Zuchu yatewe ibuye ari kurubyiniro bituma ahagarika kuririmba igitaraganya

3 weeks ago
by

Mu ijoro ryo kuwa Gatanu tariki 30 Nzeri 2023 ,Umuhanzi kazi Zuchu yahagaritse kuririmba nyuma y’aho umufana utazwi yamuteye ibuye ari kurubyiniro mu Mujyi wa Mbeya,muri Tanzania .

 

Mu mashusho yagiye hanze,uyu mukobwa wamenyekanye mu ndirimbo nyinshi zirimo niyitwa Sukari,agaragara kurubyiniro ari kubyina n’ababyinnyi be,mbere y’uko umugizi wanabi amuteye ibuye.

 

Ubwo uyu mukobwa yari amaze akanya aririmba, yahagaze gatoya kugirango aganirize abafana.Yahise agira ati”Mbeya mambo(mumeze mute mbeya)?”

 

Atararangiza iyo nteruro,umwe mubafana yahise amutera ibuye riramufata. Nk’uko amakuru abitangaza, Zuchu yahise ahagarika kuririmba.

 

Uyu muhanzikazi yaririmbaga mu birori byabanjirije iserukira muco rya Wasafi Mu mujyi wa Mbeya aho igitaramo nyamukuru cyabaye kuwagatandatu ,tariki 30 Nzeri 2023.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Nigeria: Umugabo bamufashe agiye gucuruza mu isoko ibitoki yibye yirengura avuga ko yari amaze iminsi atarya

Next Story

Abashakanye : Dore ibintu ukwiye kwirinda gukora mbere yuko mutera akabariro

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop