Google igiye gukora umukwabo wo gusiba Gmail na YouTube Channels zimaze imyaka 2 zidakora

2 weeks ago
by

Urubuga rwa Google rwatangaje ko rugiye gukora umukwabo wo gusiba Gmail na YouTube zidakora.Ibi ngo bizatangira mu kwezi kwa Ukuboza uyu mwaka.

 

Mu mwaka wa 2020, Google yasabye ba nyiri accounts zidakora kuzisiba ivuga ko zikoreshwa n’aba Hackers biba amakuru y’abandi.

Kuri ubu rero, uru rubuga rwa Google rwatangiye guha abantu impuruza zibasaba gusiba Konti zidakoreshwa byibura mu gihe cy’imyaka 2.

Google ibwira abantu ko niba bashaka kugumana Konti zabo , basabwa gusura ubutumwa bwahawe, bakabusoma ndetse bakanasubiza.

Src: Rwandasun / Gugiraneza Thierry

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Harmonize yatambukanye umucyo mu bitaramo Africa Entertainment Awards abarimo Meddy , Element na Okkama batahiraho

Next Story

Umuhanzikazi Zuchu yaciye agahigo muri Wasafi ya Diamond Platnumz

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop