‎Jude Bellingham yahishuye amagambo yaganiriye na Lionel Messi bahanganye
Imikino

‎Jude Bellingham yahishuye amagambo yaganiriye na Lionel Messi bahanganye

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 173 min gusoma
‎Jude Bellingham yahishuye amagambo yaganiriye na Lionel Messi bahanganye

Jude Bellingham wagaragaye mu mashusho ashaka gushyamirana na Lionel Messi ariko undi akamwihorera, mu mukino wa ½ wahuje Ubwongereza na Argentine, yatangaje ko nta kintu kibi bavuganye.

‎Rutahizamu Jude Bellingham yagaragaje amarangamutima menshi ku mukino ikipe y'Igihugu y'Ubwongereza yatsinzwemo na Argentine 2-1, agaragara avugana na Messi mu buryo butashimwe na benshi.

‎Jude w'imyaka 23 y'amavuko akaba asanzwe akinira ikipe ya Real Madrid yo muri Espanye kuri we ngo ntakwicuza na guto afite kuko ngo ibyo yaganiriye na Messi nta kibi cyari kirimo ndetse ngo bari mu irushanwa bose bashaka gutsinda.

‎Bellingham kandi yemera ko n'ubwo umutoza yasimbuje nabi , ikipe muri rusange yaryohewe n'irushanwa ry'igikombe cy'Isi kandi ko amashusho ye na Messi yabaye kimomo na yo agaragaza uburyo yishimiye gukinana icyubahiro.

‎Ati:"Ntekereza ko ikintu cyari kindimo kinkoresha cyane ni ukwiyumva. Nari ntewe ishema no guhagararira Igihugu cyange , ntewe ishema no kuba naratanze bike mu bishimishije. Yego , ndabizi ko nzagaruka , kandi tuzagatuka dutange byose , twisubize ikuzo mu rugo ku bwacu".

‎Yakomeje agira ati:"Njye na Lionel Messi twaganiraga ubugoryi. Nta kibazo cyarimo. Nzi neza ko buri wese azakomeza gukora ibye kandi abyagure. Gusa ntabyari birenze nukuri".

‎"Ntekereza ko bwari ubucucu kare , yambwiye ngo 'None n'aho ibyo wowe unkoreye ? Ndamusubiza ati'wowe uri umuhanga bihagije wo kubyisubiza kandi urimo kumva ibyo ndimo kuvuga".

‎Jude Bellingham yishimira ko yakinanye na Lionel Messi muri iyi mikino y'igikombe cy'Isi cya 2026. Ati:"Byari ishema gukina na we. Ntabwo kwari uguhangana na we kandi nari ku ruhande rwatsinzwe bimwe bibabaza gusa byari iby'agaciro gukina n'umukinnyi mwiza kurenza abandi"

‎Jude Bellingham na Harry Kane bamaze gutsinda ibitego 6 ndetse kuva mu 1986 kuri Diego Maradona Jude niwe watsinze ibitego mu mikino yo gukuranwamo. Jude yashimiye abakinnyi bagenzi be avuga ko bakoze ibihagije.

Inkuru zerekeye

CECAFA Kagame Cup 2026: JAMUS FC yageze muri 1/2 Amakipe yo muri Tanzaniya arataha
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026: JAMUS FC yageze muri 1/2 Amakipe yo muri Tanzaniya arataha

JAMUS FC yo muri Sudan y'epfo itarahabwaga amahirwe yageze muri 1/2 mu gihe SINGIDA FC yarifite igikombe yasezerewe na SIMBA FC.

ADAM Yannick2026 Kanama 1
Umunyabigwi wa AC Milan n'u Butaliyani, Franco Baresi, yitabye Imana ku myaka 66
Imikino

Umunyabigwi wa AC Milan n'u Butaliyani, Franco Baresi, yitabye Imana ku myaka 66

Umunyabigwi mu mupira w'amaguru w'u Butaliyani, Franco Baresi, wubatse amateka akomeye muri AC Milan no mu Ikipe y'Igihugu y'u Butaliyani, yitabye Imana ku myaka 66 nyuma y'igihe kirekire arwaye indwara y'ibihaha.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 31
CECAFA Kagame Cup 2026Ikipe ya Mbere yageze muri 1/2 yamenyekanye ndetse n'ikipe ya mbere yo mu Rwanda irasezererwa
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026Ikipe ya Mbere yageze muri 1/2 yamenyekanye ndetse n'ikipe ya mbere yo mu Rwanda irasezererwa

APR FC yarihagarariye u Rwanda yasezerewe n'ubwo yatsinze umukino wayo wa nyuma usoza itsinda.

ADAM Yannick2026 Nyakanga 31
CECAFA Kagame Cup 2026: Imikino y'umunsi wa kabiri yarangiye mu matsinda
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026: Imikino y'umunsi wa kabiri yarangiye mu matsinda

Irushanwa CECAFA Kagame Cup 2026 riri hafi kurangira. Hakaba hasigaye umukino umwe wo mu matsinda kugira ngo tumenye amakipe yageze muri 1/2.

ADAM Yannick2026 Nyakanga 30
Pre Season Agaciro: Amakipe ane yamenyekanye yageze muri 1/2
Imikino

Pre Season Agaciro: Amakipe ane yamenyekanye yageze muri 1/2

Irushanwa Pre Season Agaciro rigeze mu mikino ya 1/2 aho umukino wa nyuma uzaba tariki 2 Kanama 2026

ADAM Yannick2026 Nyakanga 30
CECAFA Kagame Cup 2026: APR FC yahawe isomo rya Ruhago imbere ya Perezida Paul Kagame
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026: APR FC yahawe isomo rya Ruhago imbere ya Perezida Paul Kagame

APR FC yatsinzwe na Gormahia FC ibitego 5-0 ku mukino wa mbere ufungura CECAFA Kagame Cup 2026. Bikaba bibaye ubwa mbere itsindwa ibitego 5-0 muri CECAFA Kagame Cup ubwo yari yatsinzwe byinshi yari yatsinzwe 4.

ADAM Yannick2026 Nyakanga 27

Inkuru zishyashya

‎"Guca inyuma uwo mwashakanye biremewe mu gihe umugabo ataguha ibyo wifuza byose" ! Zari Hassan  ‎
Imyidagaduro

‎"Guca inyuma uwo mwashakanye biremewe mu gihe umugabo ataguha ibyo wifuza byose" ! Zari Hassan ‎

‎Zari Hassan yatangije ikiganiro mpaka ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye nyuma yo kwemeza ko umugore aba agomba guca inyuma uwo bashakanye igihe cyose uwo mugabo adatanga ibikenewe byose mu rugo.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 2 yashize
Bamaranye imyaka 10 ! Amagambo y’urukundo Butera Knowless yabwiye umugabo we
Imyidagaduro

Bamaranye imyaka 10 ! Amagambo y’urukundo Butera Knowless yabwiye umugabo we

Butera Knowless umaranye imyaka 10 n’umugabo we mu buryo bwemewe n’amagategeko nk’umugore n’umugabo, yamushimiye byimazeyo ku rukundo yamuhaye agaragaza ko yabonye Imana mu byo banyuranyemo byose.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 15 yashize
Ibyo amaze kunguka ! Diamond Platnumz yishyuye agera kuri 8,821,692 RWF ngo ahure na Ne-Yo yishyura 147,028,200 Rwf ngo ahure na Davido
INKURU NYAMUKURU

Ibyo amaze kunguka ! Diamond Platnumz yishyuye agera kuri 8,821,692 RWF ngo ahure na Ne-Yo yishyura 147,028,200 Rwf ngo ahure na Davido

Umuhanzi Diamond Platnumz uri mu bakomeye muri Tanzania, ntabwo yazuyaje mu kwishyura agera kuri 8,821,692 Rwf kugira ngo ahure na kimwe mu byamamare muri muzika y’Isi Ne-Yo ndetse ngo yishyure n’andi menshi mu guhura na Davido wo muri Nigeria.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 16 yashize
‎Kendall Jenner wakundanye na A$AP Rocky yagarutse ku mubo wabo avuga ko yabuze umugabo mwiza  ‎
Imyidagaduro

‎Kendall Jenner wakundanye na A$AP Rocky yagarutse ku mubo wabo avuga ko yabuze umugabo mwiza ‎

Kendall Jenner wamamaye mu myidagaduro yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , akaba yarakanyujijeho na A$AP Rocky umaze kubyarana Gatatu na Rihanna , yatangaje ko kuba batarabanye byaturutse ku kuba Rocky atarifuzaga ko baganira ku byerekeye ahazaza hano.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
‎Tanasha Donna yagize icyo atangaza nyuma y'aho Zuchu na Diamond Platnumz bibarutse umukobwa
Imyidagaduro

‎Tanasha Donna yagize icyo atangaza nyuma y'aho Zuchu na Diamond Platnumz bibarutse umukobwa

Umuziki wa Afurika y'Iburasirazuba wari umaze igihe uvugwa kubera umwana w'umukobwa Zuchu na Diamond Platnumz baherutse kwibaruka dore ko ari na bamwe basanzwe bazi kurema inkuru zitwikira ibikorwa byabo muri muzika. Inkuru y'umwana banjirijwe n'amagambo yo kwihakana umugabo byanyirarureshwa kuri Zuchu warimo kuribwa n'inda.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 2 yashize
‎Basabye abantu kugabanya amatiku ! Itsinda The Same ryahuje imbaraga na Keyg Lemonde bakorana indirimbo bise 'Weekend'
Imyidagaduro

‎Basabye abantu kugabanya amatiku ! Itsinda The Same ryahuje imbaraga na Keyg Lemonde bakorana indirimbo bise 'Weekend'

Itsinda rya The Same na  Keyg Lemonade uri mu bari kuzamuka neza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo  bashyize hanze amashusho y'indirimbo nshya bise 'Weekend'. Ni indirimbo irimo ubutumwa busaba abantu kugabanya amatiku bakihugiraho ariko banaruhuka.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 3 yashize