CECAFA Kagame Cup 2026Ikipe ya Mbere yageze muri 1/2 yamenyekanye ndetse n'ikipe ya mbere yo mu Rwanda irasezererwa
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026Ikipe ya Mbere yageze muri 1/2 yamenyekanye ndetse n'ikipe ya mbere yo mu Rwanda irasezererwa

ADAM Yannick2026 Nyakanga 313 min gusoma
CECAFA Kagame Cup 2026Ikipe ya Mbere yageze muri 1/2 yamenyekanye ndetse n'ikipe ya mbere yo mu Rwanda irasezererwa

APR FC yarihagarariye u Rwanda yasezerewe n'ubwo yatsinze umukino wayo wa nyuma usoza itsinda.

Ku wa kane tariki 30 Nyakanga 2026 nibwo bakinnye imikino isoza itsinda rya mbere A.
Imikino yose uko ari ibiri isoza itsinda yabereye isaha imwe ku bibuga bitandukanye.
Mbere y'uko bakina iyi mikino isoza VIPERS FC niyo yari iyoboye itsinda kuko yarifite amanota 6/6 kuko yari yatsinze Imikino ibiri ibanza.

APR FC yari ihanzwe amaso n’abakunzi bayo benshi, yakiniye kuri Stade Amahoro ndetse inabona intsinzi yakuye kuri Vipers SC ubwo yayitsindaga ibitego 2-1.
APR FC yatsindiwe na Mamadou Traoré ku munota wa 38 na kapiteni wayo, Djibril Quattara ku munota w 62 ariko iyi ntsinzi yasize isezerewe itarenze kubera umwenda w'ibitego

Vipers FC yatsindiwe na Gusto Mulongo ku munota wa 40 ariko icyo gitego ntabwo cyari gihagije kuko basabwaga byibura kunganya cyangwa gutsinda ngo babone itike ya 1/2.

Gor Mahia FC yakiniye kuri Kigali Pelé Stadium yatsindiwe na Paul Okoth ku munota wa Gatatu, itsinda Garde Républicaine FC . Uyu mukino waje kurangira Gor Mahia FC iwutsinze ihita ibina itike ya 1/2.

Vipers FC n’ubwo yatsinzwe, izategereza kureba uko mu yandi matsinda abiri bazasoza imikino y’amatsinda.

Gor Mahia FC muri 1/2 izahura n'ikipe izaba yasoreje ku mwanya wa Kabiri mu matsinda yose ariko yitwaye neza kurusha izindi.

Uko itsinda rya Mbere ryarangiye

1. Gor Mahia FC yasoje ifite amanota atandatu n’ibitego bitanu izigamye, ik 2. Vipers FC banganya amanota ariko yo ikazigama ibitego bibiri mu gihe
3. APR FC ari iya Gatatu nayo n’amanota atandatu n’umwenda w’ibitego bibiri,
4. Garde Republicaine FC iza ku mwanya wa nyuma yatsinzwe imikino yose ikaba ifite umwenda w’ibitego bitandatu.

Imikino isoza amatsinda irakomeza uyu munsi aho mu itsinda rya Kabiri B naho bitaramenyekana ikipe igomba kuyobora itsinda ,gusa JAMUS FC ikinamo Muhire Kevin itarahabwaga amahirwe ikaba ifite amahirwe yo kuba yarangiza iyoboye itsinda mu gihe yatsinda Mogadishu City FC. Sindiga FC ifite igikombe irasabwa gutsinda SIMBA FC igategereza uko imikino yo mu itsinda rya Gatatu C izarangira kugira ngo hamenyekane ikipe yitwaye neza ya Kabiri. Mu itsinda rya Gatatu C naho ntibyoroshye gusa igihe amakipe yombi yanganya yahita abona itike ya 1/2.

Rayon Sports FC irasabwa kudakora ikosa iryo ariryo ryose kuko iramutse itsinzwe nayo yahita isezererwa itageze muri 1/2. Imikino yo mu itsinda rya Gatatu iteganyijwe kuba ku wa gatandatu tariki 1 Kanama 2026. Aho Rayon Sports FC izakina na AL HILAL FC kuri Stade Amahoro i Remera mu gihe Tusker FC izakina na KFZ FC kuri Kigali Pelé Stadium i Nyamirambo. .

Ibyifuzo by’abasomyi

Andika igitekerezo cyawe

0/2000

Igitekerezo cyawe kizemezwa n’abaditsi mbere y’uko cyagaragara. Ibyanditsse n’ababotsi cyangwa spam ntibyemewe.

Inkuru zerekeye

Umukinnyi yakoze impanuka agongana n’imashini ikora ikibuga
Imikino

Umukinnyi yakoze impanuka agongana n’imashini ikora ikibuga

Uwahoze ari umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza, Andros Townsend, yahuye n’impanuka idasanzwe ubwo yagongana n’ mashini ikora ikibuga mbere y’umukino wa Thai Pro League, ariko ku bw’amahirwe ntiyagira imvune ikomeye.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 3 yashize
Sadio Mané yashoye miliyari zirenga 28 Frw mu mushinga ukomeye w’ubuhinzi iwabo
Imikino

Sadio Mané yashoye miliyari zirenga 28 Frw mu mushinga ukomeye w’ubuhinzi iwabo

Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Sénégal, Sadio Mané, yongeye kugaragaza uruhare agira mu iterambere ry’iwabo, aho agiye gushora miliyoni 19,5 z’Amadolari ya Amerika, asaga miliyari 28 Frw, mu mushinga mugari w’ubuhinzi n’inganda zitunganya umusaruro uzashyirwa mu gace ka Bambali avukamo.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
Iradukunda Pascal yabonye ikipe nshya muri Arabie Saoudite
Imikino

Iradukunda Pascal yabonye ikipe nshya muri Arabie Saoudite

Iradukunda Pascal ukina mu kibuga hagati ariko washeshe amasezerano yari afitanye na Rayon Sports, yabonye ikipe nshya ya Nova Star SC ikina muri Shampiyona y’Icyiciro cya Kabiri muri Arabie Saoudite.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 5 yashize
Nelly Mukazayire Minisitiri wa Siporo yeretse urubyiruko ko igihugu kirukeneye ari ruzima
Imikino

Nelly Mukazayire Minisitiri wa Siporo yeretse urubyiruko ko igihugu kirukeneye ari ruzima

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yatangaje ko Leta y’u Rwanda yatangije ubukangurambaga bwo kurwanya ibisindisha ndetse n’ibiyobyabwenge kubera ko byibasira urubyiruko kandi ari rwo igihugu gitezeho amaboko yo kucyubaka.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 6 yashize
Achraf Hakimi na Sadio Mané bayoboye Abanyafurika muri Ballon d’Or 2026
Imikino

Achraf Hakimi na Sadio Mané bayoboye Abanyafurika muri Ballon d’Or 2026

Abakinnyi b’Abanyafurika umunya Morocco Achraf Hakimi n'umunya Senegal Sadio Mané bari mu bakinnyi 30 bahatanira Ballon d’Or 2026, mu gihe Afurika ifite abandi bakinnyi bahataniye ibihembo bitandukanye mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 70 kuva ibi bihembo byatangira gutangwa.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nzeri 10
Umukobwa w’imyaka 22 yagizwe umutoza w’ikipe nkuru y’abagabo
Imikino

Umukobwa w’imyaka 22 yagizwe umutoza w’ikipe nkuru y’abagabo

Ikipe yo muri Turikiya, Turgutluspor, yakoze amateka yo guha akazi Zeynep Mestan nk’umutoza mushya w’ikipe yayo nkuru y’abagabo.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nzeri 10

Inkuru zishyashya

Imigambi y’Imana irahambaye, birenze kure ibyo muntu ashobora gutekereza - Papa Leo XVI
Iyobokamana

Imigambi y’Imana irahambaye, birenze kure ibyo muntu ashobora gutekereza - Papa Leo XVI

Papa Leo XIV yasabye abakirisitu kuzirikana ko imigambi y’Imana irenze kure ibyo umuntu ashobora gutekereza, ashingiye ku mugani wa Yezu w’abakozi bakoraga mu ruzabibu, yibutsa ko inzira z’Imana zitandukanye n’iza muntu.

KWIZERA Jean de Dieuiminota 15 zashize
Muhanga: Umuyobozi w’Uburezi yafunzwe hakekwa icyo yaba yazize
Inkuru ku Rwanda

Muhanga: Umuyobozi w’Uburezi yafunzwe hakekwa icyo yaba yazize

Umuyobozi w’Uburezi mu Karere ka Muhanga, Habyarimana Daniel ari mu maboko ya RIB, birakekwa ari ibanga ry’akazi yamennye.

KWIZERA Jean de Dieuiminota 23 zashize
Umugore n’umuhungu we bakurikiranyweho icyaha cy’ubusamba nyuma yo gusambana inshuro zirenga 100
Hanze

Umugore n’umuhungu we bakurikiranyweho icyaha cy’ubusamba nyuma yo gusambana inshuro zirenga 100

Umugore w’imyaka 46 wo muri Leta ya Florida muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Christina Clemens, n’umuhungu we Shane Clemens w’imyaka 22, bakurikiranyweho icyaha cy’ubusambanyi hagati y’abagize umuryango (incest), nyuma y’uko bombi bemeye ko bamaze igihe bakorana imibonano mpuzabitsina.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 3 yashize
USA: Umugore yatawe muri yombi nyuma yo gufatwa amashusho ari gukorana imibonano mpuzabitsina n’imbwa
Hanze

USA: Umugore yatawe muri yombi nyuma yo gufatwa amashusho ari gukorana imibonano mpuzabitsina n’imbwa

Umugore w’imyaka 38 wo muri Leta ya Florida muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatawe muri yombi, nyuma y’uko umugabo we asanze amashusho amugaragaza ari gukorana ibikorwa by’imibonano mpuzabitsina n’imbwa y’umuryango, nk’uko polisi ibivuga.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 3 yashize
Trump agiye gushyiraho ‘AI Force’ ishinzwe kugenzura ikoranabuhanga rya AI
INKURU NYAMUKURU

Trump agiye gushyiraho ‘AI Force’ ishinzwe kugenzura ikoranabuhanga rya AI

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ateganya gushyiraho itsinda ryihariye ryiswe “AI Force” ndetse akanashyiraho umuyobozi mukuru ushinzwe ibijyanye n’ubwenge buhangano (AI Czar).

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 6 yashize
Umunyonzi wo muri RD Congo yapfiriye mu rugendo rwo kwimakaza amahoro
Izindi nkuru

Umunyonzi wo muri RD Congo yapfiriye mu rugendo rwo kwimakaza amahoro

Abategetsi bo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC/RDC) batangaje urupfu rw'umunyonzi wari ukiri muto watangije gahunda yo kwimakaza amahoro muri icyo gihugu kirangwamo intambara, mu kunyonga igare kuva i Goma mu burasirazuba bw'icyo gihugu yerekeza mu murwa mukuru Rabat wa Maroc.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 7 yashize