‎Diamond Platnumz yahaye Zuchu impano yagera kuri 43,908,450 RWF mu birori byo kwishimira umwana
Imyidagaduro

‎Diamond Platnumz yahaye Zuchu impano yagera kuri 43,908,450 RWF mu birori byo kwishimira umwana

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 23 min gusoma
‎Diamond Platnumz yahaye Zuchu impano yagera kuri 43,908,450 RWF mu birori byo kwishimira umwana

Umuhanzi Diamond Platnumz, Simba, yahaye Zuchu wa mubyariye umwana,agera kuri 43,908,450 RWF nk'igihembo cy'ishimwe ubwo bari mu birori byo kwizihiza umwana wari utari wavuka. Ni ibirori byabaye ku wa 31 Nyakanga 2026.

Ni ibirori byari byitabiriwe n'inshuti n'abavandimwe ba hafi kuri Zuchu no kuri Diamond Platnumz ndetse n'ibyamamare mu myidagaduro ya Tanzania birimo Khadija Kopa usanzwe ari inshuti magara ya Diamond Platnumz akaba na nyina Zuchu, byitabiriwe kandi na Baba Levo na Barnaba Classic. ‎
‎Byabaye ibidasanzwe ubwo bahishuraga ko umwana batwite ari umukobwa. ‎
‎Ubwo ibirori byari birimbanije , Diamond Platnumz yatunguye Zuchu amuha agera ku $30,000 hafi 43,908,450 y'amafataranga y'u Rwanda ubwo yamuhaya iyo mpano y'amafataranga, Simba yavuze ko ari amafaranga make amuhaye kuko ngo 'nta ngano y'amafataranga yabona yamuha ugereranyije n'ibyo yamuhaye'

‎"Arayabika, ni amafaranga make cyane.

ni $30,000. nyahaye uyu muvandimwe, umugore. Ibyo uyu mugore mwiza yampaye ntacyo bigereranywa na cyo.

Mvuze ko amafaranga muhaye naba ndimo kumwishyura ibyo yakoze , naba mbeshye, gusa nanone iki ni ikomenyetso gito". ‎
‎Diamond Platnumz (Simba) umaze kumenyekana cyane mu kugira abagore benshi muri Afurika mu gitondo cyo kuri uyu wa 02 Kanama 2026 yatangaje ko yibarutse umwana w'umukobwa yabyaranye na Zuchu yari abereye 'Umujyanama' (Manager). ‎
‎Mu butumwa yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram akoresheje ifoto yo kwa muganga, Diamond Platnumz yagize ati “Ikaze mumalayika muto, urakunzwe kurusha uko amagambo yabivuga. ”

Inkuru zerekeye

Inkuru zishyashya

CECAFA Kagame Cup 2026: JAMUS FC yageze muri 1/2 Amakipe yo muri Tanzaniya arataha
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026: JAMUS FC yageze muri 1/2 Amakipe yo muri Tanzaniya arataha

JAMUS FC yo muri Sudan y'epfo itarahabwaga amahirwe yageze muri 1/2 mu gihe SINGIDA FC yarifite igikombe yasezerewe na SIMBA FC.

ADAM Yannickiminsi 1 yashize
‎Urukundo rwa Cia rwari rwiza cyane ari intangarugero ariko rurangira nabi ,  ubuzima burahinduka.
Inkuru z'urukundo

‎Urukundo rwa Cia rwari rwiza cyane ari intangarugero ariko rurangira nabi ,  ubuzima burahinduka.

Abantu benshi bakundaga kuvuga ko urukundo rwa Cia rwari nk'inzozi kuri bo kuko we n'umukunzi we bahoranaga inseko mu buzima bwabo, bagasangira ibihe byiza, ndetse benshi bakabafata nk'urugero rw'abashakanye babanye neza muri icyo gihe.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 2 yashize
Umunyabigwi wa AC Milan n'u Butaliyani, Franco Baresi, yitabye Imana ku myaka 66
Imikino

Umunyabigwi wa AC Milan n'u Butaliyani, Franco Baresi, yitabye Imana ku myaka 66

Umunyabigwi mu mupira w'amaguru w'u Butaliyani, Franco Baresi, wubatse amateka akomeye muri AC Milan no mu Ikipe y'Igihugu y'u Butaliyani, yitabye Imana ku myaka 66 nyuma y'igihe kirekire arwaye indwara y'ibihaha.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 2 yashize
CECAFA Kagame Cup 2026Ikipe ya Mbere yageze muri 1/2 yamenyekanye ndetse n'ikipe ya mbere yo mu Rwanda irasezererwa
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026Ikipe ya Mbere yageze muri 1/2 yamenyekanye ndetse n'ikipe ya mbere yo mu Rwanda irasezererwa

APR FC yarihagarariye u Rwanda yasezerewe n'ubwo yatsinze umukino wayo wa nyuma usoza itsinda.

ADAM Yannickiminsi 2 yashize
CECAFA Kagame Cup 2026: Imikino y'umunsi wa kabiri yarangiye mu matsinda
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026: Imikino y'umunsi wa kabiri yarangiye mu matsinda

Irushanwa CECAFA Kagame Cup 2026 riri hafi kurangira. Hakaba hasigaye umukino umwe wo mu matsinda kugira ngo tumenye amakipe yageze muri 1/2.

ADAM Yannickiminsi 3 yashize
Pre Season Agaciro: Amakipe ane yamenyekanye yageze muri 1/2
Imikino

Pre Season Agaciro: Amakipe ane yamenyekanye yageze muri 1/2

Irushanwa Pre Season Agaciro rigeze mu mikino ya 1/2 aho umukino wa nyuma uzaba tariki 2 Kanama 2026

ADAM Yannickiminsi 3 yashize