CECAFA Kagame Cup 2026: Imikino y'umunsi wa kabiri yarangiye mu matsinda
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026: Imikino y'umunsi wa kabiri yarangiye mu matsinda

ADAM Yannick2026 Nyakanga 303 min gusoma
CECAFA Kagame Cup 2026: Imikino y'umunsi wa kabiri yarangiye mu matsinda

Irushanwa CECAFA Kagame Cup 2026 riri hafi kurangira. Hakaba hasigaye umukino umwe wo mu matsinda kugira ngo tumenye amakipe yageze muri 1/2.

Irushanwa CECAFA Kagame Cup 2026 riri hafi kurangira. Hasigaye umukino umwe kugira ngo hamenyekane amakipe ane agomba gukina 1/2.

Nyuma y'uko amakipe yose akinnye imikino ibiri mu matsinda yose, ntabwo biramenyekane neza,ngo nayahe makipe ane azakina imikino ya 1/2.
Uko bihagaze muri buri tsinda mbere y'uko bakina umukino wa nyuma mu matsinda ugomba kugaragaza amakipe ane azakina 1/2.

Mu itsinda rya Mbere (A)
Mu itsinda rya Mbere rigizwe na APR FC, VIPERS FC,GOR MAHIA FC na GARDÉ RÉPUBLIQUANE FC. Kugeza ubu biracyagoranye kumenya ikipe igomba kuyobora iri tsinda. Vipers FC kugeza ubu ifite amanota 6 n'ibitego 4 izigamye, APR FC ifite amanota 3 n'umwenda w'ibitego 3.

GOR MAHIA FC ifite amanota 3 n'ibitego 4 izigamye. Umukino wa nyuma usoza itsinda
VIPERS FC irakina na APR FC
GOR MAHIA FC irakina na GARDÉ RÉPUBLIQUANE FC
Vipers FC n'itsinda APR cyangwa bikanganya irahita ibona itike ya 1/2. Ariko mu gihe yatsindwa Gor Mahia FC igatsinda ubwo byasaba ko itegereza uko imikino yo muyandi matsinda irangira ngo irebe ko yaza makipe yitwaye neza.

Mu itsinda rya Kabiri (B)
Mu itsinda rya Kabiri (B) JAMUS FC yaratunguranye kuko iri mu makipe atarahabwaga amahirwe yo kuba yagera muri 1/2. Kugira ngo ibone itike ya 1/2 birayisaba gutsinda Mogadishu city FC ikagira amanota 7. Kuko inganyije Singida igatsinda yahita ifata umwanya wa Mbere n'amanota 6.
Singinda kugira ngo ibone itike ya 1/2 irasabwa gutsinda SIMBA FC ikagira amanota 6 noneho ikajya mu makipe yitwaye neza ya Kabiri mu gihe JAMUS FC yaba yatsinze.

Mu itsinda rya Gatatu (C)
Mu itsinda rya Gatatu (C) naho ntabwo birasobanuka neza hagati ya AL HILAL FC na Rayon Sports FC. Kugeza ubu zose zifite amanota 6 gusa AL HILAL FC ifite ibitego 6 izigamye naho Rayon Sports FC izigamye ibitego 3.
Mu mukino wa nyuma usoza itsinda AL HILAL FC izakina na Rayon Sports FC. Aha Rayon kugira ngo ikomeze muri 1/2 irasabwa gukora ikintu kimwe muri bibiri. Hari gutsinda umukino cyangwa se kunganya. Mu gihe yatsindwa yahita isezererwa.

Imikino isoza amatsinda iratangira tariki 30 Nyakanga kugeza tariki 1 Kanama. Imikino ikaba izajya ibera isaha imwe ku bibuga bibiri bitandukanye. Umukino umwe uzajya ubera kuri Stade Amahoro i Remera undi ubere kuri Kigali Pelé Stadium.
Iyi mikino yose wayikurikirana imbona nkubona kuri Azamtv. Biragusaba kugura Décodeur yayo niba utayifite cyangwa waba uyifite ukagura ifatabuguzi.
Ushaka kujya kuyireba wagura itike ukanze *939*
Cyangwa ukajya kuri

Ibyifuzo by’abasomyi

Andika igitekerezo cyawe

0/2000

Igitekerezo cyawe kizemezwa n’abaditsi mbere y’uko cyagaragara. Ibyanditsse n’ababotsi cyangwa spam ntibyemewe.

Inkuru zerekeye

Umukinnyi yakoze impanuka agongana n’imashini ikora ikibuga
Imikino

Umukinnyi yakoze impanuka agongana n’imashini ikora ikibuga

Uwahoze ari umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza, Andros Townsend, yahuye n’impanuka idasanzwe ubwo yagongana n’ mashini ikora ikibuga mbere y’umukino wa Thai Pro League, ariko ku bw’amahirwe ntiyagira imvune ikomeye.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 3 yashize
Sadio Mané yashoye miliyari zirenga 28 Frw mu mushinga ukomeye w’ubuhinzi iwabo
Imikino

Sadio Mané yashoye miliyari zirenga 28 Frw mu mushinga ukomeye w’ubuhinzi iwabo

Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Sénégal, Sadio Mané, yongeye kugaragaza uruhare agira mu iterambere ry’iwabo, aho agiye gushora miliyoni 19,5 z’Amadolari ya Amerika, asaga miliyari 28 Frw, mu mushinga mugari w’ubuhinzi n’inganda zitunganya umusaruro uzashyirwa mu gace ka Bambali avukamo.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
Iradukunda Pascal yabonye ikipe nshya muri Arabie Saoudite
Imikino

Iradukunda Pascal yabonye ikipe nshya muri Arabie Saoudite

Iradukunda Pascal ukina mu kibuga hagati ariko washeshe amasezerano yari afitanye na Rayon Sports, yabonye ikipe nshya ya Nova Star SC ikina muri Shampiyona y’Icyiciro cya Kabiri muri Arabie Saoudite.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 5 yashize
Nelly Mukazayire Minisitiri wa Siporo yeretse urubyiruko ko igihugu kirukeneye ari ruzima
Imikino

Nelly Mukazayire Minisitiri wa Siporo yeretse urubyiruko ko igihugu kirukeneye ari ruzima

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yatangaje ko Leta y’u Rwanda yatangije ubukangurambaga bwo kurwanya ibisindisha ndetse n’ibiyobyabwenge kubera ko byibasira urubyiruko kandi ari rwo igihugu gitezeho amaboko yo kucyubaka.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 6 yashize
Achraf Hakimi na Sadio Mané bayoboye Abanyafurika muri Ballon d’Or 2026
Imikino

Achraf Hakimi na Sadio Mané bayoboye Abanyafurika muri Ballon d’Or 2026

Abakinnyi b’Abanyafurika umunya Morocco Achraf Hakimi n'umunya Senegal Sadio Mané bari mu bakinnyi 30 bahatanira Ballon d’Or 2026, mu gihe Afurika ifite abandi bakinnyi bahataniye ibihembo bitandukanye mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 70 kuva ibi bihembo byatangira gutangwa.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nzeri 10
Umukobwa w’imyaka 22 yagizwe umutoza w’ikipe nkuru y’abagabo
Imikino

Umukobwa w’imyaka 22 yagizwe umutoza w’ikipe nkuru y’abagabo

Ikipe yo muri Turikiya, Turgutluspor, yakoze amateka yo guha akazi Zeynep Mestan nk’umutoza mushya w’ikipe yayo nkuru y’abagabo.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nzeri 10

Inkuru zishyashya

Imigambi y’Imana irahambaye, birenze kure ibyo muntu ashobora gutekereza - Papa Leo XVI
Iyobokamana

Imigambi y’Imana irahambaye, birenze kure ibyo muntu ashobora gutekereza - Papa Leo XVI

Papa Leo XIV yasabye abakirisitu kuzirikana ko imigambi y’Imana irenze kure ibyo umuntu ashobora gutekereza, ashingiye ku mugani wa Yezu w’abakozi bakoraga mu ruzabibu, yibutsa ko inzira z’Imana zitandukanye n’iza muntu.

KWIZERA Jean de Dieuiminota 12 zashize
Muhanga: Umuyobozi w’Uburezi yafunzwe hakekwa icyo yaba yazize
Inkuru ku Rwanda

Muhanga: Umuyobozi w’Uburezi yafunzwe hakekwa icyo yaba yazize

Umuyobozi w’Uburezi mu Karere ka Muhanga, Habyarimana Daniel ari mu maboko ya RIB, birakekwa ari ibanga ry’akazi yamennye.

KWIZERA Jean de Dieuiminota 20 zashize
Umugore n’umuhungu we bakurikiranyweho icyaha cy’ubusamba nyuma yo gusambana inshuro zirenga 100
Hanze

Umugore n’umuhungu we bakurikiranyweho icyaha cy’ubusamba nyuma yo gusambana inshuro zirenga 100

Umugore w’imyaka 46 wo muri Leta ya Florida muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Christina Clemens, n’umuhungu we Shane Clemens w’imyaka 22, bakurikiranyweho icyaha cy’ubusambanyi hagati y’abagize umuryango (incest), nyuma y’uko bombi bemeye ko bamaze igihe bakorana imibonano mpuzabitsina.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 3 yashize
USA: Umugore yatawe muri yombi nyuma yo gufatwa amashusho ari gukorana imibonano mpuzabitsina n’imbwa
Hanze

USA: Umugore yatawe muri yombi nyuma yo gufatwa amashusho ari gukorana imibonano mpuzabitsina n’imbwa

Umugore w’imyaka 38 wo muri Leta ya Florida muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatawe muri yombi, nyuma y’uko umugabo we asanze amashusho amugaragaza ari gukorana ibikorwa by’imibonano mpuzabitsina n’imbwa y’umuryango, nk’uko polisi ibivuga.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 3 yashize
Trump agiye gushyiraho ‘AI Force’ ishinzwe kugenzura ikoranabuhanga rya AI
INKURU NYAMUKURU

Trump agiye gushyiraho ‘AI Force’ ishinzwe kugenzura ikoranabuhanga rya AI

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ateganya gushyiraho itsinda ryihariye ryiswe “AI Force” ndetse akanashyiraho umuyobozi mukuru ushinzwe ibijyanye n’ubwenge buhangano (AI Czar).

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 6 yashize
Umunyonzi wo muri RD Congo yapfiriye mu rugendo rwo kwimakaza amahoro
Izindi nkuru

Umunyonzi wo muri RD Congo yapfiriye mu rugendo rwo kwimakaza amahoro

Abategetsi bo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC/RDC) batangaje urupfu rw'umunyonzi wari ukiri muto watangije gahunda yo kwimakaza amahoro muri icyo gihugu kirangwamo intambara, mu kunyonga igare kuva i Goma mu burasirazuba bw'icyo gihugu yerekeza mu murwa mukuru Rabat wa Maroc.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 6 yashize