Umunsi.com
‎Ibintu abagore bakunda cyane babihawe n'abagabo
Inkuru z'urukundo

‎Ibintu abagore bakunda cyane babihawe n'abagabo

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 197 min gusoma
‎Ibintu abagore bakunda cyane babihawe n'abagabo

‎Ubusanzwe nk'uko amateka abivuga , abagore bakunda kwishingikiriza ku bagabo ndetse burya , ngo hari ibintu abagore bakunda cyane ariko bikaba akarusho bivuye kubo bashakanye.

‎Abahanga bemeza ko urukundo rutubakwa hagendewe ku buryo umuntu agaragara inyuma ahubwo ko rwubakwa hashingiye kubyo uwo muntu atanga n'uburyo abitangamo. Ku bagore benshi , uburyo umugabo atangamo ubutumwa bwe , uburyo aberekako abitayeho, n'uburyo afasha amarangamutima yabo nibyo bituma biyumva nk'abadasanzwe.

‎N'ubwo rero abantu batandukanye, ariko hari ibintu byumutse rwose , abantu benshi bakunda k'uwo bacuditse by'imbere.

‎1.Gutanga umwanya: Abantu benshi by'umwihariko abagore bakunda abagabo bagira umuco wo guha umwanya abo bashakanye , bakabatega amatwi, bakabumva kuburyo buri kimwe umugore yavuze uba ucyibuka. Guha umuntu umwanya wawe wose bituma abona ko ari uw'agaciro kandi ko yubashywe.

‎2.Kumwubaha: Kubahana ni ryo zingiro ry'urukundo rw'ukuri kandi ruzima. Mu kubahana habamo , guhana ibitekerezo gukuza umubano n'ibindi. Iyo umuntu akubaha ntabwo aba ashobora kukubwira nkana ibyo aziko bigushengura ngo abikore rimwe , Kabiri ,..

‎3.Ku kwitaho: Abagore bakunda abagabo bazi kubitaho cyane mu buryo budasanzwe. Mbese bakunda guhabwa umwanya wose mu bintu umugabo ana akora. Ikindi ibyo bijyana no kuba wafata umwanya ukamuhobera, ukamusoma ndetse ukamuha iby'agaciro ariko bitakamurusha, bituma yumva asanzwe.

‎4.Kumenya kuganira: Buri mugore wese aho ava akagera, akunda umugabo uzi kuganira kandi ufata umwanya rimwe na rimwe agatera urwenya. Mu byukuri  burya kumenya kuganira no gutebya ku mugabo bisusurutsa umutima w'umugore.

‎5.Gushimira: Abagore bakunda abagabo bazi kubashimira kuri duto baba bakoze cyangwa kuri byinshi baba bakoze. Gushimira ntabwo iteka biba bivuze impano n'ubwo nazo ari ingenzi cyane.

‎6.Umugabo uzi kubafasha mu marangamutima: Aha wenda wowe urabyumva cyane niba ufite uwo mwashakanye cyangwa uwo mukundana.  Umugabo ubasha gutega amatwi uwo bashakanye akabasha kumuha agaciro , akaba yamuha inama aho ziri ngombwa , akamufasha gukemura ibibazo bye bwite , ndetse akaba umujyanama we mwiza uwo arakundwa cyane ndetse niwe abagore benshi baba bashaka.

‎7.Uwo kumarana nawe igihe kandi wo kwizerwa: Ntabwo wakumva uburyo abagore bakunda umugabo ubaha umwanya uhagije ndetse bagakunda cyane umugabo bizera bakaba bashobora kumubitsa amabanga yose.  bafite. Umugore w'umuhanga abasha kwizera uwo bashakanye n'aho umupfapfa we amujyana ahandi.

‎Mu byukuri nta buryo ntamakemwa buriho bwo kwita k'uwo mwashakanye ariko ubwo ukoresha nibwo bwiza kandi bukomeze niba ubona bumunyura wongere n'ubu wahawe.

Inkuru zerekeye

NDASHAKA UMUKUNZI ! Ndi umugore mfite abana 3 n’imyaka 35 ndashaka umukunzi twazarushinga akaba akunda Imana
Inkuru z'urukundo

NDASHAKA UMUKUNZI ! Ndi umugore mfite abana 3 n’imyaka 35 ndashaka umukunzi twazarushinga akaba akunda Imana

Umugore w’imyaka 35 y’amavuko yaratwandikiye adusaba ko twagaragaza ko akeneye umukunzi , umugabo cyangwa umusore waba witeguye gukundana na we no kubana na we nk’umugore n’umugabo akaba yaboneraho.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 6 yashize
‎Urukundo rwa Cia rwari rwiza cyane ari intangarugero ariko rurangira nabi ,  ubuzima burahinduka.
Inkuru z'urukundo

‎Urukundo rwa Cia rwari rwiza cyane ari intangarugero ariko rurangira nabi ,  ubuzima burahinduka.

Abantu benshi bakundaga kuvuga ko urukundo rwa Cia rwari nk'inzozi kuri bo kuko we n'umukunzi we bahoranaga inseko mu buzima bwabo, bagasangira ibihe byiza, ndetse benshi bakabafata nk'urugero rw'abashakanye babanye neza muri icyo gihe.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 31
Abasore gusa! Menya ahantu umukobwa ahita akubita amaso bwa mbere ukimwegera ujye uhagenzura cyane
Inkuru z'urukundo

Abasore gusa! Menya ahantu umukobwa ahita akubita amaso bwa mbere ukimwegera ujye uhagenzura cyane

Abasore gusa! Menya ahantu umukobwa ahita akubita amaso bwa mbere ukimwegera ujye uhagenzura cyane

Admin User2026 Gicurasi 22
Abasore gusa: Ibintu ukwiriye kwitaho ku mukunzi wawe mu gihe ushaka ko mubana amahoro
Inkuru z'urukundo

Abasore gusa: Ibintu ukwiriye kwitaho ku mukunzi wawe mu gihe ushaka ko mubana amahoro

Abasore gusa: Ibintu ukwiriye kwitaho ku mukunzi wawe mu gihe ushaka ko mubana amahoro

Admin User2026 Gicurasi 22
Abasore gusa: Dore ibintu 6 usabwa gukora mu gihe ufitiye umukobwa ibyiyumviro bikabije
Inkuru z'urukundo

Abasore gusa: Dore ibintu 6 usabwa gukora mu gihe ufitiye umukobwa ibyiyumviro bikabije

Abasore gusa: Dore ibintu 6 usabwa gukora mu gihe ufitiye umukobwa ibyiyumviro bikabije

Admin User2026 Gicurasi 22
Abagore gusa: Impamvu 7 zishobora gutuma umugabo yirengagiza urwo yaba agukunda rwose akakureka
Inkuru z'urukundo

Abagore gusa: Impamvu 7 zishobora gutuma umugabo yirengagiza urwo yaba agukunda rwose akakureka

Abagore gusa: Impamvu 7 zishobora gutuma umugabo yirengagiza urwo yaba agukunda rwose akakureka

Admin User2026 Gicurasi 21

Inkuru zishyashya

Umukunzi wa Lamine Yamal yatunguranye azimya umuriro wototeraga urukundo rwabo - AMAFOTO
Imikino

Umukunzi wa Lamine Yamal yatunguranye azimya umuriro wototeraga urukundo rwabo - AMAFOTO

Umukunzi wa Lamine Yamal Ines Garcia yagaragaje urwo akunda uwo musore usanzwe ikinira ikipe ya Fc Barcelona na Espanye. Ubutumwa uyu mwari yashyize hanze bwakangaranyije imbuga nkoranyambaga bupfukirana abashakaga kubatanya.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 5 yashize
Theirry Luvumbu wakiniye Rayon Sports akayihenuraho yavuze ko ari gupfa yumva kandi bucece
Imyidagaduro

Theirry Luvumbu wakiniye Rayon Sports akayihenuraho yavuze ko ari gupfa yumva kandi bucece

Rutahizamu Héritier Luvumbu Nzinga ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo , wavuye mu Rwanda yihenuye ndetse akoze amabara, yatangaje ko ababajwe n’uburyo yatereranywe n’Ubuyobozi bw’Igihugu cye mu gihe cy’imyaka ibiri amaze avuye mu Rwanda asobanura ko ari gupfa yumva kandi bucece.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 5 yashize
Uburyo burakoreshwa harebwa amanota y’ibizamini bya Leta
Izindi nkuru

Uburyo burakoreshwa harebwa amanota y’ibizamini bya Leta

Kuri uyu wa 20 Kanama 2026 nibwo hatangazwa amanota y’ibizamini bya Leta by’amashuri abanza nk’uko byatangajwe na NESA. Amanota arebwa mu buryo bwa Interineti na SMS nk’uo tugiye kubirebera hamwe.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 6 yashize
‎Mu mafoto adasanzwe ya Cinema turagukumbuza nyakwigendera Hayden Panettiere wamamaye muri Nashville, Heroes n'izindi
Cinema

‎Mu mafoto adasanzwe ya Cinema turagukumbuza nyakwigendera Hayden Panettiere wamamaye muri Nashville, Heroes n'izindi

‎Umunyabigwi Hayden Panettiere yasize amateka muri Cinema atazigera yibagirana mu mateka y'Isi dore ko yatangiye kuzikina akiri umwana muto kugeza apfuye ku wa 16 Kanama 2026 ku myaka 36 y'amavuko.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 14 yashize
Kimenyi na Muyanga nta mitungo bafite yo kugabana ! Byinshi ku rubanza rwabo
Imyidagaduro

Kimenyi na Muyanga nta mitungo bafite yo kugabana ! Byinshi ku rubanza rwabo

Umushabitsi mu myidagaduro Miss Muyango Claudine na Kimenyi Yves bari mu nzira zo gutandukana mu bwumvikane bwemewe n’amategeko nyuma y’imyaka ibiri bakoze ubukwe.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 19 yashize
Turbo King Super Cup 2026: FERWAFA yatangaje ikipe isimbura APR FC n'amatariki mashya izaberaho
Imyidagaduro

Turbo King Super Cup 2026: FERWAFA yatangaje ikipe isimbura APR FC n'amatariki mashya izaberaho

Nyuma y'uko APR FC ivuze ko itazitabira irushanwa rya Turbo King Super Cup 2026 Ivuga ko itaganirijwe mbere y'uko bahindura uko amakipe agomba kuryitabira ndetse ivuga ko k hari guhamagarwa abanyamuryango bose ba FERWAFA, kuko amakipe ane gusa atari yo agenewe irushanwa rya Super Cup, kuko ubundi rikinwa n’amakipe yitwaye neza mu mwaka wabanje abiri,iyatwaye shampiyona niyatwaye igikombe cy'amahoro. Aho bamenyesherejwe umwanzuro ku irushanwa, ngo wasanze Ikipe y’Ingabo z’Igihugu yarateguyemo imikino ya gicuti yo kwitegura irushanwa rya CAF Champions League 2026/27.

ADAM Yannickiminsi 1 yashize