku mubo wabo avuga ko yabuze umugabo mwiza  ‎
Imyidagaduro

‎Kendall Jenner wakundanye na A$AP Rocky yagarutse ku mubo wabo avuga ko yabuze umugabo mwiza ‎

Kendall Jenner wamamaye mu myidagaduro yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , akaba yarakanyujijeho na A$AP Rocky umaze kubyarana Gatatu na Rihanna , yatangaje ko kuba batarabanye byaturutse ku kuba Rocky atarifuzaga ko baganira ku byerekeye ahazaza hano.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
‎Tanasha Donna yagize icyo atangaza nyuma y'aho Zuchu na Diamond Platnumz bibarutse umukobwa
Imyidagaduro

‎Tanasha Donna yagize icyo atangaza nyuma y'aho Zuchu na Diamond Platnumz bibarutse umukobwa

Umuziki wa Afurika y'Iburasirazuba wari umaze igihe uvugwa kubera umwana w'umukobwa Zuchu na Diamond Platnumz baherutse kwibaruka dore ko ari na bamwe basanzwe bazi kurema inkuru zitwikira ibikorwa byabo muri muzika. Inkuru y'umwana banjirijwe n'amagambo yo kwihakana umugabo byanyirarureshwa kuri Zuchu warimo kuribwa n'inda.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize