‎Ni iya mbere mu Rwanda ! Byinshi kuri Zero Six Cake
Inkuru zamamaza

‎Ni iya mbere mu Rwanda ! Byinshi kuri Zero Six Cake

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nzeri 153 min gusoma
‎Ni iya mbere mu Rwanda ! Byinshi kuri Zero Six Cake

Zero Six Cake ni Kompanyi nziza ikora ibijyanye na Cake mu Karere ka Musanze ariko ikaba igera mu Gihugu hose bitewe n'aho utuye dore ko afite abakozi benshi kandi b'abahanga.

‎Niba ufite ibirori bitandukanye mu rugo rwawe cyangwa ahandi hantu, ukaba ukeneye Cake nziza kandi ikozwe mu buryo bugezweho, korana na Zero Six Cake bagukorere Cake uzahora wibuka ku mafaranga make.

‎Ku baturage bo mu Karere ka Musanze , Rubavu , Nyabihu, Ngororero , mu Turere twose tw'Umugi wa Kigali ndetse no hanze yatwo gana ZERO SIX CAKE ; Ubukwe, Isabukuru y'amavuko, ndetse n'ibindi babikorere Cake idasanzwe kuri make.

‎Nta bwoko bwa Cake badakora bitewe nibyo wifuza ndetse bagerekaho n'udushya bakura mu buhanga bwabo ndetse n'uburambe bafite.

‎ZERO SIX CAKE WABASANGA  MU:

Akarere Musanze

Umurenge  wa Muhoza

‎Akagari Mpenge

‎Umudugudu Rukoro.

‎Ni muhanda ujya ku Musigiti , Six Zero Cake 'dukorera hagati y'Ibereshi rya Mbere' nirya ka 2 uri kuva mu Mugi ureba ibumoso bwawe ahanditse zero six cakes'.

‎Tel cyangwa watsapp :  0783847662

‎Iyo Numero uyayibonye natwe watwandikira kuri watsapp : 0791859465

Inkuru zerekeye

Inkuru zishyashya

‎Ndashaka umukunzi twazabana  sinitaye ku kuba yarabaye ! Soma inkuru irambuye
Inkuru z'urukundo

‎Ndashaka umukunzi twazabana sinitaye ku kuba yarabaye ! Soma inkuru irambuye

‎Hambere aha , nta rugo rwabagaho rudafite umuranga (Umuntu wahuzaga imitima ibiri yaburanye). Umusore wabaga amaze kwitegura yahuraga n'umuntu baziranye wamwitegereje akabona ko yujuje byose yarangiza akamurangira umukobwa azi wujuje ubwiza , imico ndetse n'imyifatire y'Umunyarwandakazi. Iyo niyo mpamvu twahisemo kuba umuranga.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 4 yashize
Dore ibintu 5 byo kwitaho mbere yo kurongora
Inkuru z'urukundo

Dore ibintu 5 byo kwitaho mbere yo kurongora

Gukunda umuntu cyane ntibihagije ngo uhite ufata umwanzuro wo kubakana na we. Mbere yo gushinga urugo, hari ibintu by’ingenzi umuntu akwiye gusuzuma kugira ngo amenye niba uwo mubano ufite umusingi ukomeye.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 5 yashize
Kayonza: Umucuruzi bamufatiyeho icyuma bamwiba miliyoni 2,4 Frw
Inkuru ku Rwanda

Kayonza: Umucuruzi bamufatiyeho icyuma bamwiba miliyoni 2,4 Frw

Umucuruzi wo mu Murenge wa Rukara mu Karere ka Kayonza ararira ayo kwarika nyuma yo gufatirwaho icyuma n’abajura bakamwiba arenga miliyoni 2,4 Frw yari afite kuri Mobile Money.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 6 yashize
Uwamwise amazina yamenyekanye ! Diamond Platnumz na Zuchu berekanye umwana wabo
Imyidagaduro

Uwamwise amazina yamenyekanye ! Diamond Platnumz na Zuchu berekanye umwana wabo

Umuhanzikazi Zuchu hamwe n'umugabo we babyaranye bakoze ibirori byo kwerekana umwana baherutse kwibaruka. Ni ibirori batumiyemo imiryango, inshuti ndetse na bamwe mu bafite icyo basobanuye kuri bo.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 6 yashize
AFC/M23 n’ingabo za Leta ya RDC bihanganiye i Masisi na Point-Zéro
Hanze

AFC/M23 n’ingabo za Leta ya RDC bihanganiye i Masisi na Point-Zéro

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’imitwe bikorana byagabye ibitero mu bice bituwe cyane muri Teritwari ya Masisi no muri Point-Zéro hafi ya Komini Minembwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 19 yashize
Iradukunda Pascal yabonye ikipe nshya muri Arabie Saoudite
Imikino

Iradukunda Pascal yabonye ikipe nshya muri Arabie Saoudite

Iradukunda Pascal ukina mu kibuga hagati ariko washeshe amasezerano yari afitanye na Rayon Sports, yabonye ikipe nshya ya Nova Star SC ikina muri Shampiyona y’Icyiciro cya Kabiri muri Arabie Saoudite.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize