Umunsi.comstudent.umunsi.com
‎Umwarimu wasabye abana b'abakobwa ko yararana nabo yirukanwe burundu mukazi
Hanze

‎Umwarimu wasabye abana b'abakobwa ko yararana nabo yirukanwe burundu mukazi

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nzeri 73 min gusoma
‎Umwarimu wasabye abana b'abakobwa ko yararana nabo yirukanwe burundu mukazi

‎Umwarimu wari umaze imyaka ibiri yigisha yirukanwe burundu muri izo nshingano nyuma yo kubwira abakobwa babiri bigaga ku Kigo yakoragaho ko ashaka kuryamana nabo.

‎Daniel Duhig w'imyaka 29 y'amavuko ukomoka muri Hornchurch , ngo yabanje kubaza abo bakobwa niba ari amasugi , ubundi anababwira ko baba beza mu gihe baba batangiye guteretana n'abasore. Amakuru avuga ko yaje guhura n'abo binyuze kuri 'Apurikasiyo' yo gushakiraho abakunzi, agatangira 'kubakorera masaje' kandi bari munsi y'imyaka 16.

‎Muri 2024 nibwo yafunzwe azira kugerageza gushyira abakobwa bakiri bato mu bikorwa by'ubusambanyi binyuze mu kubiganira. Mu kwisobanura yavuze ko abo atari aziko ari abana.

‎Duhig, wize uburezi mu mashuri yisumbuye muri Kaminuza ya East London , yakoze ku Kigo cyitwa Godwin Primary School giherereye mu Mujyi wa Dagenham kuva muri 2023 kugeza afunzwe muri Mutarama 2024.

‎Bivugwa ko yaboherereje ubutumwa bujyanye n'ubusambanyi mu Kuboza 2023.

‎Yirukanwe mukazi , ahabwa amezi 16 yo gufungwa n'andi 18 asubitse , asabwa kujya mu bigo bifasha abafite ibibazo byo mu mutwe. Agomba kwishyura abo bakobwa kandi €154 n'ihazabu ya €85 kubera ibyaha aregwa.

‎Ubushinjacyaha bwasanze Duhig n'ubusanzwe ngo atazi guha agahenge abanyeshuri ngo yitandukanye n'abo gusa yavuze ko aho yamenyeye ko abo bana bari munsi y'imyaka 16 atazongera kubavugisha.

Inkuru zerekeye

‎Gen Muhoozi yavuze ko agomba gufunga aba-General bose bahawe ikiruhuko cy'izabukuru bakabyishimira
Hanze

‎Gen Muhoozi yavuze ko agomba gufunga aba-General bose bahawe ikiruhuko cy'izabukuru bakabyishimira

‎Gen Muhoozi Kainarugaba , Umugaba Mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba Umuhungu wa Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko kubera amashusho y'aba-general bashyizwe mu kiruhuko cy'izabukuru yabagaragaye bari kubyina cyane , agomba kubafunga bose.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 29
‎Kenya : Umugabo yakangutse asohoka muri 'Moroge' nyuma y'amasaha 20 bitangajwe ko yapfuye
Hanze

‎Kenya : Umugabo yakangutse asohoka muri 'Moroge' nyuma y'amasaha 20 bitangajwe ko yapfuye

‎Mu Karere ka Naivasha mu Gihugu cya Kenya hakomeje kuvugwa inkuru idasanzwe y'umusore yavuye muri Moroge mu masaha y'Ijoro nyuma y'amasaha 20 bitangajwe ko yapfuye ndetse n'umuryango we wiyakiriye.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 26
Umutwe wa AFC/M23 washyize hanze amabwiriza mashya ku bwo kwirinda icyorezo cya Ebola cyugarije DR – Congo
Hanze

Umutwe wa AFC/M23 washyize hanze amabwiriza mashya ku bwo kwirinda icyorezo cya Ebola cyugarije DR – Congo

Umutwe wa AFC/M23 uyobora ibice binini muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashyizeho ingamba nshya zigamije kurinda icyorezo cya Ebola cyugarije icyo Gihugu.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 20
‎Perezida wa Amerika Donald Trump yakangishije Oman kuyirasa akayigira umuyonga
Hanze

‎Perezida wa Amerika Donald Trump yakangishije Oman kuyirasa akayigira umuyonga

Umukuru wa Amerika Perezida Donald Trump, yongeye gutangaza ko ashobora kugaba ibitero kuri Oman mu gihe yaba “ibangamiye” gahunda ze zo guhagarika intambara Amerika na Israel barwana na Iran.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 17
Loni yafatiye ibihano abayobozi babiri ba FDLR n'abandi bayobozi b'imitwe yitwaje intwaro muri RDC
Hanze

Loni yafatiye ibihano abayobozi babiri ba FDLR n'abandi bayobozi b'imitwe yitwaje intwaro muri RDC

Loni yafatiye ibihano abayobozi babiri ba FDLR n'abandi bayobozi b'imitwe yitwaje intwaro muri RDC

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 17
Muri RDC havumbuwe ubwoko bushya bw’inkende zidasanzwe zifite iminwa ya orange
Hanze

Muri RDC havumbuwe ubwoko bushya bw’inkende zidasanzwe zifite iminwa ya orange

Muri RDC havumbuwe ubwoko bushya bw’inkende zidasanzwe zifite iminwa ya orange

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 16

Inkuru zishyashya

‎Kim Kardashian na Kanye West bahujwe n'umwana wabo wakoze igitaramo cye cya Mbere
INKURU NYAMUKURU

‎Kim Kardashian na Kanye West bahujwe n'umwana wabo wakoze igitaramo cye cya Mbere

‎North West w'imyaka 13 y'amavuko, yakoze amateka aririmba bwa Mbere mu gitaramo cyitabiriwe n'ababyeyi be bombi kabone n'ubwo batandukanye.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 19 yashize
‎Byarambabaje ! Harmonize yongeye gutandukana na Frida Kajala
Imyidagaduro

‎Byarambabaje ! Harmonize yongeye gutandukana na Frida Kajala

‎Umuhanzi ukomeye muri muzika ya Tanzania Harmonize, yemeje amakuru avuga ko yatandukanye na Frida Kajala byongera gushimangirwa ko bombi badashobotse iyo bigeze mu rukundo.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 21 yashize
Shampiyona y'u Rwanda BK Pro League 2026-2027 iratangira Kur'uyu wa Gatandatu Tariki 5 Nzeri 2026
Akazi

Shampiyona y'u Rwanda BK Pro League 2026-2027 iratangira Kur'uyu wa Gatandatu Tariki 5 Nzeri 2026

Shampiyona y'u Rwanda BK Pro League 2026-2027 iratangira kuri uyu wa gatandatu tariki 5 Nzeri 2026. Muri iyi nkuru tugiye kubagezaho bimwe byahindutse muri uyu mwaka w'imikino.

ADAM Yannickiminsi 1 yashize
Kiyovu Sports Club yamuritse umwambaro mushya wayo izakoresha mu mwaka w'imikino 2026-2027 ndetse n' Umuterankunga Mukuru
Imikino

Kiyovu Sports Club yamuritse umwambaro mushya wayo izakoresha mu mwaka w'imikino 2026-2027 ndetse n' Umuterankunga Mukuru

Kiyovu Sports Club yamuritse umwenda wayo izakoresha mu mwaka w'imikino mushya wa 2026-2027 ndetse unariho Umuterankunga mushya wasimbuye Gorilla Coffee.

ADAM Yannickiminsi 3 yashize
Mu Rwanda hatangiye irushanwa rya CECAFA Schools Cup cyangwa CAF African Schools Football Championship CECAFA qualifiers.
Imikino

Mu Rwanda hatangiye irushanwa rya CECAFA Schools Cup cyangwa CAF African Schools Football Championship CECAFA qualifiers.

Uganda niyo imaze kwegukana iri rushanwa inshuro nyinshi kuva ryatangira mu mwaka wa 2022

ADAM Yannickiminsi 3 yashize
Kawempe Muslim Ladie WFC niyo yegukanye CAF Women's Champions League 2026
Imikino

Kawempe Muslim Ladie WFC niyo yegukanye CAF Women's Champions League 2026

Kawempe Muslim Ladie WFC yegukanye Igikombe cya CAF Women's Champions League 2026. CECAFA QUALFIERS itsinze Kenya Police Bullet WFC ku mukino wa nyuma ihita ibona itike yo guhagararira CECAFA mu mikino ya Champions League yo mu matsinda ishobora kubera mu Rwanda.

ADAM Yannickiminsi 5 yashize