Dore ubusobanuro bw’izina Daniel , imico n’imiterere by’abaryitwa

2 weeks ago
by

Izina Daniel yitwa abantu benshi ariko usanga hafi ya bose batazi icyo rishatse gusobanura ari nayo mpamvu twahisemo kubashakira ubusobanuro bwaryo.

 

Izina Daniel rikomoka ku rurimi rw’Igiheburayo, rikaba risobanuye ngo ‘Imana niyo mucamanza wanjye’ [God is my  Judge].Iyo umwana w’umuhungu yiswe iri zina, ararikunda cyane ndetse akajya yumva yaribwira uwari we wese kubera uburyo ari ryiza.

 

Ababyeyi baba bashaka kurera abana babo babatoza agakiza, bagirwa inama yo kwita abana babo izina Daniel dore ko abantu basomye mu gitabo cya Daniel cyo muri Bibiliya, kigaragaza umugabo Daniel , nk’umugabo wabashije gusangira n’Intare.

 

 

Kuba Daniel yarabashije kubaha Imana, ninako bigendekera abantu bitwa iri zina kuko abitwa Daniel bakunda kubaha Imana ndetse bakarangwa n’ibikorwa byiza.

 

Abantu bitwa ba Daniel bakunda kuba abantu beza, bitonda ndetse bakaba bazi kubana neza n’abagenzi babo icyo byabasaba cyose.

 

Abantu bitwa ba Daniel, bakunda kuba inyangamugayo , bakaba abizerwa kubo bakundana [Loyal to their Loves].

Photo/ Google

Mubandi bitwa iri zina harimo ; Umukinnyi wa Filime witwa Daniel Padilla,  Daniel Radcliffe, Daniel Gabriel , n’umuhanzi Daniel John.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Google igiye gukora umukwabo wo gusiba Gmail na YouTube Channels zimaze imyaka 2 zidakora

Next Story

Ni izihe mpamvu zishobora gutuma umugore abyara umwana utuzuye cyangwa ufite ubumuga

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop