‎Kendall Jenner wakundanye na A$AP Rocky yagarutse ku mubo wabo avuga ko yabuze umugabo mwiza  ‎
Imyidagaduro

‎Kendall Jenner wakundanye na A$AP Rocky yagarutse ku mubo wabo avuga ko yabuze umugabo mwiza ‎

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 63 min gusoma
‎Kendall Jenner wakundanye na A$AP Rocky yagarutse ku mubo wabo avuga ko yabuze umugabo mwiza  ‎

Kendall Jenner wamamaye mu myidagaduro yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , akaba yarakanyujijeho na A$AP Rocky umaze kubyarana Gatatu na Rihanna , yatangaje ko kuba batarabanye byaturutse ku kuba Rocky atarifuzaga ko baganira ku byerekeye ahazaza hano.

‎Kendall yahamije ko ubwo yajyaga abaza A$AP Rocky ku byerekeye urukundo no kuba bategura ahazaza harimo no gupanga uburyo bwo kugira abana, Rocky yahitaga amuseka cyane cyangwa akamusaba ko ahindura ibitekerezo, ngo ibintu byatumye yemeza ko kubana kwabo kwari kuzagorana. ‎
‎Umunyamakuru yamubajije ati:"Urimo kubona uburyo uwo mwahoze mukundana (A$AP) Rocky yishimanye n'umukunzi we (Umugore we ) Rihanna hamwe n'abana babo.... Ese ntibyaba bisobanuye ko ari wowe wari mubi mu gikundana?

". ‎
‎Undi na we atazuyaje yahise amusubiza ati:"Oya ntabwo narindi ikibazo. Ahubwo ni urukundo rwaje mu gihe kitaricyo.

Ikintu gikomeye si ukumubona yishimye arimo guha undi muntu ibintu byiza yansezeranyije ntabikore kandi narabyifuzaga iteka ryose". ‎
‎"Iyo twabaha turimo kuganira , nkagaruka ku kiganiro cyo gukora ubukwe tukagira abana, yahitaga ahindura icyo tuganiraho. Icyo gihe nibwo nahise menya ko ahazaza hacu hatari kuzakunda twembi".


‎Kuri Kendall Jenner ngo kubona A$AP Rocky yishimanye n'undi muntu biramurya ariko nanone bikamwemeza ko we atigeze ahabwa umwanya uhagije. ‎
‎Ati:"Burya rimwe na rimwe ntabwo abantu bahunga inzozi z'ejo hazaza ahubwo bazangana nawe ubwawe". ‎
‎ASAP Rocky amaze igihe agaragara mu bihe byiza hamwe na Rihanna bamaze kubyarana abana batatu baje bihuta cyane. .

Inkuru zerekeye

‎Tanasha Donna yagize icyo atangaza nyuma y'aho Zuchu na Diamond Platnumz bibarutse umukobwa
Imyidagaduro

‎Tanasha Donna yagize icyo atangaza nyuma y'aho Zuchu na Diamond Platnumz bibarutse umukobwa

Umuziki wa Afurika y'Iburasirazuba wari umaze igihe uvugwa kubera umwana w'umukobwa Zuchu na Diamond Platnumz baherutse kwibaruka dore ko ari na bamwe basanzwe bazi kurema inkuru zitwikira ibikorwa byabo muri muzika. Inkuru y'umwana banjirijwe n'amagambo yo kwihakana umugabo byanyirarureshwa kuri Zuchu warimo kuribwa n'inda.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 11 yashize
‎Basabye abantu kugabanya amatiku ! Itsinda The Same ryahuje imbaraga na Keyg Lemonde bakorana indirimbo bise 'Weekend'
Imyidagaduro

‎Basabye abantu kugabanya amatiku ! Itsinda The Same ryahuje imbaraga na Keyg Lemonde bakorana indirimbo bise 'Weekend'

Itsinda rya The Same na  Keyg Lemonade uri mu bari kuzamuka neza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo  bashyize hanze amashusho y'indirimbo nshya bise 'Weekend'. Ni indirimbo irimo ubutumwa busaba abantu kugabanya amatiku bakihugiraho ariko banaruhuka.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
‎Diamond Platnumz yahaye Zuchu impano yagera kuri 43,908,450 RWF mu birori byo kwishimira umwana
Imyidagaduro

‎Diamond Platnumz yahaye Zuchu impano yagera kuri 43,908,450 RWF mu birori byo kwishimira umwana

Umuhanzi Diamond Platnumz, Simba, yahaye Zuchu wa mubyariye umwana,agera kuri 43,908,450 RWF nk'igihembo cy'ishimwe ubwo bari mu birori byo kwizihiza umwana wari utari wavuka. Ni ibirori byabaye ku wa 31 Nyakanga 2026.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 4 yashize
‎Mr Beast wamamaye ku mbuga nkoranyambaga yarongoye ikizungerezi Thea Donaldson
Imyidagaduro

‎Mr Beast wamamaye ku mbuga nkoranyambaga yarongoye ikizungerezi Thea Donaldson

‎Mr Beast wamamaye ku mbuga nkoranyambaga yarongoye ikizungerezi Thea Donaldson

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 21
Nyina wa Kris Jenner yitabye Imana ku myaka 91
Imyidagaduro

Nyina wa Kris Jenner yitabye Imana ku myaka 91

Nyina wa Kris Jenner yitabye Imana ku myaka 91

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 17
Umuhanzi Mani Martin yaganiriye na  Amb. Mukasine Marie Claire mu Buyapani aho amaze iminsi
Imyidagaduro

Umuhanzi Mani Martin yaganiriye na Amb. Mukasine Marie Claire mu Buyapani aho amaze iminsi

Umuhanzi Mani Martin yaganiriye na Amb. Mukasine Marie Claire mu Buyapani aho amaze iminsi

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 16

Inkuru zishyashya

CECAFA Kagame Cup 2026: JAMUS FC yageze muri 1/2 Amakipe yo muri Tanzaniya arataha
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026: JAMUS FC yageze muri 1/2 Amakipe yo muri Tanzaniya arataha

JAMUS FC yo muri Sudan y'epfo itarahabwaga amahirwe yageze muri 1/2 mu gihe SINGIDA FC yarifite igikombe yasezerewe na SIMBA FC.

ADAM Yannickiminsi 5 yashize
‎Urukundo rwa Cia rwari rwiza cyane ari intangarugero ariko rurangira nabi ,  ubuzima burahinduka.
Inkuru z'urukundo

‎Urukundo rwa Cia rwari rwiza cyane ari intangarugero ariko rurangira nabi ,  ubuzima burahinduka.

Abantu benshi bakundaga kuvuga ko urukundo rwa Cia rwari nk'inzozi kuri bo kuko we n'umukunzi we bahoranaga inseko mu buzima bwabo, bagasangira ibihe byiza, ndetse benshi bakabafata nk'urugero rw'abashakanye babanye neza muri icyo gihe.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 6 yashize
Umunyabigwi wa AC Milan n'u Butaliyani, Franco Baresi, yitabye Imana ku myaka 66
Imikino

Umunyabigwi wa AC Milan n'u Butaliyani, Franco Baresi, yitabye Imana ku myaka 66

Umunyabigwi mu mupira w'amaguru w'u Butaliyani, Franco Baresi, wubatse amateka akomeye muri AC Milan no mu Ikipe y'Igihugu y'u Butaliyani, yitabye Imana ku myaka 66 nyuma y'igihe kirekire arwaye indwara y'ibihaha.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 6 yashize
CECAFA Kagame Cup 2026Ikipe ya Mbere yageze muri 1/2 yamenyekanye ndetse n'ikipe ya mbere yo mu Rwanda irasezererwa
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026Ikipe ya Mbere yageze muri 1/2 yamenyekanye ndetse n'ikipe ya mbere yo mu Rwanda irasezererwa

APR FC yarihagarariye u Rwanda yasezerewe n'ubwo yatsinze umukino wayo wa nyuma usoza itsinda.

ADAM Yannickiminsi 6 yashize
CECAFA Kagame Cup 2026: Imikino y'umunsi wa kabiri yarangiye mu matsinda
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026: Imikino y'umunsi wa kabiri yarangiye mu matsinda

Irushanwa CECAFA Kagame Cup 2026 riri hafi kurangira. Hakaba hasigaye umukino umwe wo mu matsinda kugira ngo tumenye amakipe yageze muri 1/2.

ADAM Yannick2026 Nyakanga 30
Pre Season Agaciro: Amakipe ane yamenyekanye yageze muri 1/2
Imikino

Pre Season Agaciro: Amakipe ane yamenyekanye yageze muri 1/2

Irushanwa Pre Season Agaciro rigeze mu mikino ya 1/2 aho umukino wa nyuma uzaba tariki 2 Kanama 2026

ADAM Yannick2026 Nyakanga 30