CECAFA Kagame Cup 2026Ikipe ya Mbere yageze muri 1/2 yamenyekanye ndetse n'ikipe ya mbere yo mu Rwanda irasezererwa
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026Ikipe ya Mbere yageze muri 1/2 yamenyekanye ndetse n'ikipe ya mbere yo mu Rwanda irasezererwa

ADAM Yannick2026 Nyakanga 313 min gusoma
CECAFA Kagame Cup 2026Ikipe ya Mbere yageze muri 1/2 yamenyekanye ndetse n'ikipe ya mbere yo mu Rwanda irasezererwa

APR FC yarihagarariye u Rwanda yasezerewe n'ubwo yatsinze umukino wayo wa nyuma usoza itsinda.

Ku wa kane tariki 30 Nyakanga 2026 nibwo bakinnye imikino isoza itsinda rya mbere A.
Imikino yose uko ari ibiri isoza itsinda yabereye isaha imwe ku bibuga bitandukanye.
Mbere y'uko bakina iyi mikino isoza VIPERS FC niyo yari iyoboye itsinda kuko yarifite amanota 6/6 kuko yari yatsinze Imikino ibiri ibanza.

APR FC yari ihanzwe amaso n’abakunzi bayo benshi, yakiniye kuri Stade Amahoro ndetse inabona intsinzi yakuye kuri Vipers SC ubwo yayitsindaga ibitego 2-1.
APR FC yatsindiwe na Mamadou Traoré ku munota wa 38 na kapiteni wayo, Djibril Quattara ku munota w 62 ariko iyi ntsinzi yasize isezerewe itarenze kubera umwenda w'ibitego

Vipers FC yatsindiwe na Gusto Mulongo ku munota wa 40 ariko icyo gitego ntabwo cyari gihagije kuko basabwaga byibura kunganya cyangwa gutsinda ngo babone itike ya 1/2.

Gor Mahia FC yakiniye kuri Kigali Pelé Stadium yatsindiwe na Paul Okoth ku munota wa Gatatu, itsinda Garde Républicaine FC . Uyu mukino waje kurangira Gor Mahia FC iwutsinze ihita ibina itike ya 1/2.

Vipers FC n’ubwo yatsinzwe, izategereza kureba uko mu yandi matsinda abiri bazasoza imikino y’amatsinda.

Gor Mahia FC muri 1/2 izahura n'ikipe izaba yasoreje ku mwanya wa Kabiri mu matsinda yose ariko yitwaye neza kurusha izindi.

Uko itsinda rya Mbere ryarangiye

1. Gor Mahia FC yasoje ifite amanota atandatu n’ibitego bitanu izigamye, ik 2. Vipers FC banganya amanota ariko yo ikazigama ibitego bibiri mu gihe
3. APR FC ari iya Gatatu nayo n’amanota atandatu n’umwenda w’ibitego bibiri,
4. Garde Republicaine FC iza ku mwanya wa nyuma yatsinzwe imikino yose ikaba ifite umwenda w’ibitego bitandatu.

Imikino isoza amatsinda irakomeza uyu munsi aho mu itsinda rya Kabiri B naho bitaramenyekana ikipe igomba kuyobora itsinda ,gusa JAMUS FC ikinamo Muhire Kevin itarahabwaga amahirwe ikaba ifite amahirwe yo kuba yarangiza iyoboye itsinda mu gihe yatsinda Mogadishu City FC. Sindiga FC ifite igikombe irasabwa gutsinda SIMBA FC igategereza uko imikino yo mu itsinda rya Gatatu C izarangira kugira ngo hamenyekane ikipe yitwaye neza ya Kabiri. Mu itsinda rya Gatatu C naho ntibyoroshye gusa igihe amakipe yombi yanganya yahita abona itike ya 1/2.

Rayon Sports FC irasabwa kudakora ikosa iryo ariryo ryose kuko iramutse itsinzwe nayo yahita isezererwa itageze muri 1/2. Imikino yo mu itsinda rya Gatatu iteganyijwe kuba ku wa gatandatu tariki 1 Kanama 2026. Aho Rayon Sports FC izakina na AL HILAL FC kuri Stade Amahoro i Remera mu gihe Tusker FC izakina na KFZ FC kuri Kigali Pelé Stadium i Nyamirambo. .

Inkuru zerekeye

CECAFA Kagame Cup 2026: JAMUS FC yageze muri 1/2 Amakipe yo muri Tanzaniya arataha
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026: JAMUS FC yageze muri 1/2 Amakipe yo muri Tanzaniya arataha

JAMUS FC yo muri Sudan y'epfo itarahabwaga amahirwe yageze muri 1/2 mu gihe SINGIDA FC yarifite igikombe yasezerewe na SIMBA FC.

ADAM Yannick2026 Kanama 1
Umunyabigwi wa AC Milan n'u Butaliyani, Franco Baresi, yitabye Imana ku myaka 66
Imikino

Umunyabigwi wa AC Milan n'u Butaliyani, Franco Baresi, yitabye Imana ku myaka 66

Umunyabigwi mu mupira w'amaguru w'u Butaliyani, Franco Baresi, wubatse amateka akomeye muri AC Milan no mu Ikipe y'Igihugu y'u Butaliyani, yitabye Imana ku myaka 66 nyuma y'igihe kirekire arwaye indwara y'ibihaha.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 31
CECAFA Kagame Cup 2026: Imikino y'umunsi wa kabiri yarangiye mu matsinda
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026: Imikino y'umunsi wa kabiri yarangiye mu matsinda

Irushanwa CECAFA Kagame Cup 2026 riri hafi kurangira. Hakaba hasigaye umukino umwe wo mu matsinda kugira ngo tumenye amakipe yageze muri 1/2.

ADAM Yannick2026 Nyakanga 30
Pre Season Agaciro: Amakipe ane yamenyekanye yageze muri 1/2
Imikino

Pre Season Agaciro: Amakipe ane yamenyekanye yageze muri 1/2

Irushanwa Pre Season Agaciro rigeze mu mikino ya 1/2 aho umukino wa nyuma uzaba tariki 2 Kanama 2026

ADAM Yannick2026 Nyakanga 30
CECAFA Kagame Cup 2026: APR FC yahawe isomo rya Ruhago imbere ya Perezida Paul Kagame
Imikino

CECAFA Kagame Cup 2026: APR FC yahawe isomo rya Ruhago imbere ya Perezida Paul Kagame

APR FC yatsinzwe na Gormahia FC ibitego 5-0 ku mukino wa mbere ufungura CECAFA Kagame Cup 2026. Bikaba bibaye ubwa mbere itsindwa ibitego 5-0 muri CECAFA Kagame Cup ubwo yari yatsinzwe byinshi yari yatsinzwe 4.

ADAM Yannick2026 Nyakanga 27
Patriots BBC na REG BBC zaraye zitwaye neza mu mukino utari woroshye
Imikino

Patriots BBC na REG BBC zaraye zitwaye neza mu mukino utari woroshye

Patriots BBC na REG BBC zaraye zitwaye neza mu mukino utari woroshye

ADAM Yannick2026 Nyakanga 18

Inkuru zishyashya

‎"Guca inyuma uwo mwashakanye biremewe mu gihe umugabo ataguha ibyo wifuza byose" ! Zari Hassan  ‎
Imyidagaduro

‎"Guca inyuma uwo mwashakanye biremewe mu gihe umugabo ataguha ibyo wifuza byose" ! Zari Hassan ‎

‎Zari Hassan yatangije ikiganiro mpaka ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye nyuma yo kwemeza ko umugore aba agomba guca inyuma uwo bashakanye igihe cyose uwo mugabo adatanga ibikenewe byose mu rugo.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 3 yashize
Bamaranye imyaka 10 ! Amagambo y’urukundo Butera Knowless yabwiye umugabo we
Imyidagaduro

Bamaranye imyaka 10 ! Amagambo y’urukundo Butera Knowless yabwiye umugabo we

Butera Knowless umaranye imyaka 10 n’umugabo we mu buryo bwemewe n’amagategeko nk’umugore n’umugabo, yamushimiye byimazeyo ku rukundo yamuhaye agaragaza ko yabonye Imana mu byo banyuranyemo byose.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 15 yashize
Ibyo amaze kunguka ! Diamond Platnumz yishyuye agera kuri 8,821,692 RWF ngo ahure na Ne-Yo yishyura 147,028,200 Rwf ngo ahure na Davido
INKURU NYAMUKURU

Ibyo amaze kunguka ! Diamond Platnumz yishyuye agera kuri 8,821,692 RWF ngo ahure na Ne-Yo yishyura 147,028,200 Rwf ngo ahure na Davido

Umuhanzi Diamond Platnumz uri mu bakomeye muri Tanzania, ntabwo yazuyaje mu kwishyura agera kuri 8,821,692 Rwf kugira ngo ahure na kimwe mu byamamare muri muzika y’Isi Ne-Yo ndetse ngo yishyure n’andi menshi mu guhura na Davido wo muri Nigeria.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 16 yashize
‎Kendall Jenner wakundanye na A$AP Rocky yagarutse ku mubo wabo avuga ko yabuze umugabo mwiza  ‎
Imyidagaduro

‎Kendall Jenner wakundanye na A$AP Rocky yagarutse ku mubo wabo avuga ko yabuze umugabo mwiza ‎

Kendall Jenner wamamaye mu myidagaduro yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , akaba yarakanyujijeho na A$AP Rocky umaze kubyarana Gatatu na Rihanna , yatangaje ko kuba batarabanye byaturutse ku kuba Rocky atarifuzaga ko baganira ku byerekeye ahazaza hano.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 2 yashize
‎Tanasha Donna yagize icyo atangaza nyuma y'aho Zuchu na Diamond Platnumz bibarutse umukobwa
Imyidagaduro

‎Tanasha Donna yagize icyo atangaza nyuma y'aho Zuchu na Diamond Platnumz bibarutse umukobwa

Umuziki wa Afurika y'Iburasirazuba wari umaze igihe uvugwa kubera umwana w'umukobwa Zuchu na Diamond Platnumz baherutse kwibaruka dore ko ari na bamwe basanzwe bazi kurema inkuru zitwikira ibikorwa byabo muri muzika. Inkuru y'umwana banjirijwe n'amagambo yo kwihakana umugabo byanyirarureshwa kuri Zuchu warimo kuribwa n'inda.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 2 yashize
‎Basabye abantu kugabanya amatiku ! Itsinda The Same ryahuje imbaraga na Keyg Lemonde bakorana indirimbo bise 'Weekend'
Imyidagaduro

‎Basabye abantu kugabanya amatiku ! Itsinda The Same ryahuje imbaraga na Keyg Lemonde bakorana indirimbo bise 'Weekend'

Itsinda rya The Same na  Keyg Lemonade uri mu bari kuzamuka neza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo  bashyize hanze amashusho y'indirimbo nshya bise 'Weekend'. Ni indirimbo irimo ubutumwa busaba abantu kugabanya amatiku bakihugiraho ariko banaruhuka.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 3 yashize