Yago yahawe igisubizo na Marchal Real Estate yamwemereye ikibanza
Uncategorized

Yago yahawe igisubizo na Marchal Real Estate yamwemereye ikibanza

KWIZERA Jean de Dieu2025 Ukwakira 34 min gusoma
Yago yahawe igisubizo na Marchal Real Estate yamwemereye ikibanza
Umuhanzi Nyarwaya Innocent, yabajije abamwemereye ikibanza ubwo yakoraga igitaramo cya Suwejo Album Launch, cyabaye mu mwaka wa 2023, ababaza niba barakimwemereye bagamije ku mwambura cyangwa ku mushimisha gusa.Nyuma yo gutangaza ubu butumwa anyuze kumbuga Nkoranyambaga ze yasubijwe na Marchal Real Estate Developers banyuze kuri X [Reply]. YAGO anyuze kumbuga Nkoranyambaga ze yagize:”Company yitwa Marchal real estate yatwemereyee ikibanza mu Mujyi wa Kigali ubwo twari mu gitaramo cyo kumurika Album (Suwejo)Amaso ko yaheze mu kirere ni amahoro cyangwa niko mukora ?...Bimaze iki kwemera ikintu imbere y'imbaga ntugisohoze?”.Nyuma yo gushyira hanze ubu butumwa Yago yikirijwe n’abantu batandukanye barimo na Marchal Real Estate. Julius Chita, asubiza Yago yagize ati:”Bwana YAGO, mu gitaramo cyawe hagaragaye amakosa aho MC yavuzeko company itanze IKIBANZA ari Ktn Rwanda . Umuyobozi wa Marchal Real Estate yaje kuri stage ahamagawe mu gikari na Team yawe ariko atamenyeko iryo kosa ryabayeho”. Muri uwo mwanya YAGO yagarutse asubiza Julius Chita ati:”Ndabona ari wowe muvugizi wa company..Ntunguwe cyane no kuba ibyo uvuze byose nta nakimwe narinzi airko kuko wiyemeje kubeshya..Ngaho hangana n'abo ba Diaspora murimo gutuburira no kubiba utwabo njyewe ntegereje igihe muzatangira icyo kibanza!!! Murakoze!!”.   Marchal Real Estate basubiza ubutumwa bwa Yago bagize bati:” Iwawe twakorewe amakosa.Umuyobozi wa MARCHAL REALESTATE yakubwiyeko IKIBANZA uzakimurikirwa ku munsi tuzamurikaho inyubako twubakiye umuturage utishoboye BUGESERA. Ukwiye gutegura Team yawe ikaganira natwe. Twaguteye inkunga mu buryo bwa cash.UMUCO wo GUSHIMA no KWIHANGANA bikurange”. Inkuru yanditswe na Igihe.com , ku wa 10 Mutarama 2024 , ikandikwa na Nsengiyumva Emmy. Yari ifite umutwe ugira uti:”Ikibanza Yago Pon Dat yemerewe ntikizaba nka ya mabati?”. Muri iyi nkuru , umunyamakuru yavugishije impande zombie, zigaragaza uko iri sezerano rihagaze naho rigeze.Yago yavuze ko yategereje ko ahamagarwa na M.R.E, ngo ahabwe ikibanza cye ariko bikarangira adahamagawe.Ku rundi ruhande Marchal Ujeku aganira n’umunyamakuru twagarutseho haraguru,we yavuze ko “biteguye gutanga iki kibanza ngo nubwo habayeho impamvu zatumye bitinda”. Yago ni umuhanzi wabikunze kuva kera ndetse akaba n’umunyamakuru kuri YouTube ye.Yakoze ku bitangazamakuru bitandukanye birimo ; Goodrich TV na Radiotv10.   https://twitter.com/YNyamirambo/status/1780970321450869050 https://twitter.com/MarchalEstateRw/status/1780934639093248374
Ikibanza Yago Pon Dat yemerewe mu gitaramo cye ntikizaba nka ya mabati?

Inkuru zerekeye

Inkuru zishyashya

‎"Guca inyuma uwo mwashakanye biremewe mu gihe umugabo ataguha ibyo wifuza byose" ! Zari Hassan  ‎
Imyidagaduro

‎"Guca inyuma uwo mwashakanye biremewe mu gihe umugabo ataguha ibyo wifuza byose" ! Zari Hassan ‎

‎Zari Hassan yatangije ikiganiro mpaka ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye nyuma yo kwemeza ko umugore aba agomba guca inyuma uwo bashakanye igihe cyose uwo mugabo adatanga ibikenewe byose mu rugo.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 2 yashize
Bamaranye imyaka 10 ! Amagambo y’urukundo Butera Knowless yabwiye umugabo we
Imyidagaduro

Bamaranye imyaka 10 ! Amagambo y’urukundo Butera Knowless yabwiye umugabo we

Butera Knowless umaranye imyaka 10 n’umugabo we mu buryo bwemewe n’amagategeko nk’umugore n’umugabo, yamushimiye byimazeyo ku rukundo yamuhaye agaragaza ko yabonye Imana mu byo banyuranyemo byose.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 15 yashize
Ibyo amaze kunguka ! Diamond Platnumz yishyuye agera kuri 8,821,692 RWF ngo ahure na Ne-Yo yishyura 147,028,200 Rwf ngo ahure na Davido
INKURU NYAMUKURU

Ibyo amaze kunguka ! Diamond Platnumz yishyuye agera kuri 8,821,692 RWF ngo ahure na Ne-Yo yishyura 147,028,200 Rwf ngo ahure na Davido

Umuhanzi Diamond Platnumz uri mu bakomeye muri Tanzania, ntabwo yazuyaje mu kwishyura agera kuri 8,821,692 Rwf kugira ngo ahure na kimwe mu byamamare muri muzika y’Isi Ne-Yo ndetse ngo yishyure n’andi menshi mu guhura na Davido wo muri Nigeria.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 16 yashize
‎Kendall Jenner wakundanye na A$AP Rocky yagarutse ku mubo wabo avuga ko yabuze umugabo mwiza  ‎
Imyidagaduro

‎Kendall Jenner wakundanye na A$AP Rocky yagarutse ku mubo wabo avuga ko yabuze umugabo mwiza ‎

Kendall Jenner wamamaye mu myidagaduro yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , akaba yarakanyujijeho na A$AP Rocky umaze kubyarana Gatatu na Rihanna , yatangaje ko kuba batarabanye byaturutse ku kuba Rocky atarifuzaga ko baganira ku byerekeye ahazaza hano.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
‎Tanasha Donna yagize icyo atangaza nyuma y'aho Zuchu na Diamond Platnumz bibarutse umukobwa
Imyidagaduro

‎Tanasha Donna yagize icyo atangaza nyuma y'aho Zuchu na Diamond Platnumz bibarutse umukobwa

Umuziki wa Afurika y'Iburasirazuba wari umaze igihe uvugwa kubera umwana w'umukobwa Zuchu na Diamond Platnumz baherutse kwibaruka dore ko ari na bamwe basanzwe bazi kurema inkuru zitwikira ibikorwa byabo muri muzika. Inkuru y'umwana banjirijwe n'amagambo yo kwihakana umugabo byanyirarureshwa kuri Zuchu warimo kuribwa n'inda.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 2 yashize
‎Basabye abantu kugabanya amatiku ! Itsinda The Same ryahuje imbaraga na Keyg Lemonde bakorana indirimbo bise 'Weekend'
Imyidagaduro

‎Basabye abantu kugabanya amatiku ! Itsinda The Same ryahuje imbaraga na Keyg Lemonde bakorana indirimbo bise 'Weekend'

Itsinda rya The Same na  Keyg Lemonade uri mu bari kuzamuka neza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo  bashyize hanze amashusho y'indirimbo nshya bise 'Weekend'. Ni indirimbo irimo ubutumwa busaba abantu kugabanya amatiku bakihugiraho ariko banaruhuka.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 3 yashize