Umunsi.com
‎Gen Muhoozi yavuze ko agomba gufunga aba-General bose bahawe ikiruhuko cy'izabukuru bakabyishimira
Hanze

‎Gen Muhoozi yavuze ko agomba gufunga aba-General bose bahawe ikiruhuko cy'izabukuru bakabyishimira

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 293 min gusoma
‎Gen Muhoozi yavuze ko agomba gufunga aba-General bose bahawe ikiruhuko cy'izabukuru bakabyishimira

‎Gen Muhoozi Kainarugaba , Umugaba Mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba Umuhungu wa Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko kubera amashusho y'aba-general bashyizwe mu kiruhuko cy'izabukuru yabagaragaye bari kubyina cyane , agomba kubafunga bose.

‎Abo ba-General bagaragaye bishimye ku munsi bashyirwagaho mu kiruhuko na Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, maze mu rwego rwo kwishima bakabyina cyane arinako bafatwa amashusho yageze kuri Muhoozi agafata icyo cyemezo cyo kubafunga aho yabivuze asa n'aho arimo kubatera ubwoba.

‎Anyuze kuri konti ye ya X aho asanzwe aterera urwenya, Gen Muhoozi Kainarugaba yagize ati:"Turimo gukora iperereza ku ba-General bagaragaye mu mashusho bari kubyina cyane. Vuba aha baraza gufungwa".

‎Mubundi butumwa , General Kainarugaba, yibajije impamvu abo basirikare bakuru bari barimo kwishimira gusezererwa mu ngabo za Uganda. Ati:"Bari bari kubyina kubera ko bavuye mu ngabo za Uganda (UPDF) ?. Ndatekereza ko kuva ubu kugeza ikindi gihe cyose , aba-general babujijwe kubyina cyane".

‎Ibyo bije nyuma y'aho Gen Muhoozi Kainarugaba yari aherutse gusimbuza Gen Edward Katumba Wamala uri mubashyizwe mu kiruhuko cy'izabukuru muri ibyo birori. General Muhoozi kandi yabonye Gen Katumba mubari bari kubyina muri ayo mashusho.

‎Ati:"Nabonye General Katumba arimo kubyina cyane , ahari yari azi neza ko ngiye kumuha akazi".

‎General Katumba ari muba General 19 bahawe ikiruhuko cy'izabukuru ndetse akaba yaranakoze mu nzego za Leta.

‎Abandi barimo; Lt Gen Charles Otema Anway, Lt Gen Charles Angina, Maj Gen  Abel Kandiho, Maj Gen Geoffrey Tumusiime Katsigazi, Maj Gen Apollo Kasiita Gowa na Maj Gen Leopold Kyanda.

Inkuru zerekeye

‎Kenya : Umugabo yakangutse asohoka muri 'Moroge' nyuma y'amasaha 20 bitangajwe ko yapfuye
Hanze

‎Kenya : Umugabo yakangutse asohoka muri 'Moroge' nyuma y'amasaha 20 bitangajwe ko yapfuye

‎Mu Karere ka Naivasha mu Gihugu cya Kenya hakomeje kuvugwa inkuru idasanzwe y'umusore yavuye muri Moroge mu masaha y'Ijoro nyuma y'amasaha 20 bitangajwe ko yapfuye ndetse n'umuryango we wiyakiriye.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 3 yashize
Umutwe wa AFC/M23 washyize hanze amabwiriza mashya ku bwo kwirinda icyorezo cya Ebola cyugarije DR – Congo
Hanze

Umutwe wa AFC/M23 washyize hanze amabwiriza mashya ku bwo kwirinda icyorezo cya Ebola cyugarije DR – Congo

Umutwe wa AFC/M23 uyobora ibice binini muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashyizeho ingamba nshya zigamije kurinda icyorezo cya Ebola cyugarije icyo Gihugu.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 20
‎Perezida wa Amerika Donald Trump yakangishije Oman kuyirasa akayigira umuyonga
Hanze

‎Perezida wa Amerika Donald Trump yakangishije Oman kuyirasa akayigira umuyonga

Umukuru wa Amerika Perezida Donald Trump, yongeye gutangaza ko ashobora kugaba ibitero kuri Oman mu gihe yaba “ibangamiye” gahunda ze zo guhagarika intambara Amerika na Israel barwana na Iran.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 17
Loni yafatiye ibihano abayobozi babiri ba FDLR n'abandi bayobozi b'imitwe yitwaje intwaro muri RDC
Hanze

Loni yafatiye ibihano abayobozi babiri ba FDLR n'abandi bayobozi b'imitwe yitwaje intwaro muri RDC

Loni yafatiye ibihano abayobozi babiri ba FDLR n'abandi bayobozi b'imitwe yitwaje intwaro muri RDC

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 17
Muri RDC havumbuwe ubwoko bushya bw’inkende zidasanzwe zifite iminwa ya orange
Hanze

Muri RDC havumbuwe ubwoko bushya bw’inkende zidasanzwe zifite iminwa ya orange

Muri RDC havumbuwe ubwoko bushya bw’inkende zidasanzwe zifite iminwa ya orange

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 16
Pakistan: Abantu 20 bishwe n’igitero cy’abiyahuzi
Hanze

Pakistan: Abantu 20 bishwe n’igitero cy’abiyahuzi

Pakistan: Abantu 20 bishwe n’igitero cy’abiyahuzi

Admin User2026 Gicurasi 24

Inkuru zishyashya

‎MU MAFOTO : Diamond Platnumz yatanze ibyishimo bisendereye mu gitaramo cyitabiriwe cyane n'urubyiruko
INKURU NYAMUKURU

‎MU MAFOTO : Diamond Platnumz yatanze ibyishimo bisendereye mu gitaramo cyitabiriwe cyane n'urubyiruko

‎Nyuma y'imyaka itatu, Diamond Platnumz yongeye guha ibyishimo Abanyarwanda mu gitaramo cyabereye mu Mugi wa Kigali.Ni igitaramo Simba yahuriyemo na Bruce Melodie , Nel Ngabo na Ish Kevin.

KWIZERA Jean de Dieuiminota 13 zashize
Ubujurire bwa KNC bwateshejwe agaciro kuri Hakim Hamissi
Imikino

Ubujurire bwa KNC bwateshejwe agaciro kuri Hakim Hamissi

KNC nyuma yo kutemera ibyavuye muri komisiyo y'amategeko. Akajurira. Akanama kigenga k'ubujurire katesheje agaciro ubujurire bwe.

ADAM Yannickiminota 10 zashize
Bamwe mu bakinnyi bashya ba Rayon Sports bashobora kudakoreshwa ku mukino wa mbere muri CAF Confederation
Imikino

Bamwe mu bakinnyi bashya ba Rayon Sports bashobora kudakoreshwa ku mukino wa mbere muri CAF Confederation

Kugeza ubu amakuru avuga ko bamwe mu bakinnyi bashya b’ikipe ya Rayon Sports, Mohamed Ouattara, Sandja Bula na Elie Mukono Eldinho bashobora kudakoreshwa ku mukino wa mbere wa CAF Confederation Cup bitewe n’uko urwego rwabo rukiri hasi.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 12 yashize
Nyagatare: Minisitiri Habimana yibukije abaturage gufatanya kurandura ibyuma n’inzoga zitujuje ubuziranenge
Rwanda

Nyagatare: Minisitiri Habimana yibukije abaturage gufatanya kurandura ibyuma n’inzoga zitujuje ubuziranenge

Mu murenge wa Rwimiyanga habereye Umuganda ngarukakwezi wahuje abaturage, abayobozi bo mu nzego za Leta, inzego z’umutekano n’urubyiruko rwo muri gahunda ya 'Soberchou', hagamijwe gukomeza ubufatanye mu gukemura ibibazo bibangamira umutekano, ubuzima n’iterambere ry’abaturage.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 12 yashize
‎Ibyo abagabo bicuza cyane iyo bageze mu myaka 60
Izindi nkuru

‎Ibyo abagabo bicuza cyane iyo bageze mu myaka 60

‎Abagabo hari igihe kigera bagasubiza amaso inyuma bagashaka kugarura ibyahise nyamara bitarashoboka. Muri iyi nkuru turibanda ku byo abagabo bageze mu myaka 60 bicuza cyane.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 13 yashize
‎Yatunguwe cyane ! Celine Dion yongeye kugaragara mu ruhame nyuma y'imyaka ibiri
INKURU NYAMUKURU

‎Yatunguwe cyane ! Celine Dion yongeye kugaragara mu ruhame nyuma y'imyaka ibiri

‎Umuhanzikazi Celine Dion yatunguwe n'imbaga nyamwinshi mu Mugi wa Paris mu Bufaransa ubwo yari yongeye kugaragara mu ruhame nyuma y'imyaka ibiri.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 16 yashize