Umunsi.com
Abagore gusa : Umugabo ufite ibi bimenyetso ntuzigere umwerera ko mubana
Inkuru z'urukundo

Abagore gusa : Umugabo ufite ibi bimenyetso ntuzigere umwerera ko mubana

KWIZERA Jean de Dieu2026 Gicurasi 167 min gusoma
Abagore gusa : Umugabo ufite ibi bimenyetso ntuzigere umwerera ko mubana
Mu buzima bigusaba guhitamo neza uwo muzabana ubuzima bwawe bwose kandi ukabikora witonze. Muri iyi nkuru tugiye kuburira abagore ndetse n'abakobwa mbere yo guhitamo.

Mu gihe wasanga uwo mwashakanye hari ibyo afite , urasabwa gushaka uko umuhindura.

1. Umugabo uhora abeshya: ‎Niba abeshya ku tuntu duto, azanabeshya ku bintu bikomeye. Icyizere ni yo nkingi y’urugo rwiza. Azatuma uhora umeze nk’umukozi wa RIB, nta mahoro uzagira.

‎2. Umugabo udashobora kwemera amakosa ye: ‎Nta na rimwe yemera ko yakoze ikosa. Amakosa yose ayashinja uwahoze ari umukunzi we, umuryango we, ubuzima yabayemo akiri muto, amahirwe mabi yagize ndetse nawe ubwawe.
Azakwangiza muburyo  bw’amarangamutima bikomeye.

‎3. Umugabo ugusuzugura iyo arakaye: ‎Kutumvikana bibaho, ariko agasuzuguro ntikagombye kuba ibintu bisanzwe.Niba ahora agutuka, agukoza isoni cyangwa agutera ubwoba igihe cyose arakaye, ubukwe buzabikuba inshuro nyinshi.

‎4. Umugabo utazi guharanira iterambere rya famille: ‎Si ukuba ari umukire.
‎Ahubwo Ni ukuba umuntu ufite inshingano. Umugabo usesagura amafaranga kandi ukabona ntacyo aba yitayeho mumikoreshereze y'amafaranga. Uwo ashobora kuzana ibibazo byinshi mu rugo rwanyu.

‎5. Umugabo uguca inyuma kandi ukabona ntanabyicuza: Amakosa arakorwa, ariko guhemuka kenshi nta kwicuza ni ikimenyetso gikomeye cyo kwitondera. Niba akubabaza akabifata nk’ibisanzwe, ubukwe ntibuzamuhindura mu buryo bw’igitangaza.

‎6. Umugabo utagira kwifata: Kuba yakwi Controla haba uburakari, inzoga, abagore, urusimbi cyangwa gufata imyanzuro y’akanya gato.Niba atabasha kwifata ngo ibyo byose ntibimukoreshe, umunsi umwe ushobora kuzababazwa n’amahitamo yanze kwitaho.

‎7. Umugabo usuzugura amarangamutima yawe: ‎Iyo umubwiye ikikubabaje, akubwira ko uri gukabya, ko uri kubyegereza Umutima cyane cyangwa ukomeza ibintu. Kubana n’umuntu uhora ahinyuza ibyo wiyumvamo bituma urugo rwanyu ruhinduka icumbi ry'irungu.

‎8. Umugabo udashaka gukura mu mitekerereze: ‎Nta muntu utagira amakosa, ariko gukura mu bwenge ni ingenzi.Niba atumva inama, atigira ku makosa kandi yumva azi byose, kubana nawe bishobora kukunaniza mu mutima no mu bitekerezo.

‎9. Umugabo ushaka kugutandukanya n’abantu bakwitaho: Witondere umugabo ushaka kugutegeka aho kugufata nk’umufatanyabikorwa. Niba ahora ashaka kugutandukanya n’umuryango, inshuti cyangwa abantu bagushyigikira, ibyo si urukundo.

‎10. Umugabo uguhoza murujijo aho kuguha amahoro: ‎Atuma uhora uhangayitse, urira, utekereza cyane, usabiriza ibisobanuro cyangwa wibaza aho muhagaze mu mubano wanyu. Urukundo ntirwakagombye kumera nk’intambara yo kubaho buri munsi.

‎Ubukwe ubwabwo buragoye bihagije. ‎Ntukirengagize ibimenyetso bibi wizeye ko urukundo ruzakosora byose. ‎Hari igihe kuba Single biruta gushakana n’umuntu utari ugukwiriye.
finicky-about-his-phone.jpg

Inkuru zerekeye

‎Ibintu abagore bakunda cyane babihawe n'abagabo
Inkuru z'urukundo

‎Ibintu abagore bakunda cyane babihawe n'abagabo

‎Ubusanzwe nk'uko amateka abivuga , abagore bakunda kwishingikiriza ku bagabo ndetse burya , ngo hari ibintu abagore bakunda cyane ariko bikaba akarusho bivuye kubo bashakanye.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
NDASHAKA UMUKUNZI ! Ndi umugore mfite abana 3 n’imyaka 35 ndashaka umukunzi twazarushinga akaba akunda Imana
Inkuru z'urukundo

NDASHAKA UMUKUNZI ! Ndi umugore mfite abana 3 n’imyaka 35 ndashaka umukunzi twazarushinga akaba akunda Imana

Umugore w’imyaka 35 y’amavuko yaratwandikiye adusaba ko twagaragaza ko akeneye umukunzi , umugabo cyangwa umusore waba witeguye gukundana na we no kubana na we nk’umugore n’umugabo akaba yaboneraho.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 6 yashize
‎Urukundo rwa Cia rwari rwiza cyane ari intangarugero ariko rurangira nabi ,  ubuzima burahinduka.
Inkuru z'urukundo

‎Urukundo rwa Cia rwari rwiza cyane ari intangarugero ariko rurangira nabi ,  ubuzima burahinduka.

Abantu benshi bakundaga kuvuga ko urukundo rwa Cia rwari nk'inzozi kuri bo kuko we n'umukunzi we bahoranaga inseko mu buzima bwabo, bagasangira ibihe byiza, ndetse benshi bakabafata nk'urugero rw'abashakanye babanye neza muri icyo gihe.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 31
Abasore gusa! Menya ahantu umukobwa ahita akubita amaso bwa mbere ukimwegera ujye uhagenzura cyane
Inkuru z'urukundo

Abasore gusa! Menya ahantu umukobwa ahita akubita amaso bwa mbere ukimwegera ujye uhagenzura cyane

Abasore gusa! Menya ahantu umukobwa ahita akubita amaso bwa mbere ukimwegera ujye uhagenzura cyane

Admin User2026 Gicurasi 22
Abasore gusa: Ibintu ukwiriye kwitaho ku mukunzi wawe mu gihe ushaka ko mubana amahoro
Inkuru z'urukundo

Abasore gusa: Ibintu ukwiriye kwitaho ku mukunzi wawe mu gihe ushaka ko mubana amahoro

Abasore gusa: Ibintu ukwiriye kwitaho ku mukunzi wawe mu gihe ushaka ko mubana amahoro

Admin User2026 Gicurasi 22
Abasore gusa: Dore ibintu 6 usabwa gukora mu gihe ufitiye umukobwa ibyiyumviro bikabije
Inkuru z'urukundo

Abasore gusa: Dore ibintu 6 usabwa gukora mu gihe ufitiye umukobwa ibyiyumviro bikabije

Abasore gusa: Dore ibintu 6 usabwa gukora mu gihe ufitiye umukobwa ibyiyumviro bikabije

Admin User2026 Gicurasi 22

Inkuru zishyashya

Umutwe wa AFC/M23 washyize hanze amabwiriza mashya ku bwo kwirinda icyorezo cya Ebola cyugarije DR – Congo
Hanze

Umutwe wa AFC/M23 washyize hanze amabwiriza mashya ku bwo kwirinda icyorezo cya Ebola cyugarije DR – Congo

Umutwe wa AFC/M23 uyobora ibice binini muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashyizeho ingamba nshya zigamije kurinda icyorezo cya Ebola cyugarije icyo Gihugu.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 2 yashize
Umukunzi wa Lamine Yamal yatunguranye azimya umuriro wototeraga urukundo rwabo - AMAFOTO
Imikino

Umukunzi wa Lamine Yamal yatunguranye azimya umuriro wototeraga urukundo rwabo - AMAFOTO

Umukunzi wa Lamine Yamal Ines Garcia yagaragaje urwo akunda uwo musore usanzwe ikinira ikipe ya Fc Barcelona na Espanye. Ubutumwa uyu mwari yashyize hanze bwakangaranyije imbuga nkoranyambaga bupfukirana abashakaga kubatanya.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 15 yashize
Theirry Luvumbu wakiniye Rayon Sports akayihenuraho yavuze ko ari gupfa yumva kandi bucece
Imyidagaduro

Theirry Luvumbu wakiniye Rayon Sports akayihenuraho yavuze ko ari gupfa yumva kandi bucece

Rutahizamu Héritier Luvumbu Nzinga ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo , wavuye mu Rwanda yihenuye ndetse akoze amabara, yatangaje ko ababajwe n’uburyo yatereranywe n’Ubuyobozi bw’Igihugu cye mu gihe cy’imyaka ibiri amaze avuye mu Rwanda asobanura ko ari gupfa yumva kandi bucece.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 16 yashize
Uburyo burakoreshwa harebwa amanota y’ibizamini bya Leta
Izindi nkuru

Uburyo burakoreshwa harebwa amanota y’ibizamini bya Leta

Kuri uyu wa 20 Kanama 2026 nibwo hatangazwa amanota y’ibizamini bya Leta by’amashuri abanza nk’uko byatangajwe na NESA. Amanota arebwa mu buryo bwa Interineti na SMS nk’uo tugiye kubirebera hamwe.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 17 yashize
‎Mu mafoto adasanzwe ya Cinema turagukumbuza nyakwigendera Hayden Panettiere wamamaye muri Nashville, Heroes n'izindi
Cinema

‎Mu mafoto adasanzwe ya Cinema turagukumbuza nyakwigendera Hayden Panettiere wamamaye muri Nashville, Heroes n'izindi

‎Umunyabigwi Hayden Panettiere yasize amateka muri Cinema atazigera yibagirana mu mateka y'Isi dore ko yatangiye kuzikina akiri umwana muto kugeza apfuye ku wa 16 Kanama 2026 ku myaka 36 y'amavuko.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
Kimenyi na Muyanga nta mitungo bafite yo kugabana ! Byinshi ku rubanza rwabo
Imyidagaduro

Kimenyi na Muyanga nta mitungo bafite yo kugabana ! Byinshi ku rubanza rwabo

Umushabitsi mu myidagaduro Miss Muyango Claudine na Kimenyi Yves bari mu nzira zo gutandukana mu bwumvikane bwemewe n’amategeko nyuma y’imyaka ibiri bakoze ubukwe.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize