Umunsi.com
‎Amakuru mashya ku rupfu rwa Hayden Panettiere wasanganwe ibinini bisubiza ubuzima
Cinema

‎Amakuru mashya ku rupfu rwa Hayden Panettiere wasanganwe ibinini bisubiza ubuzima

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 173 min gusoma
‎Amakuru mashya ku rupfu rwa Hayden Panettiere wasanganwe ibinini bisubiza ubuzima

‎Nyuma y'urupfu rwa Hayden Panettiere mu nzu yabagamo hasanzwemo ibinini bisubiza ubuzima uwabaswe n'ibiyobyabwenge watakaje ubwenge ndetse n'ibimenyetso bya muganga bigaragaza ko ntahungabana yari afite.

‎Amakuru dukesha ibitangazamakuru bitandukanye birimo ; TMZ  avuga ko aho yapfiriye , ariho hasanzwe ibinini bya Narcan bisanzwe bifatwa n'abantu barenzwe n'ibiyobyabwenge bafashe bagamije kugarura ubuyanja ndetse ngo bikaba byasanzwe muri Matera yararagaho.

‎Amakuru avuga ko nyuma y'urupfu rwe , imodoka zitabara abarwayi ebyiri arizo zahise zerekeza ku rugo rwe ndetse ngo kugeza ubu ntabwo hari hamenyekana uwaba yatanze amakuru ya Narcan bivugwa ko byasanzwe muri iyo nzu muri Matera nk'uko TMZ dukesha iyi nkuru ibitangaza. ‎

Urupfu rwa Hayden Panettiere rwatangajwe ku munsi wo ku Cyumweru mu masaha ya Saa Munane

Bivugwa ko kandi umukunzi we Brian Hickerson bari baturanye muri ako gace gusa ngo ntacyo yari yatangaza. ‎
‎Hayden Panettiere, yabaye icyamamare muri Cinema y'Isi ayo yamamaye cyane muri Filime zirimo Nashville, Heroes ndetse n'ibindi zitandukanye.

‎Mbere yo gupfa yari yakoze ikiganiro kuri On Purpose , Podcast ya Jay Shetty, agaragaza ko nyuma y'urupfu rw'umuvandimwe we yabayeho nk'utariho ibintu byahujwe n'urupfu rwe kuva mu masaha ya mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere.

Inkuru zerekeye

Inkuru zishyashya

‎Rihanna yasohokanye abana be ku ivuko batega imodoka zisanzwe ‎
INKURU NYAMUKURU

‎Rihanna yasohokanye abana be ku ivuko batega imodoka zisanzwe ‎

‎Umuhanzikazi Rihanna , yagaragaye mu mashusho ari kumwe n'abana be RZA , Riot na Rocki ku muhanda muri Barbados aho bateze imodoka isanzwe banarira kumuhanda.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 6 yashize
Football: Rwanda Premier League yasohoye ingengabihe yanBK Pro League 2026-2027
Imikino

Football: Rwanda Premier League yasohoye ingengabihe yanBK Pro League 2026-2027

Rwanda Premier League yasohoye ingengabihe ya BK Pro League 2026-2027 izatangira tariki 4 Nzeri 2026 ikarangira tariki 30 Gicurasi 2027

ADAM Yannickamasaha 6 yashize
Umwongereza Nicholas de-Long yahawe akazi muri FERWAFA
Imikino

Umwongereza Nicholas de-Long yahawe akazi muri FERWAFA

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyizeho Umwongereza Nicholas de-Long nk’ushinzwe iterambere ry’abakiri bato muri ruhago.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 16 yashize
‎Perezida wa Amerika Donald Trump yakangishije Oman kuyirasa akayigira umuyonga
Hanze

‎Perezida wa Amerika Donald Trump yakangishije Oman kuyirasa akayigira umuyonga

Umukuru wa Amerika Perezida Donald Trump, yongeye gutangaza ko ashobora kugaba ibitero kuri Oman mu gihe yaba “ibangamiye” gahunda ze zo guhagarika intambara Amerika na Israel barwana na Iran.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 18 yashize
‎Yaherukaga gutsindwa ! Samu Zuby yongeye kugerageza amahirwe yo kuba Umudepite
Imyidagaduro

‎Yaherukaga gutsindwa ! Samu Zuby yongeye kugerageza amahirwe yo kuba Umudepite

Nyuma yo kudahirwa mu matora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko aheruka, Muco Samson, wamenyekanye nka Samu Zuby, yongeye guhatanira kuba Umudepite

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 18 yashize
Basketball: APR BBC yageze ku mukino wa nyuma aho izahura na PATRIOTS BBC
Imikino

Basketball: APR BBC yageze ku mukino wa nyuma aho izahura na PATRIOTS BBC

APR BBC igeze k'umukino wa nyuma ku nshuro ya gatatu yikurikiranya aho izahura na PATRIOTS BBC biheruka guhura ku mukino wa nyuma wa 2024 APR igatsinda Patriots imikino 4-2 bakaba bongeyeho guhura. Ninde utwara igikombe uyu mwaka?

ADAM Yannickiminsi 3 yashize