Kiyovu Sports Club: Mark Simon Harrison yatangiye gutoza
Imikino

Kiyovu Sports Club: Mark Simon Harrison yatangiye gutoza

ADAM Yannick2026 Kanama 134 min gusoma
Kiyovu Sports Club: Mark Simon Harrison yatangiye gutoza

Kiyovu Sports Club yasinyishe umutoza mushya Mark Simon Harrison ukomaka mu gihugu cy'ubwongereza uje asimbura Haringingo wagiye muri Rayon Sports Fc Shampiyona itararangiye.

Umutoza mushya wa Kiyovu Sports Club yatangije imyitozo ye ya mbere nyuma yo kugirwa umutoza mukuru wa Kiyovu Sports Club Yageze mu Rwanda mu ijoro ryo ku wa mbere tariki 10 Kanama 2026 aho yakiriwe n'abayobozi ndetse n'abakunzi bayo bari bayobowe na Minani Hemed umuvugizi wa Kiyovu Sports Club ndetse akaba n'Umuyobozi w'abakunzi ba Kiyovu Sports Club ku Rwego rw'Igihugu.

Umutoza Mark Simon Harrosn akomoka mu gihugu cy'ubwongereza.

Mark Harrosn yavukiye mu bwongereza tariki 10 Ukuboza 1960 bivuze ko afite imyaka 66 kuko azayuzuza mu kwezi kwa cumi n'abiri.
Yakinnye mu ikipe ya Southampton Aho yari umuzamu
Nyuma yakomereje mu ikipe ya Port Vale, Stoke City aho yasoreje gukina mu ikipe ya Hallenic, yakinnye imikino 233 kuva mu mwaka 1977 kugeza mu 1989.

Yatangiye umwuga wo gutoza mu mwaka wa 2000 nibwo yatangiye gutoza amakipe y'ibihugu yo muri Aziya n'Afurika. Aho Aho yatoje ikipe y'igihugu ya Bangladesh...
Akaba afite impamabumenyi mu gutoza yo mu bihugu
by'iburayi (Licence A)


Mark Simon Harrison ubwo yagaraniga n'abakinnyi mbere yo gutangira imyitozo
Mark Simon Harrison ubwo yagaraniga n'abakinnyi mbere yo gutangira imyitozo

Mark Simon Harrison ntabwo ari mushya muri Afurika kuko yahamaze imyaka itandatu atoza ndetse aba n'umuyobozi wa tekinike mu makipe atandukanye. Amakipe yatoje muri Afurika harimo Fortune,Hurriya,
Mpumalanga Black Aces, Afurika Warriors,Bay Stars, Chippa United, Golden Arrows, CAPS United na Township Rollers muri 2015-2016 ku gikombe cya shampiyona ya Botswana ku mukino wa nyuma w'igikombe cya Mascom Top 8 mbere y'uko agirwa Umuyobozi wa Tekinike ya Baroka muri Afurika y'epfo.


Mark Simon Harrison ubwo yarebaga uko abakinnyi barimo bakora imyitozo
Mark Simon Harrison ubwo yarebaga uko abakinnyi barimo bakora imyitozo

Muri Nyakanga 2017, yinjiye mu ikipe ya Zimbabwe Premier Soccer League Harare City nk'umuyobozi wa tekiniki.
Harare yatwaye igikombe cya Zimbabwe mu 2017 itsinze How Mine ibitego 3-1.

Mu 2018, yabaye umutoza w'iyi kipe maze yifatanya n'umuhungu we Ryan Harrison, winjiye muri iyi kipe nk'umunyezamu.

Ku ya 8 Mutarama 2020, yagizwe umutoza mukuru wa Highlanders yo muri Zimbabwe Premier Soccer League ku masezerano y'imyaka ibiri.

Ku ya 1 Kanama 2021, Harrison yagizwe umutoza mu ikipe ya Gor Mahia yo muri Kenya. Yagerageje gushyira mu ikipe uburyo bwo gusatira.
Yatandukanye nayo ku ya 29 Mutarama 2022.

Ku ya 27 Nzeri 2022, Harrison yagizwe umuyobozi wa tekiniki mu ikipe ya Mighty Wanderers yo muri Super League of Malawi ku masezerano y'imyaka ibiri.
ikipe yari inyuma y'ikipe ya Nyasa Big Bullets yayoboye shampiyona amanota 15 ubwo yahabwaga inshingano.
Yavuye muri iyi kipe nyuma yo kurangiza ari uwa gatatu muri shampiyona ya 2023 Super League of Malawi, ahita asubira mu Bwongereza.

Mark Harrison wagiye gutoza Kiyovu Sports Club asimbuye Haringingo Francis Christian wagiye gutoza Rayon Sports Club

Kuva Haringingo yava muri Kiyovu Sports Club, ntabwo yigeze ishaka undi mutoza mukuru ahubwo inshingano zasigaranye Sebarera Ayubu Khaliru wari usanzwe ari umutoza wongerera imbaraga.

Mark Harrison azungirizwa na Rubangura Omar wahoze muri Rutsiro FC wamaze kwerekeza muri Kiyovu Sports Club ndetse na Sebarera Ayubu Khaliru wongerera ingufu wongereye amasezerano batazira ‘Urucaca’.


Umutoza Mark Simon Harrison n'abungiriza be
Umutoza Mark Simon Harrison n'abungiriza be

Inkuru zerekeye

Basketball: Patriots BBC na RSSB Tigers BBC zaraye zitwaye neza mu mukino wa 4 wa play-off
Imikino

Basketball: Patriots BBC na RSSB Tigers BBC zaraye zitwaye neza mu mukino wa 4 wa play-off

Nyuma y'uko Patriots BBC na RSSB Tigers BBC zari zitwaye neza mu mukino ubanza, maze mu mikino ibiri yakurikiyeho ntizishobore kwitwara neza. Ku mukino wa kane zitwaye neza bituma hazitabazwa umukino wa gatanu kugira ngo hamenyekane ikipe ebyiri zizagera ku mukino wa nyuma.

ADAM Yannickamasaha 9 yashize
FERWAFA : Perezida wa Ferwafa yatawe muri yombi na RIB
Imikino

FERWAFA : Perezida wa Ferwafa yatawe muri yombi na RIB

Umuyobozi w'ishyirahamwe ry'umupira wa maguru mu Rwanda (FERWAFA) yatawe muri yombi nyuma aho akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha sheke itazigamiye.

ADAM Yannickiminsi 1 yashize
CECAFA Kagame Cup 2026: JAMUS FC yageze muri 1/2 Amakipe yo muri Tanzaniya arataha
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026: JAMUS FC yageze muri 1/2 Amakipe yo muri Tanzaniya arataha

JAMUS FC yo muri Sudan y'epfo itarahabwaga amahirwe yageze muri 1/2 mu gihe SINGIDA FC yarifite igikombe yasezerewe na SIMBA FC.

ADAM Yannick2026 Kanama 1
Umunyabigwi wa AC Milan n'u Butaliyani, Franco Baresi, yitabye Imana ku myaka 66
Imikino

Umunyabigwi wa AC Milan n'u Butaliyani, Franco Baresi, yitabye Imana ku myaka 66

Umunyabigwi mu mupira w'amaguru w'u Butaliyani, Franco Baresi, wubatse amateka akomeye muri AC Milan no mu Ikipe y'Igihugu y'u Butaliyani, yitabye Imana ku myaka 66 nyuma y'igihe kirekire arwaye indwara y'ibihaha.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 31
CECAFA Kagame Cup 2026Ikipe ya Mbere yageze muri 1/2 yamenyekanye ndetse n'ikipe ya mbere yo mu Rwanda irasezererwa
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026Ikipe ya Mbere yageze muri 1/2 yamenyekanye ndetse n'ikipe ya mbere yo mu Rwanda irasezererwa

APR FC yarihagarariye u Rwanda yasezerewe n'ubwo yatsinze umukino wayo wa nyuma usoza itsinda.

ADAM Yannick2026 Nyakanga 31
CECAFA Kagame Cup 2026: Imikino y'umunsi wa kabiri yarangiye mu matsinda
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026: Imikino y'umunsi wa kabiri yarangiye mu matsinda

Irushanwa CECAFA Kagame Cup 2026 riri hafi kurangira. Hakaba hasigaye umukino umwe wo mu matsinda kugira ngo tumenye amakipe yageze muri 1/2.

ADAM Yannick2026 Nyakanga 30

Inkuru zishyashya

Arashaka gutwara Grammy Awards ! Byinshi kuri Producer Ivee wabengutse Element akifuza ko bakorana indirimbo
Imyidagaduro

Arashaka gutwara Grammy Awards ! Byinshi kuri Producer Ivee wabengutse Element akifuza ko bakorana indirimbo

Umuhanzi ubihuza no gutunganya umuziki Ivee yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Corazon’ ifite amashusho ari ku rwego Mpuzamahanga yatunganijwe numwe mu bagezweho witwa Biko anateguza kwimurira i Kigali Studio ye ya PG Record ibarizwa i Nairobi akayizana i Kigali. Ni indirimbo yakoze afashijwe na Yee Fanta na Biko.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
Turbo King Super  Cup 2026: Ikipe imwe mu makipe ane yagombaga gukina Super Cup 2026 yikuyemo
INKURU NYAMUKURU

Turbo King Super Cup 2026: Ikipe imwe mu makipe ane yagombaga gukina Super Cup 2026 yikuyemo

Ese Ferwafa iremera icyifuzo cya APR FC maze ihindure gahunda yari yamenyesheje amakipe ko azakina Turbo King super Cup 2026 kuko ivuga ko itabimenyeshejwe mbere ndetse ngo inaganirizwe.

ADAM Yannickiminsi 1 yashize
‎Cristiano Ronaldo yakoze ubukwe n'umukunzi we bamaranye imyaka itari mike
Imyidagaduro

‎Cristiano Ronaldo yakoze ubukwe n'umukunzi we bamaranye imyaka itari mike

Cristiano Ronaldo ubu ni umugabo wubatse mu buryo bwemewe n'amategeko nyuma yo gushyira hanze ayo makuru ubwe anyuze ku mbuga nkoranyambaga ze zitandukanye.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
‎"Guca inyuma uwo mwashakanye biremewe mu gihe umugabo ataguha ibyo wifuza byose" ! Zari Hassan  ‎
Imyidagaduro

‎"Guca inyuma uwo mwashakanye biremewe mu gihe umugabo ataguha ibyo wifuza byose" ! Zari Hassan ‎

‎Zari Hassan yatangije ikiganiro mpaka ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye nyuma yo kwemeza ko umugore aba agomba guca inyuma uwo bashakanye igihe cyose uwo mugabo adatanga ibikenewe byose mu rugo.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 5 yashize
Bamaranye imyaka 10 ! Amagambo y’urukundo Butera Knowless yabwiye umugabo we
Imyidagaduro

Bamaranye imyaka 10 ! Amagambo y’urukundo Butera Knowless yabwiye umugabo we

Butera Knowless umaranye imyaka 10 n’umugabo we mu buryo bwemewe n’amagategeko nk’umugore n’umugabo, yamushimiye byimazeyo ku rukundo yamuhaye agaragaza ko yabonye Imana mu byo banyuranyemo byose.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 5 yashize
Ibyo amaze kunguka ! Diamond Platnumz yishyuye agera kuri 8,821,692 RWF ngo ahure na Ne-Yo yishyura 147,028,200 Rwf ngo ahure na Davido
INKURU NYAMUKURU

Ibyo amaze kunguka ! Diamond Platnumz yishyuye agera kuri 8,821,692 RWF ngo ahure na Ne-Yo yishyura 147,028,200 Rwf ngo ahure na Davido

Umuhanzi Diamond Platnumz uri mu bakomeye muri Tanzania, ntabwo yazuyaje mu kwishyura agera kuri 8,821,692 Rwf kugira ngo ahure na kimwe mu byamamare muri muzika y’Isi Ne-Yo ndetse ngo yishyure n’andi menshi mu guhura na Davido wo muri Nigeria.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 5 yashize