Umunsi.com
Abagabo gusa: Menya ibintu 5 wakora bigatuma abagore barushaho kukubaha
Inkuru z'urukundo

Abagabo gusa: Menya ibintu 5 wakora bigatuma abagore barushaho kukubaha

Admin User2026 Gicurasi 214 min gusoma
Abagabo gusa: Menya ibintu 5 wakora bigatuma abagore barushaho kukubaha

Waba warigeze kumva imvugo igira iti ‘icyubahiro kiraharanirwa, ntigihatirizwa cyangwa ngo kigurwe?’

Hari abagabo ujya wumva bijujutira abagore cyangwa abakobwa batandukanye ngo ntibabubaha ugasanga impamvu barazishakira ku gitsina gore. Nyamara ukuri ni uko umuntu wese akubaha kuko witwara neza ugaharanira kubahwa kandi ibi ntibisaba ubuhanga buhanitse.

Dore ibintu bike by’ibanze wakora kugira ngo igitsinagore kikubahe nk'uko tubikesha urubuga Elcrema.

Guhorana ibyishimo: Ukwiye guhora buri gihe umwenyura kabone n’ubwo ubuzima ubamo bwaba butabikwemerera, ntugakomeze ibintu. Abantu bishimye kandi basetsa usanga banakurura abandi bagahora bashaka kubegera. Niba uhuye n’umukobwa cyangwa umugore bwa mbere, muganirize utuntu dusekeje kandi wifitiye icyizere ariko wirinde kubigira birebire.

Ubu ni uburyo bwiza bwo gufungura amarangamutima y’umugore cyangwa umukobwa muhuye bwa mbere kuko bituma ahorana amatsiko yo kurushaho kukumenya.

Igirire icyizere kandi uhore wisanzuye: Abagore benshi banezezwa no kubona umugabo wihagazeho kandi wifitiye icyizere n’ubwo bamwe muri bo bigira nk’aho bitabafasheho. Gukunda abagabo bigirira icyizere binaba muri kamere y’abagore kuko bazi ko abagabo nk’aba baboneka hake. Gusa ntukihingemo kwigirira icyizere ahubwo uge ureka bibe ibiri muri wowe ubwawe.

Iga kandi kumva wisanzuye igihe uri kumwe n’umugore kuko nawe ashobora kukugerageza kugira ngo arebe ko koko wihagazeho cyangwa ari ibyo uri kwihingamo. Nasanga koko uri umugabo uhamye, azishimira kukubona ndetse aniyumvemo ko ari wowe yashakaga.

Haranira kugira ibitekerezo byagutse: Abagabo bamwe usanga batinya kurwana intambara yo kwigarurira umugore nyamara iyo umaze kwigarurira umutima w’umugore nta n’ikindi utabasha kwigarurira. Ntugakererezwe no kwibaza ngo ese ubu ndamubwira iki kuko bizaguca intege bitume unatinya. Gerageza kwegera abagore muganire ndetse hari n’ubwo bamwe usanga bakwitwaraho nabi, ibyo ntibikakubuze gukomeza buke buke uzagera k’uwo ushaka.

Ambara neza: Iga kwambara neza kandi uberwe, ntukifate nk’aho utiyitayeho.Ntukabereho gushimisha cyangwa kunezeza Abagabo bamwe cyangwa abasore bakunda kwishushanya akaba yanakora ibyo adashoboye ngo akunde anezeze umugore cyangwa umukobwa. Ba uwo uriwe w’umwimerere. Wibaho ubuzima bwawe ngo ugire uwo unezeza, baho wisanzuye igihe ubona ntawe bishyira mu bibazo. Uwo kugukunda azagukundira icyo.

Inkuru zerekeye

‎Ibintu abagore bakunda cyane babihawe n'abagabo
Inkuru z'urukundo

‎Ibintu abagore bakunda cyane babihawe n'abagabo

‎Ubusanzwe nk'uko amateka abivuga , abagore bakunda kwishingikiriza ku bagabo ndetse burya , ngo hari ibintu abagore bakunda cyane ariko bikaba akarusho bivuye kubo bashakanye.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
NDASHAKA UMUKUNZI ! Ndi umugore mfite abana 3 n’imyaka 35 ndashaka umukunzi twazarushinga akaba akunda Imana
Inkuru z'urukundo

NDASHAKA UMUKUNZI ! Ndi umugore mfite abana 3 n’imyaka 35 ndashaka umukunzi twazarushinga akaba akunda Imana

Umugore w’imyaka 35 y’amavuko yaratwandikiye adusaba ko twagaragaza ko akeneye umukunzi , umugabo cyangwa umusore waba witeguye gukundana na we no kubana na we nk’umugore n’umugabo akaba yaboneraho.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 6 yashize
‎Urukundo rwa Cia rwari rwiza cyane ari intangarugero ariko rurangira nabi ,  ubuzima burahinduka.
Inkuru z'urukundo

‎Urukundo rwa Cia rwari rwiza cyane ari intangarugero ariko rurangira nabi ,  ubuzima burahinduka.

Abantu benshi bakundaga kuvuga ko urukundo rwa Cia rwari nk'inzozi kuri bo kuko we n'umukunzi we bahoranaga inseko mu buzima bwabo, bagasangira ibihe byiza, ndetse benshi bakabafata nk'urugero rw'abashakanye babanye neza muri icyo gihe.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 31
Abasore gusa! Menya ahantu umukobwa ahita akubita amaso bwa mbere ukimwegera ujye uhagenzura cyane
Inkuru z'urukundo

Abasore gusa! Menya ahantu umukobwa ahita akubita amaso bwa mbere ukimwegera ujye uhagenzura cyane

Abasore gusa! Menya ahantu umukobwa ahita akubita amaso bwa mbere ukimwegera ujye uhagenzura cyane

Admin User2026 Gicurasi 22
Abasore gusa: Ibintu ukwiriye kwitaho ku mukunzi wawe mu gihe ushaka ko mubana amahoro
Inkuru z'urukundo

Abasore gusa: Ibintu ukwiriye kwitaho ku mukunzi wawe mu gihe ushaka ko mubana amahoro

Abasore gusa: Ibintu ukwiriye kwitaho ku mukunzi wawe mu gihe ushaka ko mubana amahoro

Admin User2026 Gicurasi 22
Abasore gusa: Dore ibintu 6 usabwa gukora mu gihe ufitiye umukobwa ibyiyumviro bikabije
Inkuru z'urukundo

Abasore gusa: Dore ibintu 6 usabwa gukora mu gihe ufitiye umukobwa ibyiyumviro bikabije

Abasore gusa: Dore ibintu 6 usabwa gukora mu gihe ufitiye umukobwa ibyiyumviro bikabije

Admin User2026 Gicurasi 22

Inkuru zishyashya

Umutwe wa AFC/M23 washyize hanze amabwiriza mashya ku bwo kwirinda icyorezo cya Ebola cyugarije DR – Congo
Hanze

Umutwe wa AFC/M23 washyize hanze amabwiriza mashya ku bwo kwirinda icyorezo cya Ebola cyugarije DR – Congo

Umutwe wa AFC/M23 uyobora ibice binini muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashyizeho ingamba nshya zigamije kurinda icyorezo cya Ebola cyugarije icyo Gihugu.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 2 yashize
Umukunzi wa Lamine Yamal yatunguranye azimya umuriro wototeraga urukundo rwabo - AMAFOTO
Imikino

Umukunzi wa Lamine Yamal yatunguranye azimya umuriro wototeraga urukundo rwabo - AMAFOTO

Umukunzi wa Lamine Yamal Ines Garcia yagaragaje urwo akunda uwo musore usanzwe ikinira ikipe ya Fc Barcelona na Espanye. Ubutumwa uyu mwari yashyize hanze bwakangaranyije imbuga nkoranyambaga bupfukirana abashakaga kubatanya.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 15 yashize
Theirry Luvumbu wakiniye Rayon Sports akayihenuraho yavuze ko ari gupfa yumva kandi bucece
Imyidagaduro

Theirry Luvumbu wakiniye Rayon Sports akayihenuraho yavuze ko ari gupfa yumva kandi bucece

Rutahizamu Héritier Luvumbu Nzinga ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo , wavuye mu Rwanda yihenuye ndetse akoze amabara, yatangaje ko ababajwe n’uburyo yatereranywe n’Ubuyobozi bw’Igihugu cye mu gihe cy’imyaka ibiri amaze avuye mu Rwanda asobanura ko ari gupfa yumva kandi bucece.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 16 yashize
Uburyo burakoreshwa harebwa amanota y’ibizamini bya Leta
Izindi nkuru

Uburyo burakoreshwa harebwa amanota y’ibizamini bya Leta

Kuri uyu wa 20 Kanama 2026 nibwo hatangazwa amanota y’ibizamini bya Leta by’amashuri abanza nk’uko byatangajwe na NESA. Amanota arebwa mu buryo bwa Interineti na SMS nk’uo tugiye kubirebera hamwe.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 17 yashize
‎Mu mafoto adasanzwe ya Cinema turagukumbuza nyakwigendera Hayden Panettiere wamamaye muri Nashville, Heroes n'izindi
Cinema

‎Mu mafoto adasanzwe ya Cinema turagukumbuza nyakwigendera Hayden Panettiere wamamaye muri Nashville, Heroes n'izindi

‎Umunyabigwi Hayden Panettiere yasize amateka muri Cinema atazigera yibagirana mu mateka y'Isi dore ko yatangiye kuzikina akiri umwana muto kugeza apfuye ku wa 16 Kanama 2026 ku myaka 36 y'amavuko.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
Kimenyi na Muyanga nta mitungo bafite yo kugabana ! Byinshi ku rubanza rwabo
Imyidagaduro

Kimenyi na Muyanga nta mitungo bafite yo kugabana ! Byinshi ku rubanza rwabo

Umushabitsi mu myidagaduro Miss Muyango Claudine na Kimenyi Yves bari mu nzira zo gutandukana mu bwumvikane bwemewe n’amategeko nyuma y’imyaka ibiri bakoze ubukwe.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize