Umunsi.comstudent.umunsi.com
Mu Rwanda hatangiye irushanwa rya CECAFA Schools Cup cyangwa CAF African Schools Football Championship CECAFA qualifiers.
Imikino

Mu Rwanda hatangiye irushanwa rya CECAFA Schools Cup cyangwa CAF African Schools Football Championship CECAFA qualifiers.

ADAM Yannick2026 Nzeri 34 min gusoma
Mu Rwanda hatangiye irushanwa rya CECAFA Schools Cup cyangwa CAF African Schools Football Championship CECAFA qualifiers.

Uganda niyo imaze kwegukana iri rushanwa inshuro nyinshi kuva ryatangira mu mwaka wa 2022

Mu Rwanda hatangiye irushanwa rya CECAFA Schools Cup cyangwa CAF African Schools Football Championship CECAFA qualifiers.

Iri rushanwa ryatangiye mu Rwanda ribaye ku nshuro ya 5 kuko ryatangiye mu mwaka 2022. N'irushanwa rihuza ibigo by’amashuri mu Bana batarengeje imyaka 15 ( Mu bahungu n'abakobwa)  byo mu karere ka Africa y’iburasirazuba no Hagati (CECAFA)

Ni irushanwa rihuza ibihugu bya CECAFA bihagarariwe n’Ibigo by’amashuri, hagashakwamo amakipe azahagararira Akarere mu marushanwa yo ku mugabe w' Africa,

Mu mwaka wa 2022 nibwo irushanwa rya mbere ryakinwe rikinirwa mu Gihugu cya tanzania, ni nyuma y’uko Impuzamashyirahamwe yo kumugabane wa Africa CAF ndetse na Fondatisiyo ya President wa CAF Patrice Motsepe hashyizeho iri rushanwa, mu rwego rwo guteza imbere umupira w’Amaguru mu mashuri muri Africa.

Umwaka wa mbere  rikinwa 2022, Ikigo cy’Ishuri cya Royal Giant High School cyo muri Uganda nicyo cyegukanye igikombe gitsinze Geda Roble Secondary School yo muri Ethiopia kuri Penaliti 4-2, mugihe iminota 90 isanzwe y’umukino yari yarangiye ari ubusa ku busa.

Mu cyiciro cy’Abangavu batarengeje imyaka 15, ikigo cy’ishuri rya Fountain Gate Dodoma Secondary School ryo muri Tanzania, niryo ryegukanye igikombe ritsinze ishuri ryo muri Ethiopia ryitwa Awaro Senior Secondary School.

Mu mwaka wa 2023 iri rushanwa ryakiriwe n’Igihugu cya Kenya, amakipe yombi akomoka muri Uganda yegukana ibikombe, aho ishuri rya St. Mary’s Boarding SS Kitende ariryo ryegukanye igikombe mu Bahungu, maze ishuri rya Kawempe Muslim SS riryegukana mu Bangavu. 

Iyi kawempe Muslim Ladies Ni nayo yegukannye CECAFA QUALFIERS ikaba izahagararira CECAFA muri CAF Women's Champions League 2026.

Mu mwaka wa 2024 Igihugu cya Uganda nicyo cyakiriye iri rushanwa, maze Igihugu cya Tanzania cyegukana irushanwa mu Bahungu, nyuma yo kurangiza amatsinda inganya na Uganda amanota 6, ariko ikegukana igikombe kubera ikinyuranyo cy’ibitego yatsinze, naho mu Bangavu igihugu cya Uganda nicyo cyegukanye igikombe nacyo kinganya amanota 7 na Tanzania, ariko gitwara igikombe kubera icyinyuranyo cy’Ibitego.

Mu mwaka  wa 2025 igihugu cya  Uganda nicyo cyakiriye irushanwa, kibasha no kwegukana igikombe mu bahungu, nyuma yo gutsinda igihugu cya Ethiopia kuri Penaliti 3-2, naho Igihugu cya Ethiopia cyegukana igikombe cy’Abangavu nyuma yo gutsinda Tanzania Penaliti 5-4.

Uyu mwaka wa 2026 u Rwanda nirwo rwacyira iri rushanwa, aho ryitabiriwe n’ibihugu 8 birimo u Rwanda, Burundi, Somalia, Kenya, Tanzania, South Sudan, Sudan ndetse na Uganda.

Mu myaka ine irushanwa rimaze rikinwa Igihugu kimaze kwegukana iri rushanwa inshuro nyinshi ni Uganda, aho kimaze kuryeguka inshuro 4, harimo Abahungu baryegukanye inshuro 3 n’Abakobwa bamaze kuryegukana inshuro 1.

Ikipe yabashije kwegukana igikombe ihabwa igikombe n’Amadolai y’America angana n’ibihumbi ijana ($100,000), ikipe yabaye iya kabiri yo ihembwa Amadolari y’America angana n’ibihumbi 75 ($75,000), naho iyabaye iya Gatatu yo ihabwa ibihumbi milongo itanu by’Amadolari y’America ($50,000).

Ikipe yatwaye igikombe cya CECAFA ihita ihagararira akarere mu Gikombe cy’Afurika, mugihe hari ikipe ibashije kwegukana igikombe ku mugabane w’Afurika ihembwa ibihumbi 300 ny’Amadolai y’Amerika ($300,000), iyabaye iya Kabiri ihabwa ibihumbi Maganabiri ($200,000) naho iyabaye iya Gatatu yo ihabwa ibihumbi ijana na mirongo itanu ($150,000).

Inkuru zerekeye

Kawempe Muslim Ladie WFC niyo yegukanye CAF Women's Champions League 2026
Imikino

Kawempe Muslim Ladie WFC niyo yegukanye CAF Women's Champions League 2026

Kawempe Muslim Ladie WFC yegukanye Igikombe cya CAF Women's Champions League 2026. CECAFA QUALFIERS itsinze Kenya Police Bullet WFC ku mukino wa nyuma ihita ibona itike yo guhagararira CECAFA mu mikino ya Champions League yo mu matsinda ishobora kubera mu Rwanda.

ADAM Yannickiminsi 2 yashize
‎Njyanye amahoro yo mu mutima ! Lionel Messi yasezeye ruhago avuga ko atazongera gukinira ikipe y'Igihugu ya Argentine
Imikino

‎Njyanye amahoro yo mu mutima ! Lionel Messi yasezeye ruhago avuga ko atazongera gukinira ikipe y'Igihugu ya Argentine

‎Rutahizamu wa Argentine nyuma yo gukina imikino y'igikombe cy'Isi cya 2026 yakinaga nk'icyanyuma mu mboni y'abakunzi b'umupira w'amaguru ariko bikarangira nta gikombe atwaye nyamara yarafashijwe n'ingeri zose kugitwara.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 3 yashize
Hakim Hamissi afashije Kiyovu Sports Club gutwara igikombe nyuma y'imyaka 33.
Imikino

Hakim Hamissi afashije Kiyovu Sports Club gutwara igikombe nyuma y'imyaka 33.

Igitego cya Hakim Hamissi cyo ku munota wa 84 nicyo gihesheje Kiyovu Sports Club gutwara igikombe nyuma y'imyaka 33.

ADAM Yannickiminsi 3 yashize
Ubujurire bwa KNC bwateshejwe agaciro kuri Hakim Hamissi
Imikino

Ubujurire bwa KNC bwateshejwe agaciro kuri Hakim Hamissi

KNC nyuma yo kutemera ibyavuye muri komisiyo y'amategeko. Akajurira. Akanama kigenga k'ubujurire katesheje agaciro ubujurire bwe.

ADAM Yannickiminsi 4 yashize
Bamwe mu bakinnyi bashya ba Rayon Sports bashobora kudakoreshwa ku mukino wa mbere muri CAF Confederation
Imikino

Bamwe mu bakinnyi bashya ba Rayon Sports bashobora kudakoreshwa ku mukino wa mbere muri CAF Confederation

Kugeza ubu amakuru avuga ko bamwe mu bakinnyi bashya b’ikipe ya Rayon Sports, Mohamed Ouattara, Sandja Bula na Elie Mukono Eldinho bashobora kudakoreshwa ku mukino wa mbere wa CAF Confederation Cup bitewe n’uko urwego rwabo rukiri hasi.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 5 yashize
KNC yaguririye icyemezo cyo kurekura Hamiss Hakim nyuma yo kumutsinda muri Ferwafa
Imikino

KNC yaguririye icyemezo cyo kurekura Hamiss Hakim nyuma yo kumutsinda muri Ferwafa

KNC nyuma yo gutsindwa na Hakim Hamiss avuga ko yasuzuguwe ngo Kiyovu niba imushaka nize baganire

ADAM Yannickiminsi 5 yashize

Inkuru zishyashya

‎Keliiy yashimagije Burna Boy amwita umugiraneza
Imyidagaduro

‎Keliiy yashimagije Burna Boy amwita umugiraneza

‎Umunyamideri Keliiy Morgan yasobanuye ko gukorana na Burna boy wo muri Nigeria byari byiza kuri we ngo na cyane ko byahinduye ubuzima bwe mu buryo butandukanye agereranyije n'abandi.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 3 yashize
FC Barcelona igiye gusinyisha Jesus ku kayabo k’agera kuri 17,114,122,350 RWF
Imyidagaduro

FC Barcelona igiye gusinyisha Jesus ku kayabo k’agera kuri 17,114,122,350 RWF

Ikipe ya Arsenal igiye gusinyisha umukinnyi ukomeye Gabriel Jesus wa Arsenal ku kayabo k’amafaranga y’u Rwanda agera kuri 17,114,122,350 nk’uko amasoko atandukanye dukesha iyi nkuru abitangaza.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 4 yashize
‎Abakopeye ibizamini bya Leta bagiye kongera gukora bwa Kabiri
INKURU NYAMUKURU

‎Abakopeye ibizamini bya Leta bagiye kongera gukora bwa Kabiri

‎Nk'uko bigaragara mu itangazo ryasohowe abanyeshuri bakopeye bagiye kongera gukora mu rwego rwo kubarengera.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 4 yashize
‎Impanga z'abagore babiri ku myaka 49 basanze badahuje ba Se
Izindi nkuru

‎Impanga z'abagore babiri ku myaka 49 basanze badahuje ba Se

‎Lavinia na Michelle Obsbourne ntabwo bahuje ba Se nyamara baravutse ari impanga. Aba bagore kuri ubu bafite imyaka 49 y'amavuko.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 4 yashize
‎MU MAFOTO : Diamond Platnumz yatanze ibyishimo bisendereye mu gitaramo cyitabiriwe cyane n'urubyiruko
INKURU NYAMUKURU

‎MU MAFOTO : Diamond Platnumz yatanze ibyishimo bisendereye mu gitaramo cyitabiriwe cyane n'urubyiruko

‎Nyuma y'imyaka itatu, Diamond Platnumz yongeye guha ibyishimo Abanyarwanda mu gitaramo cyabereye mu Mugi wa Kigali.Ni igitaramo Simba yahuriyemo na Bruce Melodie , Nel Ngabo na Ish Kevin.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 4 yashize
‎Gen Muhoozi yavuze ko agomba gufunga aba-General bose bahawe ikiruhuko cy'izabukuru bakabyishimira
Hanze

‎Gen Muhoozi yavuze ko agomba gufunga aba-General bose bahawe ikiruhuko cy'izabukuru bakabyishimira

‎Gen Muhoozi Kainarugaba , Umugaba Mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba Umuhungu wa Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko kubera amashusho y'aba-general bashyizwe mu kiruhuko cy'izabukuru yabagaragaye bari kubyina cyane , agomba kubafunga bose.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 5 yashize