Umunsi.com
‎Ibyo abagabo bicuza cyane iyo bageze mu myaka 60
Izindi nkuru

‎Ibyo abagabo bicuza cyane iyo bageze mu myaka 60

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 293 min gusoma
‎Ibyo abagabo bicuza cyane iyo bageze mu myaka 60

‎Abagabo hari igihe kigera bagasubiza amaso inyuma bagashaka kugarura ibyahise nyamara bitarashoboka. Muri iyi nkuru turibanda ku byo abagabo bageze mu myaka 60 bicuza cyane.

‎Iyo abagabo bageze mu myaka ya 60, basubiza amaso inyuma, bakareba ibyo bagezeho, bakareba ibyari byiza, ibyari bibi, ndetse nibwo baretse bikabacaho bikagenda. Bimwe mubyo bicuza biba bisa n'iby'abandi bicuza bitagendeye ku myaka bafite cyangwa ikindi.

  • ‎Guha umwanya munini akazi kurenza umuryango : Ikintu cya Mbere abagabo bageze mu myaka ya 60 y'amavuko, ni uguha umwanya munini akazi kurenza umuryango. Mu bushakashatsi bwakozwe byagaragaye ko abo bagabo baba bicuza cyane kuri uwo mwanya batigeze babonera imiryango yabo.
  • ‎Amarangamutima baterekanye:  Kutagaragaza amarangamutima yabo uko bikwiye biri mu bintu abagabo bageze mu myaka ya 60 bicuza cyane nk'uko byagaragajwe n'ubushakashatsi bwakozwe na BBC , aho bamwe muri abo bagabo bwakoreweho ngo bicuza ibyo bahombye kubera kutagaragaza amarangamutima yabo kuko ngo bari abo birangira bari bonyine muri iyo myaka.

  • ‎Kureka ubwoba bukayobora imyanzuro yabo: Muri iyo myaka, benshi mu bagabo , bibabarira amakosa bagize yo kureka ubwoba akaba aribwo buyobora amarangamutima yabo kugeza muri za 60. Ibyo biba byaratumye bamwe bahera aho bari , bategekwa gukora ibitari ngombwa , ndetse bigatuma batagira ibyo bageraho.

  • ‎Kubura inshuti nziza mu buzima bwabo: Ubushakashatsi bugaragaza ko  inshuti nziza ari ingenzi ku buzima bwa muntu gusa hari ababura inshuti kubera  akazi kenshi, kwimuka cyangwa kutita ku bintu , ibyo bigatuma iyo bageze muri ya myaka batangira kwiheba.

  • ‎Kutishimira ubuzima bafite : Benshi mu bagabo bamenya agaciro k'ubuzima ntabwo bagifite. Mu gihe bataga umwanya mu bidafite umumaro barabyicuza kandi ntabwo baba bashobora kubisubiza inyuma.

‎Ibi kandi bigendana n'uburyo umugabo abaho uko abandi babishaka atari uko we abishaka.

  • ‎Kuba ataragize ibimurangaza: Benshi mu bagabo bamara imyaka myinshi bari kubaha ejo hazaza habo, bitaye ku mpano zabo nibyo bakora ntibibuke ko ubuzima bukenera ibibunezeza.

‎Uramutse ufite ikibazo ukeneyeho inama zihariye ku buzima bwawe , Twandikire kuri watsapp yacu 0791859465.

Inkuru zerekeye

‎Kenya : Umugabo yakangutse asohoka muri 'Moroge' nyuma y'amasaha 20 bitangajwe ko yapfuye
Hanze

‎Kenya : Umugabo yakangutse asohoka muri 'Moroge' nyuma y'amasaha 20 bitangajwe ko yapfuye

‎Mu Karere ka Naivasha mu Gihugu cya Kenya hakomeje kuvugwa inkuru idasanzwe y'umusore yavuye muri Moroge mu masaha y'Ijoro nyuma y'amasaha 20 bitangajwe ko yapfuye ndetse n'umuryango we wiyakiriye.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 3 yashize
‎Igitsina gore : Imyambaro wakwambara uramutse ufite amaguru meza ugakebura ibikanu by'abagabo
Izindi nkuru

‎Igitsina gore : Imyambaro wakwambara uramutse ufite amaguru meza ugakebura ibikanu by'abagabo

‎N'ubwo bitemewe mu muco Nyarwanda kwambara impenure, ntibikuyeho ko benshi mu bagore n'abakobwa basomye , bakagira imyimvire yabo, bazambara (Mini) kandi bakumva ko baberewe ari na yo mpamvu muri iyi nkuru twateguye, utwambaro twambarwa n'abo bibwira ko bafite amaguru meza bakaberwa kurushaho abikwije.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 21
Uburyo burakoreshwa harebwa amanota y’ibizamini bya Leta
Izindi nkuru

Uburyo burakoreshwa harebwa amanota y’ibizamini bya Leta

Kuri uyu wa 20 Kanama 2026 nibwo hatangazwa amanota y’ibizamini bya Leta by’amashuri abanza nk’uko byatangajwe na NESA. Amanota arebwa mu buryo bwa Interineti na SMS nk’uo tugiye kubirebera hamwe.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 20
RDC: Abasirikare bahunze urugamba rwo muri Kivu y’Amajyepfo bafatiwe mu mabandi
Izindi nkuru

RDC: Abasirikare bahunze urugamba rwo muri Kivu y’Amajyepfo bafatiwe mu mabandi

RDC: Abasirikare bahunze urugamba rwo muri Kivu y’Amajyepfo bafatiwe mu mabandi

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 15
White House yahakanye amakuru y’uburwayi bwa Trump
Izindi nkuru

White House yahakanye amakuru y’uburwayi bwa Trump

White House yahakanye amakuru y’uburwayi bwa Trump

KWIZERA Jean de Dieu2026 Mata 5
Minisitiri Bizimana yasabye kwitwararika mu ikoreshwa ry’ijambo “gutwika”
Izindi nkuru

Minisitiri Bizimana yasabye kwitwararika mu ikoreshwa ry’ijambo “gutwika”

Minisitiri Bizimana yasabye kwitwararika mu ikoreshwa ry’ijambo “gutwika”

KWIZERA Jean de Dieu2026 Mata 4

Inkuru zishyashya

‎MU MAFOTO : Diamond Platnumz yatanze ibyishimo bisendereye mu gitaramo cyitabiriwe cyane n'urubyiruko
INKURU NYAMUKURU

‎MU MAFOTO : Diamond Platnumz yatanze ibyishimo bisendereye mu gitaramo cyitabiriwe cyane n'urubyiruko

‎Nyuma y'imyaka itatu, Diamond Platnumz yongeye guha ibyishimo Abanyarwanda mu gitaramo cyabereye mu Mugi wa Kigali.Ni igitaramo Simba yahuriyemo na Bruce Melodie , Nel Ngabo na Ish Kevin.

KWIZERA Jean de Dieuiminota 13 zashize
Ubujurire bwa KNC bwateshejwe agaciro kuri Hakim Hamissi
Imikino

Ubujurire bwa KNC bwateshejwe agaciro kuri Hakim Hamissi

KNC nyuma yo kutemera ibyavuye muri komisiyo y'amategeko. Akajurira. Akanama kigenga k'ubujurire katesheje agaciro ubujurire bwe.

ADAM Yannickiminota 10 zashize
‎Gen Muhoozi yavuze ko agomba gufunga aba-General bose bahawe ikiruhuko cy'izabukuru bakabyishimira
Hanze

‎Gen Muhoozi yavuze ko agomba gufunga aba-General bose bahawe ikiruhuko cy'izabukuru bakabyishimira

‎Gen Muhoozi Kainarugaba , Umugaba Mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba Umuhungu wa Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko kubera amashusho y'aba-general bashyizwe mu kiruhuko cy'izabukuru yabagaragaye bari kubyina cyane , agomba kubafunga bose.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 11 yashize
Bamwe mu bakinnyi bashya ba Rayon Sports bashobora kudakoreshwa ku mukino wa mbere muri CAF Confederation
Imikino

Bamwe mu bakinnyi bashya ba Rayon Sports bashobora kudakoreshwa ku mukino wa mbere muri CAF Confederation

Kugeza ubu amakuru avuga ko bamwe mu bakinnyi bashya b’ikipe ya Rayon Sports, Mohamed Ouattara, Sandja Bula na Elie Mukono Eldinho bashobora kudakoreshwa ku mukino wa mbere wa CAF Confederation Cup bitewe n’uko urwego rwabo rukiri hasi.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 12 yashize
Nyagatare: Minisitiri Habimana yibukije abaturage gufatanya kurandura ibyuma n’inzoga zitujuje ubuziranenge
Rwanda

Nyagatare: Minisitiri Habimana yibukije abaturage gufatanya kurandura ibyuma n’inzoga zitujuje ubuziranenge

Mu murenge wa Rwimiyanga habereye Umuganda ngarukakwezi wahuje abaturage, abayobozi bo mu nzego za Leta, inzego z’umutekano n’urubyiruko rwo muri gahunda ya 'Soberchou', hagamijwe gukomeza ubufatanye mu gukemura ibibazo bibangamira umutekano, ubuzima n’iterambere ry’abaturage.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 12 yashize
‎Yatunguwe cyane ! Celine Dion yongeye kugaragara mu ruhame nyuma y'imyaka ibiri
INKURU NYAMUKURU

‎Yatunguwe cyane ! Celine Dion yongeye kugaragara mu ruhame nyuma y'imyaka ibiri

‎Umuhanzikazi Celine Dion yatunguwe n'imbaga nyamwinshi mu Mugi wa Paris mu Bufaransa ubwo yari yongeye kugaragara mu ruhame nyuma y'imyaka ibiri.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 16 yashize