Umunsi.comstudent.umunsi.comwriter.umunsi.com
Weekend yageze  ! Tekereza El Classico Beach Chez West niba ushaka gusohoka ukishimira ibyo wagezeho !
Inkuru zamamaza

Weekend yageze ! Tekereza El Classico Beach Chez West niba ushaka gusohoka ukishimira ibyo wagezeho !

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nzeri 1274 min gusoma
Weekend yageze  ! Tekereza El Classico Beach Chez West niba ushaka gusohoka ukishimira ibyo wagezeho !

Urashaka gutembera n'umuryango wawe ? Urashaka gusohokana n'abawe ? Tekereza kuri El Classico Beach kuko ariho hafite ibyo wifuza byose. Hari amafunguro meza ayobowe n'Ifi, hari inkoko , ndetse hakaba n'ibyo kunywa bigezweho. Bagufitiye amacumbi meza kandi abari mu kwezi kwa buki bo bahabwa na Poromosiyo yo gutembera mu Kiyaga cya Kivu mu bwato ku buntu iyo barahamara kabiri.

El Classico Beach Chez West ni hamwe mu hantu heza ho gusohokera mu Rwanda, haherereye ku nkengero z’Lake Kivu mu Karere ka Rubavu District, hafi y’uruganda rwa BRALIRWA ahazwi nko kuri Brasserie. Ni ahantu huzwiho gutanga serivisi nziza zituma abahasuye bahora bahifuza kongera kuhagaruka.

Iyi bar na restaurant yamaze kubaka izina rikomeye mu kwakira neza abayigana, ibikesha uburyo bwihariye itegura amafunguro aryoshye, cyane cyane amafi mashya akurwa mu kiyaga cya Kivu agategurirwa aho nyine.

Ku bakunda ibiryo by’umwihariko, El Classico Beach igufitiye ifi ku mafaranga 8,000 Frw, mu gihe “Big Fish” igura 10,000 Frw, ikazanwa n’ifiriti n’ibindi birungo bituma igira uburyohe budasanzwe.

Uretse amafunguro, hari n’ibindi bikorwa bishimisha nko gutembera mu kiyaga cya Kivu ukoresheje ubwato bwihuta (Speed Boat), bigatuma abahasohokeye barushaho kwidagadura no kwishimira ibihe byiza.

485783676_963789092624579_1219549148165675972_n.jpg

Ku bashaka gucumbika, El Classico Apartment itanga amacumbi meza ari ku nkengero z’ikiyaga, by’umwihariko ku bari mu kwa buki, aho bahabwa ifunguro rya mu gitondo ku buntu ndetse bagatemberezwa mu kiyaga cya Kivu batishyuye.

Waba ushaka gusohokana n’umukunzi wawe, umuryango wawe cyangwa inshuti, El Classico Beach Chez West ni amahitamo meza ku bashaka serivisi nziza n’ahantu heza ho kuruhukira.

Ushobora kubahamagara cyangwa kubandikira kuri WhatsApp ukoresheje nimero: 0783256132.

485889396_963788902624598_7325872402053255198_n.jpg

514322666_1039531935050294_4232623575195605523_n.jpg

Ibyifuzo by’abasomyi

Andika igitekerezo cyawe

0/2000

Igitekerezo cyawe kizemezwa n’abaditsi mbere y’uko cyagaragara. Ibyanditsse n’ababotsi cyangwa spam ntibyemewe.

Inkuru zerekeye

Inkuru zishyashya

Nelly Mukazayire Minisitiri wa Siporo yeretse urubyiruko ko igihugu kirukeneye ari ruzima
Imikino

Nelly Mukazayire Minisitiri wa Siporo yeretse urubyiruko ko igihugu kirukeneye ari ruzima

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yatangaje ko Leta y’u Rwanda yatangije ubukangurambaga bwo kurwanya ibisindisha ndetse n’ibiyobyabwenge kubera ko byibasira urubyiruko kandi ari rwo igihugu gitezeho amaboko yo kucyubaka.

KWIZERA Jean de Dieuiminota 33 zashize
Gicumbi: Umugabo akurikiranweho gusambanya umukobwa we w’imyaka 19 ku gahato
Inkuru ku Rwanda

Gicumbi: Umugabo akurikiranweho gusambanya umukobwa we w’imyaka 19 ku gahato

Umugabo w’imyaka 42 y’amavuko utuye mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Nyamiyaga, Akagari ka Kabeza, yasabiwe n’Ubushinjacyaha gufungwa iminsi 30 y’agateganyo kubera icyaha cyo gukoresha umukobwa we imibonano mpuzabitsina ku gahato.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 11 yashize
Rutsiro: Umusore afunzwe akekwaho gusambanya umwana amwizeza kumugira umugore
Inkuru ku Rwanda

Rutsiro: Umusore afunzwe akekwaho gusambanya umwana amwizeza kumugira umugore

Umusore w’imyaka 21 wo mu Karere ka Rutsiro afunzwe akekwaho gushukisha umwana w’imyaka 16 kumugira umugore akarara amusambanya ijoro ryose.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
Abanyeshuri 94,33% batsinze ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye
INKURU NYAMUKURU

Abanyeshuri 94,33% batsinze ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje ko abanyeshuri 94,33% batsinze ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2025/2026.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 2 yashize
NESA igiye gutangaza amanota y’ibizamini bisoza amashuri yisumbuye
INKURU NYAMUKURU

NESA igiye gutangaza amanota y’ibizamini bisoza amashuri yisumbuye

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje ko amanota y’ibizamini bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2025/2026 azatangazwa kuri uyu wa 11 Nzeri 2026, saa munani z’amanywa (2:00 PM).

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 2 yashize
AFC-M23 yatangaje umubare w’abapfiriye mu nkongi y’umuriro y’i Bukavu
Hanze

AFC-M23 yatangaje umubare w’abapfiriye mu nkongi y’umuriro y’i Bukavu

Ihuriro AFC-M23 ryatangaje ko abana n’abanyeshuri 24, barimo abakobwa 19 n’abahungu batanu, ari bo bapfiriye mu nkongi y’umuriro yibasiye amazu yo mu gace ka Tshimpunda ho muri Komini ya Kadutu, mu Mujyi wa Bukavu.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 2 yashize