Umunsi.com
Iby'ingenzi ku musore umaze kumenyekana nka Darius Tech
Inkoranabuhanga

Iby'ingenzi ku musore umaze kumenyekana nka Darius Tech

KWIZERA Jean de Dieu2026 Gicurasi 2715 min gusoma
Iby'ingenzi ku musore umaze kumenyekana nka Darius Tech

‎Dariyusi Tech ni umwe mu rubyiruko rw’Abanyarwanda rukomeje kwigaragaza ku mbuga nkoranyambaga binyuze mu gutanga inyigisho n’amakuru ajyanye n’ikoranabuhanga.

‎Azwi cyane ku mbuga nka TikTok, YouTube ndetse no muri WhatsApp communities aho afasha abantu benshi gusobanukirwa ikoreshwa rya smartphones, software, mobile repairing, social media, ndetse n’amakuru agezweho ajyanye na cryptocurrency n’ikoranabuhanga muri rusange.

‎Aganira na umunsi.com yagize ati:"Gukoresha ikoranabuhanga neza bishobora guhindura ubuzima bw’urubyiruko. Urubyiruko rufite ubumenyi bwa 'Technology' rufite amahirwe menshi yo gutera imbere muri iki gihe ninayo mpamvu nanjye nabigiyemo mfasha n'abandi".

‎Yakomeje agira ati:" Muri 'Dariyusi Tech' ntabwo dukora content gusa, ahubwo dufasha abantu gusobanukirwa ikoranabuhanga mu buryo bworoshye".

‎Abamukurikira bavuga ko uburyo asobanuramo ibintu bworoshye kandi bufasha abantu benshi kumva neza ibijyanye n’ikoranabuhanga kabone n’iyo baba batabifitemo ubumenyi bwinshi.

‎Uretse gukora content, Dariyusi Tech anafasha abantu gukemura ibibazo bitandukanye bya telefoni na software ndetse agakomeza gushishikariza urubyiruko gukoresha ikoranabuhanga mu buryo bubafitiye akamaro.

‎Mu gihe ibikorwa bye bikomeje gukura, benshi batangiye kubona Dariyusi Tech nk’umwe mu rubyiruko rufite uruhare mu guteza imbere ikoranabuhanga n’ubumenyi bwa digital mu Rwanda.

1001702818.jpg

1001702826.jpg

1001702832.jpg

1001702838.jpg

Inkuru zerekeye

Inkuru zishyashya

Turbo King Super Cup 2026: FERWAFA yatangaje ikipe isimbura APR FC n'amatariki mashya izaberaho
Imyidagaduro

Turbo King Super Cup 2026: FERWAFA yatangaje ikipe isimbura APR FC n'amatariki mashya izaberaho

Nyuma y'uko APR FC ivuze ko itazitabira irushanwa rya Turbo King Super Cup 2026 Ivuga ko itaganirijwe mbere y'uko bahindura uko amakipe agomba kuryitabira ndetse ivuga ko k hari guhamagarwa abanyamuryango bose ba FERWAFA, kuko amakipe ane gusa atari yo agenewe irushanwa rya Super Cup, kuko ubundi rikinwa n’amakipe yitwaye neza mu mwaka wabanje abiri,iyatwaye shampiyona niyatwaye igikombe cy'amahoro. Aho bamenyesherejwe umwanzuro ku irushanwa, ngo wasanze Ikipe y’Ingabo z’Igihugu yarateguyemo imikino ya gicuti yo kwitegura irushanwa rya CAF Champions League 2026/27.

ADAM Yannickamasaha 3 yashize
Umutoza w'ikipe y'igihugu Amavubi niwe washoje Irushanwa Urubuto Youth Champignonships ritegurwa na IMIZI Football Alliance
Akazi

Umutoza w'ikipe y'igihugu Amavubi niwe washoje Irushanwa Urubuto Youth Champignonships ritegurwa na IMIZI Football Alliance

Hirwa,Imena,na Future nizo zegukanye irushanwa Urubuto Youth Champignonships mu byiciro byose

ADAM Yannickamasaha 3 yashize
‎Nyina wa Lamine Yamal yatunguranye mu mwambaro w'abato aseruka ku mucanga
INKURU NYAMUKURU

‎Nyina wa Lamine Yamal yatunguranye mu mwambaro w'abato aseruka ku mucanga

‎Umubyeyi wa Lamine Yamal wamamaye mu mupira w'amaguru by'umwihariko mu ikipe ya FC Barcelona n'Ikipe y'Igihugu Espanye , akomeje gutangaza benshi kubera uburyo yasohotse yambaye bya gikumi bamwe bati:"Naryoherwe n'ubwamamare bw'umwana we".

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 6 yashize
‎Rihanna yasohokanye abana be ku ivuko batega imodoka zisanzwe ‎
INKURU NYAMUKURU

‎Rihanna yasohokanye abana be ku ivuko batega imodoka zisanzwe ‎

‎Umuhanzikazi Rihanna , yagaragaye mu mashusho ari kumwe n'abana be RZA , Riot na Rocki ku muhanda muri Barbados aho bateze imodoka isanzwe banarira kumuhanda.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
Football: Rwanda Premier League yasohoye ingengabihe yanBK Pro League 2026-2027
Imikino

Football: Rwanda Premier League yasohoye ingengabihe yanBK Pro League 2026-2027

Rwanda Premier League yasohoye ingengabihe ya BK Pro League 2026-2027 izatangira tariki 4 Nzeri 2026 ikarangira tariki 30 Gicurasi 2027

ADAM Yannickiminsi 1 yashize
Umwongereza Nicholas de-Long yahawe akazi muri FERWAFA
Imikino

Umwongereza Nicholas de-Long yahawe akazi muri FERWAFA

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyizeho Umwongereza Nicholas de-Long nk’ushinzwe iterambere ry’abakiri bato muri ruhago.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize