Imbamutima za Aline Gahongayire nyuma y’uko ahuye na Angeline Ndayishimiye [AMAFOTO]

3 weeks ago
by

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana , Aline Gahongayire ari mu byishimo bikomeye nyuma yo guhura na Angeline Ndayishimiye umugore wa Perezida w’igihugu cy’u Burundi Evariste Ndayishimiye umaze iminsi i Kigal munama mpuzamahanga yiga k’uruhare rw’Abagore mu Iterambere.

 

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze , Aline Gahongayire yasangije abamukurikira amafoto ari kumwe na Angeline Ndayishimiye.

Nyuma yo gutangaza aya amafoto, yatangaje ko ari ibihe bidasanzwe kuba yahuye n’uyu Mudamu w’Umukuru w’Igihugu cy’abaturanye cy’u Burundi.Yagize ati:”Ni ibihe bidasanzwe nagiriye munama mpuzamahanga yiga k’uruhare rw’Abagore ku iterambere.Ni icyubahiro guhura na Ndayishimiye Angeline , Umugore wa Perezida w’Igihugu cy’Uburundi.Ni umwe mubafasha abagore kwigira  no kuzana impinduka nziza mu Karere”.

Ati:” Umuryango wanjye n’uwo kwa  Perezida Ndayishimiye  isanzwe igenderana ariko sibyo nshaka gutindaho , ibyo uganiriye n’umukuru iteka biba ibanga rikomeye.Cyakora nkwibiye ibanga , yambwiye ko akunda cyane indirimbo za Prosper Nkomezi”.

 

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Ntamuntu numwe Imana izahora ko yasambanaga! Pastor Ego Daniel Yahishuye Impamvu nyamukuru yirengagizwa nyamara izarimbura abantu.

Next Story

Tity Brown Nyuma yo kumva ubushinjacyaha bumusabira igifungo cy’imyaka 25 Amarira yazenze mu maso atuma umwunganira ati ‘Munsengere munsabire nsohoke aha hantu (Gereza)’ ! Kuki urubanza barwimuriye mu kwa 9 ?

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop