CECAFA Kagame Cup 2026: Imikino y'umunsi wa kabiri yarangiye mu matsinda
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026: Imikino y'umunsi wa kabiri yarangiye mu matsinda

ADAM Yannick2026 Nyakanga 303 min gusoma
CECAFA Kagame Cup 2026: Imikino y'umunsi wa kabiri yarangiye mu matsinda

Irushanwa CECAFA Kagame Cup 2026 riri hafi kurangira. Hakaba hasigaye umukino umwe wo mu matsinda kugira ngo tumenye amakipe yageze muri 1/2.

Irushanwa CECAFA Kagame Cup 2026 riri hafi kurangira. Hasigaye umukino umwe kugira ngo hamenyekane amakipe ane agomba gukina 1/2.

Nyuma y'uko amakipe yose akinnye imikino ibiri mu matsinda yose, ntabwo biramenyekane neza,ngo nayahe makipe ane azakina imikino ya 1/2.
Uko bihagaze muri buri tsinda mbere y'uko bakina umukino wa nyuma mu matsinda ugomba kugaragaza amakipe ane azakina 1/2.

Mu itsinda rya Mbere (A)
Mu itsinda rya Mbere rigizwe na APR FC, VIPERS FC,GOR MAHIA FC na GARDÉ RÉPUBLIQUANE FC. Kugeza ubu biracyagoranye kumenya ikipe igomba kuyobora iri tsinda. Vipers FC kugeza ubu ifite amanota 6 n'ibitego 4 izigamye, APR FC ifite amanota 3 n'umwenda w'ibitego 3.

GOR MAHIA FC ifite amanota 3 n'ibitego 4 izigamye. Umukino wa nyuma usoza itsinda
VIPERS FC irakina na APR FC
GOR MAHIA FC irakina na GARDÉ RÉPUBLIQUANE FC
Vipers FC n'itsinda APR cyangwa bikanganya irahita ibona itike ya 1/2. Ariko mu gihe yatsindwa Gor Mahia FC igatsinda ubwo byasaba ko itegereza uko imikino yo muyandi matsinda irangira ngo irebe ko yaza makipe yitwaye neza.

Mu itsinda rya Kabiri (B)
Mu itsinda rya Kabiri (B) JAMUS FC yaratunguranye kuko iri mu makipe atarahabwaga amahirwe yo kuba yagera muri 1/2. Kugira ngo ibone itike ya 1/2 birayisaba gutsinda Mogadishu city FC ikagira amanota 7. Kuko inganyije Singida igatsinda yahita ifata umwanya wa Mbere n'amanota 6.
Singinda kugira ngo ibone itike ya 1/2 irasabwa gutsinda SIMBA FC ikagira amanota 6 noneho ikajya mu makipe yitwaye neza ya Kabiri mu gihe JAMUS FC yaba yatsinze.

Mu itsinda rya Gatatu (C)
Mu itsinda rya Gatatu (C) naho ntabwo birasobanuka neza hagati ya AL HILAL FC na Rayon Sports FC. Kugeza ubu zose zifite amanota 6 gusa AL HILAL FC ifite ibitego 6 izigamye naho Rayon Sports FC izigamye ibitego 3.
Mu mukino wa nyuma usoza itsinda AL HILAL FC izakina na Rayon Sports FC. Aha Rayon kugira ngo ikomeze muri 1/2 irasabwa gukora ikintu kimwe muri bibiri. Hari gutsinda umukino cyangwa se kunganya. Mu gihe yatsindwa yahita isezererwa.

Imikino isoza amatsinda iratangira tariki 30 Nyakanga kugeza tariki 1 Kanama. Imikino ikaba izajya ibera isaha imwe ku bibuga bibiri bitandukanye. Umukino umwe uzajya ubera kuri Stade Amahoro i Remera undi ubere kuri Kigali Pelé Stadium.
Iyi mikino yose wayikurikirana imbona nkubona kuri Azamtv. Biragusaba kugura Décodeur yayo niba utayifite cyangwa waba uyifite ukagura ifatabuguzi.
Ushaka kujya kuyireba wagura itike ukanze *939*
Cyangwa ukajya kuri

Inkuru zerekeye

CECAFA Kagame Cup 2026: JAMUS FC yageze muri 1/2 Amakipe yo muri Tanzaniya arataha
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026: JAMUS FC yageze muri 1/2 Amakipe yo muri Tanzaniya arataha

JAMUS FC yo muri Sudan y'epfo itarahabwaga amahirwe yageze muri 1/2 mu gihe SINGIDA FC yarifite igikombe yasezerewe na SIMBA FC.

ADAM Yannick2026 Kanama 1
Umunyabigwi wa AC Milan n'u Butaliyani, Franco Baresi, yitabye Imana ku myaka 66
Imikino

Umunyabigwi wa AC Milan n'u Butaliyani, Franco Baresi, yitabye Imana ku myaka 66

Umunyabigwi mu mupira w'amaguru w'u Butaliyani, Franco Baresi, wubatse amateka akomeye muri AC Milan no mu Ikipe y'Igihugu y'u Butaliyani, yitabye Imana ku myaka 66 nyuma y'igihe kirekire arwaye indwara y'ibihaha.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 31
CECAFA Kagame Cup 2026Ikipe ya Mbere yageze muri 1/2 yamenyekanye ndetse n'ikipe ya mbere yo mu Rwanda irasezererwa
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026Ikipe ya Mbere yageze muri 1/2 yamenyekanye ndetse n'ikipe ya mbere yo mu Rwanda irasezererwa

APR FC yarihagarariye u Rwanda yasezerewe n'ubwo yatsinze umukino wayo wa nyuma usoza itsinda.

ADAM Yannick2026 Nyakanga 31
Pre Season Agaciro: Amakipe ane yamenyekanye yageze muri 1/2
Imikino

Pre Season Agaciro: Amakipe ane yamenyekanye yageze muri 1/2

Irushanwa Pre Season Agaciro rigeze mu mikino ya 1/2 aho umukino wa nyuma uzaba tariki 2 Kanama 2026

ADAM Yannick2026 Nyakanga 30
CECAFA Kagame Cup 2026: APR FC yahawe isomo rya Ruhago imbere ya Perezida Paul Kagame
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026: APR FC yahawe isomo rya Ruhago imbere ya Perezida Paul Kagame

APR FC yatsinzwe na Gormahia FC ibitego 5-0 ku mukino wa mbere ufungura CECAFA Kagame Cup 2026. Bikaba bibaye ubwa mbere itsindwa ibitego 5-0 muri CECAFA Kagame Cup ubwo yari yatsinzwe byinshi yari yatsinzwe 4.

ADAM Yannick2026 Nyakanga 27
Patriots BBC na REG BBC zaraye zitwaye neza mu mukino utari woroshye
Imikino

Patriots BBC na REG BBC zaraye zitwaye neza mu mukino utari woroshye

Patriots BBC na REG BBC zaraye zitwaye neza mu mukino utari woroshye

ADAM Yannick2026 Nyakanga 18

Inkuru zishyashya

‎"Guca inyuma uwo mwashakanye biremewe mu gihe umugabo ataguha ibyo wifuza byose" ! Zari Hassan  ‎
Imyidagaduro

‎"Guca inyuma uwo mwashakanye biremewe mu gihe umugabo ataguha ibyo wifuza byose" ! Zari Hassan ‎

‎Zari Hassan yatangije ikiganiro mpaka ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye nyuma yo kwemeza ko umugore aba agomba guca inyuma uwo bashakanye igihe cyose uwo mugabo adatanga ibikenewe byose mu rugo.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 2 yashize
Bamaranye imyaka 10 ! Amagambo y’urukundo Butera Knowless yabwiye umugabo we
Imyidagaduro

Bamaranye imyaka 10 ! Amagambo y’urukundo Butera Knowless yabwiye umugabo we

Butera Knowless umaranye imyaka 10 n’umugabo we mu buryo bwemewe n’amagategeko nk’umugore n’umugabo, yamushimiye byimazeyo ku rukundo yamuhaye agaragaza ko yabonye Imana mu byo banyuranyemo byose.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 15 yashize
Ibyo amaze kunguka ! Diamond Platnumz yishyuye agera kuri 8,821,692 RWF ngo ahure na Ne-Yo yishyura 147,028,200 Rwf ngo ahure na Davido
INKURU NYAMUKURU

Ibyo amaze kunguka ! Diamond Platnumz yishyuye agera kuri 8,821,692 RWF ngo ahure na Ne-Yo yishyura 147,028,200 Rwf ngo ahure na Davido

Umuhanzi Diamond Platnumz uri mu bakomeye muri Tanzania, ntabwo yazuyaje mu kwishyura agera kuri 8,821,692 Rwf kugira ngo ahure na kimwe mu byamamare muri muzika y’Isi Ne-Yo ndetse ngo yishyure n’andi menshi mu guhura na Davido wo muri Nigeria.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 16 yashize
‎Kendall Jenner wakundanye na A$AP Rocky yagarutse ku mubo wabo avuga ko yabuze umugabo mwiza  ‎
Imyidagaduro

‎Kendall Jenner wakundanye na A$AP Rocky yagarutse ku mubo wabo avuga ko yabuze umugabo mwiza ‎

Kendall Jenner wamamaye mu myidagaduro yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , akaba yarakanyujijeho na A$AP Rocky umaze kubyarana Gatatu na Rihanna , yatangaje ko kuba batarabanye byaturutse ku kuba Rocky atarifuzaga ko baganira ku byerekeye ahazaza hano.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
‎Tanasha Donna yagize icyo atangaza nyuma y'aho Zuchu na Diamond Platnumz bibarutse umukobwa
Imyidagaduro

‎Tanasha Donna yagize icyo atangaza nyuma y'aho Zuchu na Diamond Platnumz bibarutse umukobwa

Umuziki wa Afurika y'Iburasirazuba wari umaze igihe uvugwa kubera umwana w'umukobwa Zuchu na Diamond Platnumz baherutse kwibaruka dore ko ari na bamwe basanzwe bazi kurema inkuru zitwikira ibikorwa byabo muri muzika. Inkuru y'umwana banjirijwe n'amagambo yo kwihakana umugabo byanyirarureshwa kuri Zuchu warimo kuribwa n'inda.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 2 yashize
‎Basabye abantu kugabanya amatiku ! Itsinda The Same ryahuje imbaraga na Keyg Lemonde bakorana indirimbo bise 'Weekend'
Imyidagaduro

‎Basabye abantu kugabanya amatiku ! Itsinda The Same ryahuje imbaraga na Keyg Lemonde bakorana indirimbo bise 'Weekend'

Itsinda rya The Same na  Keyg Lemonade uri mu bari kuzamuka neza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo  bashyize hanze amashusho y'indirimbo nshya bise 'Weekend'. Ni indirimbo irimo ubutumwa busaba abantu kugabanya amatiku bakihugiraho ariko banaruhuka.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 3 yashize