Menya ubusobanuro bw’izina Gianni Giovanni na Giovanna, imico yabaryitwa n’impamvu ukwiriye kuryita umwana wawe

2 weeks ago
by

Buri muntu agira izina ahabwa cyangwa yahawe mu gihe yarimo avuka / ari kuvuka.Iri zina niryo rigutandukanya n’abandi ndetse byanarimba rikakubera ikiraro cy’ibyo uzageraho mu buzima, dore ko Abanyarwanda bemera ko izina rigira akamaro kanini mu mibereho ya muntu.

 

 

Izina Gianni risobanuye ngo Imana ni inyembabazi.Iri zina kandi ni izina rihabwa cyane cyane abana b’abahungu.Izina Gianni ni izina rifite inkomoko mu gihugu cy’Ubutaliyani ndetse rikagira n’indi nkomoko mu Giheburayo aho n’ubundi risobanurwa ngo ‘Imana igira Ubuntu”.

 

 

Guhitama izina Gianni ku mwana wawe , ni byiza kuko ari izina ryiza kandi rijyanye n’ikinyejana ndetse bikanaba byiza bigendanye n’ubusobanuro bwaryo by’umwihariko kubaryitwa nk’uko twabigarutseho haraguru.

 

 

Izina Gianni, mu cyongereza barisobanura bavuga ngo ‘God is Gracious’.Ni izina ryokoreshejwe kuva mu myaka yo hambere dore ko ikinyamakuru cyitwa Thebump.com,cyo cyemeza ko izina Gianni aho rigeze ubu , bigaragara ko rikujya rikundwa n’ababyeyi cyane bakariha abana babo.

 

 

Iri zina mbere y’uko rifatwa nk’intizanyo ryari ‘Yochannan’ (Greek), nyuma riza guhindurwamo Gianni.Iri zina ryahinduwe bigendanye n’umuco n’hao isi igeze.Gianni kandi waryita umwana wawe w’umuhungu cyangwa umukobwa.

 

 

Mu mwaka wa 2021 , irizina ryahawe abana bagera kuri 251 muri Amerika gusa. Izina ryatangiriye mu Isezerano rya Kera (cyangwa Bibiliya y’Igiheburayo) nk’umwe mu bantu bakomeye b’Umwami Dawidi.

 

 

Irindi zina rigiye gusa na Gianni , ni Giovanni, naryo risobanura neza nka Gianni gusa bigatandukanira mu buryo yandikwa.Ibi bivuze ko wahitamo hagati y’aya mazina yombi.

 

 

Mu gihe waba udashaka kwita umwana wawe w’umukobwa Gianna, wamwita Giovanna, aho kumwita Giovanni.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Imiterere y’igitsina cy’umugore yaba ifite uruhe ruhare mu munezero w’Abashakanye? Ibyo wamenya

Next Story

Pasiteri yavuze kuntu yaryamanye n’umugore utagira umugabo amubeshye ngo aze amusengere iwe murugo

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop