Umunsi.comstudent.umunsi.com
Hakim Hamissi afashije Kiyovu Sports Club gutwara igikombe nyuma y'imyaka 33.
Imikino

Hakim Hamissi afashije Kiyovu Sports Club gutwara igikombe nyuma y'imyaka 33.

ADAM Yannick2026 Kanama 31205 min gusoma
Hakim Hamissi afashije Kiyovu Sports Club gutwara igikombe nyuma y'imyaka 33.

Igitego cya Hakim Hamissi cyo ku munota wa 84 nicyo gihesheje Kiyovu Sports Club gutwara igikombe nyuma y'imyaka 33.

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 30 Kanama 2026, ni bwo kuri Kigali Pelé Stadium, habereye umukino wa nyuma w’irushanwa rihuza amakipe yitwaye neza mu mwaka wa 2025/26, nubwo nta n’imwe yatwaye igikombe na kimwe mu bikomeye bikinirwa mu Rwanda, yaba icya Shampiyona n’icy’Amahoro.
Choosing Quality Sports Equipment
‎Police FC ntabwo yari ifite kapiteni wayo, Nsabimana Eric ‘Zidane’ wavunikiye mu mukino wa 1/2 ikipe ye yakinnye na Rayon  Sports.
‎Kiyovu Sports Club nayo yarifite  Hakim Hamiss, wabonye ibyangombwa nyuma yo gutsinda Gasogi United FC mu bujurire igategekwa kumuha ibaruwa imurekura.
Downloading Interactive Geographic Maps
‎Ugereranyije n’imikino amakipe yombi yakuyeho itike zo gukina uyu mukino wa nyuma, uyu mukino wagendaga buhoro cyane, kuko nta n’imwe yageragezaga kugera imbere y’izamu kenshi ngo ishake igitego.
‎Mu gice cya mbere Kiyovu Sports Club yabonye koruneri ebyiri mu gihe Police FC yabonye koruneri eshatu.
‎Igice cya mbere cyarangiye amakipe yombi anganya 0-0.
‎Mu Gice cya Kabiri 
‎Igice cya kabiri cyatangiranye imbaraga, kurusha mu gice cya mbere, ariko Kiyovu Sports Club isatira cyane Police FC, ihita ibona n’amahirwe akomeye ku ishoti rikomeye ryageragejwe na Hamis Hakim ku munota wa 49, ariko rinyura hejuru y’izamu gato.
‎Nyuma y’umunota umwe gusa Police FC yahise igera imbere y’izamu rya Kiyovu Sports Club ibona koruneri yavuyemo akavuyo, Kwitonda Alain atera ishoti mu izamu rikurwamo n’umunyezamu wa Kiyovu Sports  club James Desire.
Choosing Quality Sports Equipment
‎‎Nyuma y’umunota umwe gusa Police FC yahise igera imbere y’izamu ry’Urucaca ibona koruneri  Kwitonda Alain atera ishoti mu izamu rikurwamo n’umunyezamu wa Kiyovu Sports Club, James Desire.
‎Umutoza wa Kiyovu Sports Club, Harrison Mark Simon, yakoze impiduka mu kibuga akuramo Lola Kanda Moise, Shaban Kagayo na Rwabuhihi Placide, ashyiramo Mugisha Didier, Gihozo David na Avit Nkundimana.
‎Ni mu gihe Rkyek Jaafar utoza Police FC yakuyemo Tangara Keffa, Iradukunda Simeon na Luc Bide  ashyiramo Ingabire Chrisman, Ekeson Okorie na Manishimwe Djabel.
‎Ku munota wa 84 w’umukino, myugariro wa Kiyovu Sports Club Ntwali Asman yahinduye umupira mwiza mu rubuga rw’amahina, usanga Hakim Hamis ahagaze neza mu rubuga rw’amahina, aragarama ashyira umupira mu izamu atsinda igitego.
Hakim Hamissi watsinze igitego cyatumye Kiyovu Sports Club yegukana Igikombe
Hakim Hamissi watsinze igitego cyatumye Kiyovu Sports Club yegukana Igikombe 
Choosing Quality Sports Equipment
‎‎Iki gitego ni cyo cyahesheje intsinzi Kiyovu Sports club yegukana Igikombe cya FERWAFA Super Cup nubwo yabaye iya gatatu muri shampiyona y’umwaka ushize wa 2025/26.
‎Kiyovu Sports Club yegukannye igikombe na miliyoni 40 Frw, mu gihe Police FC yo yzhawe miliyoni 20 Frw.‎‎
Kiyovu Sports Club itwaye igikombe nyuma y'imyaka 33 kuko yaherukaga gutwara igikombe mu mwaka w'i 1993.
Kiyovu Sports Club yatwaye igikombe cya Ferwafa Turbo KingSuper Cup 2026
Kiyovu Sports Club yatwaye igikombe cya Ferwafa Turbo KingSuper Cup 2026
Abakunzi ba Kiyovu Sports Club bari baje ari benshi
Abakunzi ba Kiyovu Sports Club bari baje ari benshi
Choosing Quality Sports Equipment
 

Inkuru zerekeye

‎Njyanye amahoro yo mu mutima ! Lionel Messi yasezeye ruhago avuga ko atazongera gukinira ikipe y'Igihugu ya Argentine
Imikino

‎Njyanye amahoro yo mu mutima ! Lionel Messi yasezeye ruhago avuga ko atazongera gukinira ikipe y'Igihugu ya Argentine

‎Rutahizamu wa Argentine nyuma yo gukina imikino y'igikombe cy'Isi cya 2026 yakinaga nk'icyanyuma mu mboni y'abakunzi b'umupira w'amaguru ariko bikarangira nta gikombe atwaye nyamara yarafashijwe n'ingeri zose kugitwara.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 12 yashize
Ubujurire bwa KNC bwateshejwe agaciro kuri Hakim Hamissi
Imikino

Ubujurire bwa KNC bwateshejwe agaciro kuri Hakim Hamissi

KNC nyuma yo kutemera ibyavuye muri komisiyo y'amategeko. Akajurira. Akanama kigenga k'ubujurire katesheje agaciro ubujurire bwe.

ADAM Yannickiminsi 1 yashize
Bamwe mu bakinnyi bashya ba Rayon Sports bashobora kudakoreshwa ku mukino wa mbere muri CAF Confederation
Imikino

Bamwe mu bakinnyi bashya ba Rayon Sports bashobora kudakoreshwa ku mukino wa mbere muri CAF Confederation

Kugeza ubu amakuru avuga ko bamwe mu bakinnyi bashya b’ikipe ya Rayon Sports, Mohamed Ouattara, Sandja Bula na Elie Mukono Eldinho bashobora kudakoreshwa ku mukino wa mbere wa CAF Confederation Cup bitewe n’uko urwego rwabo rukiri hasi.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 2 yashize
KNC yaguririye icyemezo cyo kurekura Hamiss Hakim nyuma yo kumutsinda muri Ferwafa
Imikino

KNC yaguririye icyemezo cyo kurekura Hamiss Hakim nyuma yo kumutsinda muri Ferwafa

KNC nyuma yo gutsindwa na Hakim Hamiss avuga ko yasuzuguwe ngo Kiyovu niba imushaka nize baganire

ADAM Yannickiminsi 2 yashize
Kiyovu Sports Club na Police FC zageze ku mukino wa nyuma wa Ferwafa Turbo King Super Cup 2026
Imikino

Kiyovu Sports Club na Police FC zageze ku mukino wa nyuma wa Ferwafa Turbo King Super Cup 2026

Kiyovu Sports Club na Police FC zageze ku mukino wa nyuma zimaze gusezerera Mukura VS na Rayon Sports FC.

ADAM Yannickiminsi 3 yashize
APR BBC yegukanye igikombe cya Shampiyona 2026
Imikino

APR BBC yegukanye igikombe cya Shampiyona 2026

APR BBC yegukanye igikombe cya Shampiyona nyuma yo Gutsinda Patriots BBC imikino ine kubusa (4-0). Bikaba bibaye inshuro ya kabiri yegukana igikombe yikurikiranya kuko numwaka ushyize niyo yari3yagitwaye.

ADAM Yannick2026 Kanama 25

Inkuru zishyashya

‎Keliiy yashimagije Burna Boy amwita umugiraneza
Imyidagaduro

‎Keliiy yashimagije Burna Boy amwita umugiraneza

‎Umunyamideri Keliiy Morgan yasobanuye ko gukorana na Burna boy wo muri Nigeria byari byiza kuri we ngo na cyane ko byahinduye ubuzima bwe mu buryo butandukanye agereranyije n'abandi.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 21 yashize
FC Barcelona igiye gusinyisha Jesus ku kayabo k’agera kuri 17,114,122,350 RWF
Imyidagaduro

FC Barcelona igiye gusinyisha Jesus ku kayabo k’agera kuri 17,114,122,350 RWF

Ikipe ya Arsenal igiye gusinyisha umukinnyi ukomeye Gabriel Jesus wa Arsenal ku kayabo k’amafaranga y’u Rwanda agera kuri 17,114,122,350 nk’uko amasoko atandukanye dukesha iyi nkuru abitangaza.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
‎Abakopeye ibizamini bya Leta bagiye kongera gukora bwa Kabiri
INKURU NYAMUKURU

‎Abakopeye ibizamini bya Leta bagiye kongera gukora bwa Kabiri

‎Nk'uko bigaragara mu itangazo ryasohowe abanyeshuri bakopeye bagiye kongera gukora mu rwego rwo kubarengera.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
‎Impanga z'abagore babiri ku myaka 49 basanze badahuje ba Se
Izindi nkuru

‎Impanga z'abagore babiri ku myaka 49 basanze badahuje ba Se

‎Lavinia na Michelle Obsbourne ntabwo bahuje ba Se nyamara baravutse ari impanga. Aba bagore kuri ubu bafite imyaka 49 y'amavuko.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
‎MU MAFOTO : Diamond Platnumz yatanze ibyishimo bisendereye mu gitaramo cyitabiriwe cyane n'urubyiruko
INKURU NYAMUKURU

‎MU MAFOTO : Diamond Platnumz yatanze ibyishimo bisendereye mu gitaramo cyitabiriwe cyane n'urubyiruko

‎Nyuma y'imyaka itatu, Diamond Platnumz yongeye guha ibyishimo Abanyarwanda mu gitaramo cyabereye mu Mugi wa Kigali.Ni igitaramo Simba yahuriyemo na Bruce Melodie , Nel Ngabo na Ish Kevin.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
‎Gen Muhoozi yavuze ko agomba gufunga aba-General bose bahawe ikiruhuko cy'izabukuru bakabyishimira
Hanze

‎Gen Muhoozi yavuze ko agomba gufunga aba-General bose bahawe ikiruhuko cy'izabukuru bakabyishimira

‎Gen Muhoozi Kainarugaba , Umugaba Mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba Umuhungu wa Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko kubera amashusho y'aba-general bashyizwe mu kiruhuko cy'izabukuru yabagaragaye bari kubyina cyane , agomba kubafunga bose.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 2 yashize