Umunsi.com
Ngaya amafunguro udakwiriye kurekera muri Firigo ngo icyumweru gishire
Health

Ngaya amafunguro udakwiriye kurekera muri Firigo ngo icyumweru gishire

KWIZERA Jean de Dieu2026 Gicurasi 129 min gusoma
Ngaya amafunguro udakwiriye kurekera muri Firigo ngo icyumweru gishire

Ni byiza ko Firigo yawe ibamo amafunguro ndetse n’ibyo kunywa kuko biri mu bikugira umukire muri ako gace utuyemo binyuze mu bakugenderera ariko hari ibintu biba bitagomba kumara icyumweru bikirimo nk’uko ugiye kubisanga muri iyi nkuru.

Iyo bene aya mafunguro tugiye kugarukaho amaze icyumweru muri Firigo aba yaratangiye gufata udukoko na Bagiteri zitandukanye. Kugira ngo wirinde ndetse unarinde umuryango wawe, urasabwa kutagumisha aya mafunguro muri firigo.

1.Inyama: Nubwo atari zose ariko hari ubwoko bw’inyama budakwiriye kumara icyumweru muri firigo. Muri iyi nkuru turakubwira zimwe bapfunyika ziba zarakorewe mu nganda, izi nyama ntizimara icyumweru muri firigo zikiri nzima.

Zishobora kugira bagiteri yitwa Bacillus cereus ishobora gutera uburwayi bukomeye bwo mu nda. Iyi bagiteri kandi ntabwo ishobora no gupfa nyuma yo kuziteka ndetse ikagenda ikura uko inyama zimara igihe.

2.Inyanya zakorewe mu nganda : Izi nazo ntabwo zimara iminsi muri Filime kuko zihita zangirika uwo mwanya. Ntabwo ari ikibazo gusa muri Firigo ahubwo no kuba imaze igihe ifunguye nabyo burya ngo si byiza.

Muri iyi nkuru kandi ikinyamakuru tuyikesha ntabwo cyahagarariye aho, ahubwo cyanagaragaje ko inyama z’inkoko by’umwihariko zitabasha kwihanganira kugumishwa muri Firigo icyumweru cyose kubera uburyo ziba zimeze.

Izi nyama zangirika vuba kandi ntizigomba kurenza iminsi ibiri muri firigo. Bavuga ko kandi kurya inyama zangiritse bitera uburwayi bukomeye.

Ikinyamakuru Grocery couponguide kigira abantu inama yo kudakomeza kujya bihatira inyama cyangwa andi mafunguro amaze iminsi muri Firigo kuko bigira ingaruka ku buzima bwabo.

pexels-mike-jones-8805274-1.avif

pexels-fotios-photos-35594805.avif

Inkuru zerekeye

Inkuru zishyashya

Turbo King Super Cup 2026: FERWAFA yatangaje ikipe isimbura APR FC n'amatariki mashya izaberaho
Imyidagaduro

Turbo King Super Cup 2026: FERWAFA yatangaje ikipe isimbura APR FC n'amatariki mashya izaberaho

Nyuma y'uko APR FC ivuze ko itazitabira irushanwa rya Turbo King Super Cup 2026 Ivuga ko itaganirijwe mbere y'uko bahindura uko amakipe agomba kuryitabira ndetse ivuga ko k hari guhamagarwa abanyamuryango bose ba FERWAFA, kuko amakipe ane gusa atari yo agenewe irushanwa rya Super Cup, kuko ubundi rikinwa n’amakipe yitwaye neza mu mwaka wabanje abiri,iyatwaye shampiyona niyatwaye igikombe cy'amahoro. Aho bamenyesherejwe umwanzuro ku irushanwa, ngo wasanze Ikipe y’Ingabo z’Igihugu yarateguyemo imikino ya gicuti yo kwitegura irushanwa rya CAF Champions League 2026/27.

ADAM Yannickamasaha 4 yashize
Umutoza w'ikipe y'igihugu Amavubi niwe washoje Irushanwa Urubuto Youth Champignonships ritegurwa na IMIZI Football Alliance
Akazi

Umutoza w'ikipe y'igihugu Amavubi niwe washoje Irushanwa Urubuto Youth Champignonships ritegurwa na IMIZI Football Alliance

Hirwa,Imena,na Future nizo zegukanye irushanwa Urubuto Youth Champignonships mu byiciro byose

ADAM Yannickamasaha 4 yashize
‎Nyina wa Lamine Yamal yatunguranye mu mwambaro w'abato aseruka ku mucanga
INKURU NYAMUKURU

‎Nyina wa Lamine Yamal yatunguranye mu mwambaro w'abato aseruka ku mucanga

‎Umubyeyi wa Lamine Yamal wamamaye mu mupira w'amaguru by'umwihariko mu ikipe ya FC Barcelona n'Ikipe y'Igihugu Espanye , akomeje gutangaza benshi kubera uburyo yasohotse yambaye bya gikumi bamwe bati:"Naryoherwe n'ubwamamare bw'umwana we".

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 7 yashize
‎Rihanna yasohokanye abana be ku ivuko batega imodoka zisanzwe ‎
INKURU NYAMUKURU

‎Rihanna yasohokanye abana be ku ivuko batega imodoka zisanzwe ‎

‎Umuhanzikazi Rihanna , yagaragaye mu mashusho ari kumwe n'abana be RZA , Riot na Rocki ku muhanda muri Barbados aho bateze imodoka isanzwe banarira kumuhanda.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
Football: Rwanda Premier League yasohoye ingengabihe yanBK Pro League 2026-2027
Imikino

Football: Rwanda Premier League yasohoye ingengabihe yanBK Pro League 2026-2027

Rwanda Premier League yasohoye ingengabihe ya BK Pro League 2026-2027 izatangira tariki 4 Nzeri 2026 ikarangira tariki 30 Gicurasi 2027

ADAM Yannickiminsi 1 yashize
Umwongereza Nicholas de-Long yahawe akazi muri FERWAFA
Imikino

Umwongereza Nicholas de-Long yahawe akazi muri FERWAFA

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyizeho Umwongereza Nicholas de-Long nk’ushinzwe iterambere ry’abakiri bato muri ruhago.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize