Umunsi.com
Batanze Elon Musk ! Ubushinwa bwashyize hanze 'Brain Chip' igereranywa na Yesu
Ikoranabuhanga

Batanze Elon Musk ! Ubushinwa bwashyize hanze 'Brain Chip' igereranywa na Yesu

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kamena 812 min gusoma
Batanze Elon Musk ! Ubushinwa bwashyize hanze 'Brain Chip' igereranywa na Yesu

Mu gihe 'Tekinologi' ikomeje gutera imbere benshi batangiye kumenya uburyo bwo kuyikoresha mu bigamije guteza imbere muntu , n'ubwo hari abavuga ko ku ruhande rumwe bikorwa mu nyungu zabo bwite.

Ubushinwa bugeze kuri iyi ntego buyikuyeho Elon Musk wari wavuze ko agomba kuba uwa mbere uzakora agakoresho 'Brain Chip' gashyirwa mu bwonko bwa muntu.Ako gakoresho kiswe 'NEO' , gashyirwa mu bwonko nyuma yo kubagwa ndetse ngo bakaba bagiye gutangira gukora igerageza ryako.

Igice cya Mbere cy'ako gakoresho gashyirwa mu bwonko kashyizwe hanze n'Ubushinwa, kitezweho gufasha abarwayi b'urutirigongo (Spinal Cord) , by'umwihariko abakoze impanuka ndetse n'abarwayi ba 'Pararize'.

Ishyaka riri kubutegetsi mu Bushinwa (Chinese Community Party) na Elon Musk basanga iyo ari intambwe ya mbere nziza mu gushyira mu bikorwa gahunda yo gushyira mudasobwa mu bwonko bwa muntu , ituma arushaho gutekereza cyane.

Ubwo Elon Musk yari muri Israel muri Gicurasi, yatangaje ko ashyize imbere gahunda yo gushaka uko hajya hagarurwa intekerezo z'umuntu warwaye  'Pararize' cyangwa uwavunitse urutirigongo kubera impanuka cyangwa indi mpamvu y'uburwayi.

Elon Musk yavuze ko kuri we abyita 'Yesu'. Ati:"Kugarura intekerezo z'abantu barwayi indwara ya 'Tetraplegics' bakongera kubona ntekereza ko ari igitekerezo cyiza kandi kigari. Ni kimwe mu byo nshobora kwita 'Jesus Level Technology'.

Mu ikoranabuhanga rya 'Neuralink' , Elon Musk yatangaje ko rizajya rifasha abantu kwandika (Typing) cyangwa gukoresha 'Mouse' ya Mudasobwa hakoreshejwe ibyashyizwe mu bwonko.

Elon Musk avuga ko iryo koranabuhanga rizafasha no muzura abapfuye ndetse rigakangura ubwonko. Elon Musk avuga ko uretse abavunitse urutirigongo, Brain Chip , izanakoreshwa mu kuvura abarwaye 'Stroke, stress' ndetse n'abandi bafite ibibazo by'ubwonko.

864ec009cbfbf59966c0f1d5ad7b7d72.avif

cf7d41867d10f5283d7bcff300eb9f1c.avif

17515d9fb3a2bcb2a7997a8f42390cd8.avif

Inkuru zerekeye

Inkuru zishyashya

Rusizi: Umugabo yafunzwe akekwaho gusambanya umwana we, avuga ko yamwigishaga uko azitwara mu rugo
Rwanda

Rusizi: Umugabo yafunzwe akekwaho gusambanya umwana we, avuga ko yamwigishaga uko azitwara mu rugo

Umugabo w’imyaka 35 wo mu Murenge wa Nyakabuye, mu Karere ka Rusizi, ari gukorwaho iperereza nyuma yo gukekwaho gusambanya umwana we w’imyaka 15 inshuro ebyiri.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 4 yashize
“Gushyingiranwa ni Contract mbi ibaho mu buzima” ! 50 Cent agaruka ku gushaka no gutandukana kw’abashakanye bisiga impaka zidashira
Imyidagaduro

“Gushyingiranwa ni Contract mbi ibaho mu buzima” ! 50 Cent agaruka ku gushaka no gutandukana kw’abashakanye bisiga impaka zidashira

Umuhanzi mu njyana ya Hip Hop muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , 50 Cent, yatangaje byinshi ku gushyingiranwa , gutandukana no gutangira bundi bushya mu gihe ababanaga batandukanye.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
APR BBC yegukanye igikombe cya Shampiyona 2026
Imikino

APR BBC yegukanye igikombe cya Shampiyona 2026

APR BBC yegukanye igikombe cya Shampiyona nyuma yo Gutsinda Patriots BBC imikino ine kubusa (4-0). Bikaba bibaye inshuro ya kabiri yegukana igikombe yikurikiranya kuko numwaka ushyize niyo yari3yagitwaye.

ADAM Yannickiminsi 1 yashize
Perezida Kagame yaburiye abantu bagicuruza ibyuma avuga ko bitazihanganirwa
INKURU NYAMUKURU

Perezida Kagame yaburiye abantu bagicuruza ibyuma avuga ko bitazihanganirwa

Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko Leta y’u Rwanda itazongera kurebera abenga cyangwa bakwirakwiza inzoga zitujuje ubuziranenge, zirimo izwi nka “ibyuma”, kuko zikomeje guteza urupfu n’ibibazo by’ubuzima ku Banyarwanda.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 2 yashize
Umuhanzi Nyarwanda Element na Ne-Yo bakoranye indirimbo
INKURU NYAMUKURU

Umuhanzi Nyarwanda Element na Ne-Yo bakoranye indirimbo

Element umaze igihe atari mu Rwanda ari mu myiteguro yo gushyira hanze album ye ya mbere, yamaze gukorana indirimbo n’umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya R&B wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Ne-Yo.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 2 yashize
‎Perezida wa Uganda yifatanyije n'umukobwa we wagizwe Bishop amusabira umugisha n'imbaraga
Iyobokamana

‎Perezida wa Uganda yifatanyije n'umukobwa we wagizwe Bishop amusabira umugisha n'imbaraga

‎Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yifatanyije n'umukobwa we Patience Rwabwogo wagizwe Bishop mu itorero yari amazemo imyaka igera kuri 20.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 2 yashize