Umunsi.com
Umunya-Nigeria Baba Gebu yapfuye
Cinema

Umunya-Nigeria Baba Gebu yapfuye

KWIZERA Jean de Dieu2025 Ugushyingo 143 min gusoma
Umunya-Nigeria Baba Gebu yapfuye
Umukinnyi wa filimi wakunzwe muri filime za Nigeria, Oyewole Olowomojuore, uzwi cyane nka Baba Gebu, yapfuye ku myaka 82 azize indwara. Inkuru y’urupfu rw’uyu munyabigwi muri sinema ya Nigeria yatangajwe n’umuyobozi wa filimi akaba n’umukinnyi muri Nollywood Kunle Afod, ku mugoroba w’itariki 13 Ugushyingo 2025, abinyujije kuri Instagram, avuga ko nyakwigendera yari “Intwari yabo.” Yanditse ati: “Tubabajwe no kumenyesha urupfu rw’intwari yacu ikomeye, umukinnyi wa filimi ukomeye witabye Imana nyuma y’uko yari amaze iminsi mike arwaye. Baba Gebu, Imana imuhe iruhuko ridashira.” Ni inkuru yababaje abatari bake by’umwihariko abakinnyi ba filimi bagiye bamwigiraho byinshi aho umwe muri bo witwa Yemi Solade yamusabiye kuruhukira mu mahoro. Ati: “Imana imubabarire ibyo yakosheje, imwakire kandi roho ye iruhukire mu mahoro adashira, Amina.” Umukinnyi Akin Olaiya na we yanditse ati: “Ruhukira mu mahoro, Papa.” Abiodun Thomas arandika ati: “Ruhukira mu mahoro Pa Olowomojuore, Imana ikomeze ihe umugisha ibyo wasize.” Baba Gebu yatangiye gukina filimi n’ikinamico mu 1980 amenyekana mu zirimo Anikura (1982), Aare Agbaye (1983), Citation (2020), akaba yitabye Imana ku myaka 82 y’amavuko.

Inkuru zerekeye

Inkuru zishyashya

Turbo King Super Cup 2026: FERWAFA yatangaje ikipe isimbura APR FC n'amatariki mashya izaberaho
Imyidagaduro

Turbo King Super Cup 2026: FERWAFA yatangaje ikipe isimbura APR FC n'amatariki mashya izaberaho

Nyuma y'uko APR FC ivuze ko itazitabira irushanwa rya Turbo King Super Cup 2026 Ivuga ko itaganirijwe mbere y'uko bahindura uko amakipe agomba kuryitabira ndetse ivuga ko k hari guhamagarwa abanyamuryango bose ba FERWAFA, kuko amakipe ane gusa atari yo agenewe irushanwa rya Super Cup, kuko ubundi rikinwa n’amakipe yitwaye neza mu mwaka wabanje abiri,iyatwaye shampiyona niyatwaye igikombe cy'amahoro. Aho bamenyesherejwe umwanzuro ku irushanwa, ngo wasanze Ikipe y’Ingabo z’Igihugu yarateguyemo imikino ya gicuti yo kwitegura irushanwa rya CAF Champions League 2026/27.

ADAM Yannickamasaha 4 yashize
Umutoza w'ikipe y'igihugu Amavubi niwe washoje Irushanwa Urubuto Youth Champignonships ritegurwa na IMIZI Football Alliance
Akazi

Umutoza w'ikipe y'igihugu Amavubi niwe washoje Irushanwa Urubuto Youth Champignonships ritegurwa na IMIZI Football Alliance

Hirwa,Imena,na Future nizo zegukanye irushanwa Urubuto Youth Champignonships mu byiciro byose

ADAM Yannickamasaha 4 yashize
‎Nyina wa Lamine Yamal yatunguranye mu mwambaro w'abato aseruka ku mucanga
INKURU NYAMUKURU

‎Nyina wa Lamine Yamal yatunguranye mu mwambaro w'abato aseruka ku mucanga

‎Umubyeyi wa Lamine Yamal wamamaye mu mupira w'amaguru by'umwihariko mu ikipe ya FC Barcelona n'Ikipe y'Igihugu Espanye , akomeje gutangaza benshi kubera uburyo yasohotse yambaye bya gikumi bamwe bati:"Naryoherwe n'ubwamamare bw'umwana we".

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 7 yashize
‎Rihanna yasohokanye abana be ku ivuko batega imodoka zisanzwe ‎
INKURU NYAMUKURU

‎Rihanna yasohokanye abana be ku ivuko batega imodoka zisanzwe ‎

‎Umuhanzikazi Rihanna , yagaragaye mu mashusho ari kumwe n'abana be RZA , Riot na Rocki ku muhanda muri Barbados aho bateze imodoka isanzwe banarira kumuhanda.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
Football: Rwanda Premier League yasohoye ingengabihe yanBK Pro League 2026-2027
Imikino

Football: Rwanda Premier League yasohoye ingengabihe yanBK Pro League 2026-2027

Rwanda Premier League yasohoye ingengabihe ya BK Pro League 2026-2027 izatangira tariki 4 Nzeri 2026 ikarangira tariki 30 Gicurasi 2027

ADAM Yannickiminsi 1 yashize
Umwongereza Nicholas de-Long yahawe akazi muri FERWAFA
Imikino

Umwongereza Nicholas de-Long yahawe akazi muri FERWAFA

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyizeho Umwongereza Nicholas de-Long nk’ushinzwe iterambere ry’abakiri bato muri ruhago.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize